Nyaruguru : Yajugunye uruhinja yari amaze kubyara mu musarane w’akabari, Imana irahagoboka.

Mu Karere ka Nyaruguru haravugwa inkuru y’umukobwa bivugwa ko yabyaye umwana akamujugunya mu musarane w’akabari nyamara ya Mana irindira hose ikaza gutabara uwo muziranenge. Umukobwa w’imyaka 29, wirinzweg utangazwa amazina, utuye mu mudugudu wa Kibayi, akagari ka Mpanda, umurenge wa Kibeho, akarere ka Nyaruguru, birakekwa ko yabyaye umwana w’umuhungu akamujugunya mu musarane w’akabari yacururizagamo. Abantu […]

Continue Reading

Bugesera : Yasubije moto yari yibye nyuma yo gutererezwa Inzuki.

Mu Karere ka Bugesera mu mujyi wa Nyamata haravugwa inkuru itangaje y’umusore wibye Moto umuvandimwe we akaza guhabwa isomo ryatumye yihutira gusubiza iyo moto uwo yayibye ndetse akarahira kutazongera ukundi. Umusore utuye mu Murenge wa Nyamata yasubije mukuru we moto yari yamwibye nyuma yo gutererezwa inzuki, Ahagana saa munani z’amanywa kuri uyu wa Kabiri nibwo […]

Continue Reading

Nijeriya: Ababyeyi b’abana bashimuswe bategereje bahangayikishijwe n’amakuru

Ababyeyi b’abana bashimuswe muri Nijeriya bategereje bahangayikishijwe no kumva amakuru yose ajyanye no gukira kw’abana ku wa gatandatu. Abana bagera kuri 300 bashimuswe ku ishuri ryabo bitwaje abamotari bitwaje moto mu gihe cyo gushimuta abantu benshi, abasesenguzi n’abarwanashyaka bakaba barashinjaga kunanirwa n’iperereza ndetse n’umutekano utinze. Ishimutwa ry’abana 287 muri leta ya Kaduna, hafi y’umurwa mukuru […]

Continue Reading

Rusizi : Igiti kimwe cyabaye imbarutso yo kwivugana umugore we amukubise ishoka mu mutwe..

Mu karere ka Rusizi, Umurenge wa Bweyeye, Akagari ka Kiyabo haravugwa inkuru y’akababaro y’umugabo wishe umugore we bapfuye igiti kimwe umugore yari agiye gutema mu ishyamba ryabo. Amakuru Umurava.com wamenye ni uko ngo ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki ya 8 Gashyantare 2024 ahagana mu ma saha ya saa 6 :20 […]

Continue Reading

Guhagarika imirwano: Minisitiri w’intebe wa Isiraheli Benjamin Netanyahu yanze ubusabe bwa Hamas.

Minisitiri w’intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu, yanze amasezerano y’ubusabe bwa Hamas yo guhagarika imirwano ku mpande zombi hagasinywa ay’amahoro ndetse n’imikoranire.   Ibi Netanyahu abitangaje nyuma yuko Ubuyobozi bwa Hamas bwari bwandikiye Leta ya Isilaheri buyisaba ibyifuzo birenze kimwe harimo nicyo guhagarika ubushyamirane hagati y’impande zombie. Netanyaho we yanze aya masezerano avuga ko intsinzi yose […]

Continue Reading

Khan Younis: Imirwano yubuwe mu isura nshya, yaguyemo abagera kuri 12 muri Gaza.

Ikigo cy’umuryango w’abibumbye gishinzwe impunzi muri Palesitine kivuga ko byibuze abantu 12 aribo bishwe, Abandi 75 mu gitero cyagabwe i Khan Younis mu majyepfo ya Gaza. UNRWA yavuze ko ibisasu bibiri byibasiye iki kigo cyayo cya “Khan Younis Training” mu gihe cy’imirwano yaberaga mu nkengero z’umujyi, Komiseri wacyo yamaganye ibi bikorwa by’ubwigomeke ashimangira ko ari […]

Continue Reading

Abuja: Ba rushimusi bishe 3 muri 10 bashimuswe, baburira bene wabo ko niba incungu ya Milliyoni 700 itabonetse bica n’abasigaye bose

Muri Nigeria abagizi ba nabi bashimuse abaturage bagera kuri 10 barimo n’abana bato bakaka amafaranga bamaze kwicamo abagera kuri 3 muri 10 bashimuswe banazamura umubare w’amafaranga y’inshungu bari batse. Ikinyamakuru Vanguardngr cyatangaje ko abashimusi bashimuse abantu bagera kuri 10 mu isambu yitwa Sagwari Layout, Dutse iherereye mu mujyi wa Abuja, kuwa 7 Mutarama bikanavugwa ko […]

Continue Reading

Yemen : Aba Houthis bahize kwihorera no gutanga ibihano bihambaye kuri Amerika n’Ubwongereza bagabye ibitero ku birindiro byabo.

Aba Houthis bahize ko hagomba kubaho ibihano bihambaye cyangwa kwihorera kuri Amerika n’Ubwongereza bagabye ibitero ku birindiro byabo muri Yemeni bakoresheje ikirere n’inyanja. Amakuru yanditswe n’ibinyamakuru byinshi bya hariya mu bwongereza na Amerika byatangaje ko Amerika n’ubwongereza ijoro ryose byagabye ibitero bya gisirikare mu kirere n’inyanja bikibasira ibirindiro 16 bya Houthi, birimo ibigo bishinzwe kuyobora […]

Continue Reading

Ecuador : Agatsiko k’amabandi kinjiye muri Sitidiyo za Televisiyo gatoteza abanyamakuru bose.

Byari ibikomeye cyane, Abanyamakuru bagize ubwoba bukomeye bahatirwa gupfukama muri sitidiyo ya televiziyo n’abitwaje imbunda n’izindi ntwaro zikomeye, kamera zazengurutse zerekana buri kimwe gusa ntacyo byatanze kuko n’abapolisi ubwabo baharaniye gukiza amagara yabo. Muri Ecuador humvikanye inkuru itangaje y’agatsiko k’amabandi kahagaritse umutekano mu gihe cy’umunsi wose, Kuri uyu wa gatatu nibwo aka gatsiko k’amabandi yitwaje […]

Continue Reading