Kwibuka 30
Uruhare rw’abagore ku rugamba rwo kubohora igihugu no guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi
Mu mateka y’u Rwanda, urugamba rwo kubohora igihugu rwatangiye ku wa 1 Ukwakira 1990 rukaba rwarageze ku ntsinzi mu 1994, ubwo Ingabo za RPA-Inkotanyi zahagarikaga Jenoside yakorewe Abatutsi. Muri urwo rugamba, abagore bagize uruhare ntagereranywa, haba ku rugamba rwa gisirikare, mu bikorwa by’ubutabazi, mu gutanga ubufasha, ndetse no mu guharanira amahoro n’ubumwe bw’Abanyarwanda. Bamwe mu […]
Ambasaderi Vincent Karega yashinje Ababiligi kurema amoko mu Rwanda kugira ngo bakomeze ubukoloni
Ambasaderi w’u Rwanda wihariye mu Karere k’Ibiyaga Bigari, Vincent Karega, yatangaje ko amoko yagiye agaragara mu Rwanda atari ashingiye ku kamaro k’umuco cyangwa inkomoko, ahubwo yaremwe n’Ababiligi bari bagamije gukomeza ingoma y’ubukoloni no gutegeka u Rwanda binyuze mu gutanya abaturage. Amb. Karega yavuze ko ingengabitekerezo y’amoko yacengejwe mu Banyarwanda n’abakoloni b’Ababiligi, nyuma yo gusanga itandukaniro […]
Amarushanwa yo kwibuka abazize Jenoside yashyizwe muri kamena uyu mwaka.
Ishyirahamwe ry’Umukino w’amaboko, Volleyball mu Rwanda (FRVB) ryatangaje ko irushanwa ryo kwibuka ku nshuro ya 30 abazize Jenoside yakorewe Abatutsi muw’ 1994, riteganyijwe kuva tariki 1-2 Kamena muri uyu mwaka. FRVB ni rimwe mu mashyirahamwe ya siporo mu Rwanda yashegeshwe bikomeye na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu Rwanda. Mu bakinnyi, abatoza, abafana n’abayobozi hose […]
Imikino
Umukino wa Rayon Sports na APR FC wakuweho/ Menya impamvu
Umukino wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, ikipe ya Rayon Sports yagombaga kuzakira APR FC, wakuweho kubera ko wahuriranye n’umukino wa Pyramids FC muri CAF Champions League. Ni umukino w’umunsi wa 3 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda umwaka w’imikino wa 2024-25 wagombaga kuzaba tariki ya 14 Nzeri uyu mwaka wa 2024. Nyuma […]
Politiki
Uruhare rw’abagore ku rugamba rwo kubohora igihugu no guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi
Mu mateka y’u Rwanda, urugamba rwo kubohora igihugu rwatangiye ku wa 1 Ukwakira 1990 rukaba rwarageze ku ntsinzi mu 1994, ubwo Ingabo za RPA-Inkotanyi zahagarikaga Jenoside yakorewe Abatutsi. Muri urwo rugamba, abagore bagize uruhare ntagereranywa, haba ku rugamba rwa gisirikare, mu bikorwa by’ubutabazi, mu gutanga ubufasha, ndetse no mu guharanira amahoro n’ubumwe bw’Abanyarwanda. Bamwe mu […]
Ambasaderi Vincent Karega yashinje Ababiligi kurema amoko mu Rwanda kugira ngo bakomeze ubukoloni
Ambasaderi w’u Rwanda wihariye mu Karere k’Ibiyaga Bigari, Vincent Karega, yatangaje ko amoko yagiye agaragara mu Rwanda atari ashingiye ku kamaro k’umuco cyangwa inkomoko, ahubwo yaremwe n’Ababiligi bari bagamije gukomeza ingoma y’ubukoloni no gutegeka u Rwanda binyuze mu gutanya abaturage. Amb. Karega yavuze ko ingengabitekerezo y’amoko yacengejwe mu Banyarwanda n’abakoloni b’Ababiligi, nyuma yo gusanga itandukaniro […]
Kwamamaza
Utuntu n'utundi
Gicumbi : Umusore yanizwe n’inyama kugeza ashizemo umwuka.
Mu karere ka Gicumbi haravugwa inkuru y’umusore wo mu kigero cy’imyaka 22 wapfuye azize inyama yariye ikaza kumuniga ikamuhagama kugeza imwambuye ubuzima. Ibi byabereye mu Karere ka Gicumbi, umurenge wa Byumba , Akagali ka Gacurabwenge umudugudu wa Rwasama, Aho uyu musore w’imyaka 22 bivugwa ko yamize inyama ikamuniga ndetse kugeza apfuye, Uyu musore witwa Dushimimana […]
Umubyeyi yahisemo kuraga umutungo we ungana na miliyari 2 frw amapusi ye 2, nyuma yo gutereranwa n’abana be.
Ms. Liu w’imyaka 68 ubarizwa mu mujyi wa Shanghai, yibarutse abana batanu, kuri ubu akaba azahajwe n’indwara ya kanseri kugeza ubwo yatangiye kuraga imitungo ye ndetse uko yabikoze bitangaza benshi. Abaganga bamaze ku mubwira ko asigaje igihe gito cyo kubaho kitarangeje amezi 6, Ibi byatumye ahita afata ikemezo cyo kuraga imitungo ye hakiri kare, Televiziyo […]
Bugesera : Yasubije moto yari yibye nyuma yo gutererezwa Inzuki.
Mu Karere ka Bugesera mu mujyi wa Nyamata haravugwa inkuru itangaje y’umusore wibye Moto umuvandimwe we akaza guhabwa isomo ryatumye yihutira gusubiza iyo moto uwo yayibye ndetse akarahira kutazongera ukundi. Umusore utuye mu Murenge wa Nyamata yasubije mukuru we moto yari yamwibye nyuma yo gutererezwa inzuki, Ahagana saa munani z’amanywa kuri uyu wa Kabiri nibwo […]
Umurava TV
-
注册以获取100 USDT commented on Gaza: Abaganga bati “Nta bundi bushobozi dufite mu gihe tutanafite uburyo bwo kubona ibikoresho uretse kureka abarwayi bagapfa.”: Your point of view caught my eye and was very inte
-
Жеке акаунтты жасау commented on Ubugira gacye abikora, Yagaragaye yambaye gikobwa byuzuye, Udushya turi mu ndirimbo nshya ya Ariel Wayz.: I don't think the title of your article matches th
-
ein binance Konto erstellen commented on Perezida wa Senegal avuga ko amatora azaba vuba bishoboka, nyuma yuko urukiko rwatesheje agaciro icyemezo cye.: Thank you for your sharing. I am worried that I la
-
найкращий реферальний код на бнанс commented on Ingabo za Nijeriya zirahakana raporo y’umugambi wo guhirika ubutegetsi: Thanks for sharing. I read many of your blog posts
-
Create Personal Account commented on Visi perezida wa Zimbabwe avuga ko guverinoma izahagarika buruse ku baryamana bahuje ibitsina: Can you be more specific about the content of your