Kenny Sol yatangaje uwamuhuje n’umugore we bitegura kwibaruka umwana.
Rusanganwa Norbert, wamamaye nka Kenny Sol muri muzika, yatangaje ko mushiki we ari we wamuhuje n’umugore we, avuga ko yitegura kubyarana nawe. Uyu mugabo umaze kwigaririra imitima ya benshi abikesha impano ye yo kuririmba, yamenyekanye mundirimbo nka; Joli, Ikinyafu yakoranye Bruce Melodie, Telimometa yakoranye na Philpeter, n’izindi zigiye zitandukanye. Mu kiganiro yagiranye na Radio Rwanda, […]
Continue Reading