Polisi y’u Rwanda yibarutse ikigo gishya cy’Ikoranabuhanga gikoresha ibizamini byo gutwara ibinyabiziga.

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe Ibizamini n’Impushya zo gutwara ibinyabiziga, mu minsi iri imbere irafungura Ikigo gishinzwe gukoresha ibizamini byo gitwara ibinyabiziga, hifashishijwe Ikoranabuhanga. Ku wa Gatatu tariki 13 Werurwe 2024, Polisi yerekanye inyubako n’ibibuga bikorerwaho ibizamini by’impushya z’agateganyo n’iza burundu, ndetse n’ikoranabuhanga rizifashishwa. Ntabwo haramenyekana igihe iki kigo kizatangira gukoresha ibizamini ndetse n’igiciro ababikora […]

Continue Reading

Indege y’ingendo muri Misiri yahagaritse urugendo, Nyuma yo kugongana n’ibisiga by’i Kigali.

Sosiyete yo mu Misiri ikora ubwikorezi bwo mu kirere, EgyptAir, yatangaje ko yahagaritse urugendo rw’indege yayo rwavaga i Kigali rugana i Cairo, nyuma y’uko igonganye n’ibisiga. Amakuru dukesha IGIHE avuga ko uru rugendo rwari rwahawe izina rya MS835 rwahagaritswe ku wa Gatanu tariki 1 Werurwe mu 2024. Ni nyuma y’uko iyi ndege yo mu bwoko […]

Continue Reading

MINALOC yagaragaje uburyo bushya bwo gufasha uwataye indangamuntu kongera kuyibona.

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, iravuga ko ubu hashyizweho uburyo bwihariye bwo gufasha abaturage bataye ikarita ndagamuntu, aho kuri ubu bazajya bashakishwa aho bari hose bakazisubizwa cyangwa zigasubizwa mu kigo cy’indangamuntu kikabashakisha bakazisubizwa. Ibi ngo biri muri gahunda yo gufasha abaturage kutazacikanwa n’amahirwe yo gutora, Hari abaturage bavuga ko bagiye bitabira gahunda zo kwifotoza ku bashya no gukosoza […]

Continue Reading

U Rwanda rwatangije ikigo cyigisha indege

Ku wa 14 Gashyantare, u Rwanda rwatangije ikigo cy’indashyikirwa mu bijyanye n’indege (CEAS) kigamije kongerera ubushobozi abaturage no guha imbaraga abakozi mu nganda z’indege mu karere ndetse no hanze yacyo. Uyu mushinga w’imyaka itanu uzashyirwa mu bikorwa ku bufatanye na Banki Nyafurika itsura amajyambere ku ishoramari rifite agaciro ka miliyoni 26.6 z’amadolari (hafi miliyari 34.1 […]

Continue Reading

Biden yayobotse inzira ya TikTok mu kwiyamamaza kwe, nubwo Amerika itizeye umutekano waho.

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Joe Biden yifashishije urubuga nkoranyambaga rwa TikTok mu bikorwa byo kwiyamamariza indi manda yo kuyobora Leta zunze ubumwe za Amerika. Amakuru avuga ko kuri uyu wa mbere, tariki ya 12 Gashyantare 2024, Perezida Joe Biden yafunguye konti nshya ku rubuga rukunzwe na benshi rwa TikTok yo kumufasha mu […]

Continue Reading

Uganda ubutumwa bwa WhatsApp bushobora kuba amasezerano y’ubwumvikane.

Urukiko Rukuru i Kampala rwemeje ko ubutumwa bw’imbuga nkoranyambaga hagati y’ababuranyi bushobora kuba amasezerano ateganijwe mu ngingo ya 3 y’itegeko ry’amasezerano 2010. Mu cyemezo kidasanzwe, umucamanza w’ishami ry’ubucuruzi, Patricia Kahigi Asiimwe, yavuze ko ubutumwa bw’imibereho ari ubutumwa bwatanzwe, bwoherejwe, bwakiriwe cyangwa bubitswe hakoreshejwe uburyo bwa mudasobwa kandi bukubiyemo amajwi akoreshwa mu bucuruzi bwikora, inyandiko zabitswe, […]

Continue Reading

Indirimbo za Bob Marley, Drake,Tylor Swifot, Shaggy, Sean Paul ntizizongera kuboneka kuri TikTok.

Umuziki wa Bob Marley ugiye gukurwa muri TikTok ni mu gihe Universal Music yiteguye kuvana indirimbo zayo ku rubuga rwa ByteDance nyuma yo guhagarika amasezerano yo kujya bishyura igihe hakoreshejwe indirimbo zabo. Kuvana indirimbo za Universal Music kuri uru rubuga bizagira ingaruka ku bafana kubera ko hari indirimbo z’abahanzi bakunda nazo zitazongera kuboneka kuri uru […]

Continue Reading

Urubuga Twitch rwagabanyije imirimo irenga 500 mu rwego rwo kugerageza kwagura inyungu.

Twitch, ni urubuga rwa videwo rwerekana amashusho rwaguzwe na Amazon mu myaka icumi ishize rugera kuri miliyari imwe y’amadolari, rwirukanye abakozi barenga 500 mu gihe iyi sosiyete igerageza gushyiraho igice gihenze cyane cyunguka. Umuyobozi mukuru wa Twitch, Dan Clancy mu butumwa yandikiye abakozi yavuze ko nubwo igabanuka ry’ibiciro ndetse no kurushaho gukora neza, urubuga “ruracyari […]

Continue Reading

Ni ikihe kibazo DR Congo ifite? Kuki iki gihugu kirirwa mu makimbirane?

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yahuye yahuye n’ibibazo byinshi mu mwaka dusoje wa 2023, ndetse na nyuma yuyu mwaka niko bikomeje kumera nyuma y’amatora y’umukuru w’igihugu aho bamwe batemera ibyayavuyemo. Imirwano irimo imitwe yitwara gisirikare ku butaka n’umutungo kamere, ubwicanyi ndengakamere bw’inzego zishinzwe umutekano, ihohoterwa rya politiki, n’ubwimvikane bucye n’igihugu cy’ u Rwanda bituranye (ahanini […]

Continue Reading

U Rwanda rwasinye amasezerano arwinjiza mu muryango wa (ASECNA).

U Rwanda rwashyize umukono ku masezerano arwinjiza mu Muryango Uharanira Umutekano w’Ingendo zo mu Kirere muri Afurika na Madagascar (ASECNA). Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane taliki ya 28 Ukuboza 2023,  nibwo Guverinoma y’u Rwanda yashyize umukono ku masezerano arwinjiza mu Muryango wa (ASECNA) no kwakira icyicaro gikuru cyawo mu Rwanda. Aya masezerano yatumye […]

Continue Reading