Kenny Sol yatangaje uwamuhuje n’umugore we bitegura kwibaruka umwana.

Rusanganwa Norbert, wamamaye nka Kenny Sol muri muzika, yatangaje ko mushiki we ari we wamuhuje n’umugore we, avuga ko yitegura kubyarana nawe. Uyu mugabo umaze kwigaririra imitima ya benshi abikesha impano ye yo kuririmba, yamenyekanye mundirimbo nka; Joli, Ikinyafu yakoranye Bruce Melodie, Telimometa yakoranye na Philpeter, n’izindi zigiye zitandukanye. Mu kiganiro yagiranye na Radio Rwanda, […]

Continue Reading

NEC yasabye Abanyarwanda kubahiriza amategeko agenga amatora.

Mu gihe abanyarwanda barimo kwitegura amatora y’umukuru w’igihugu n’ay’Abadepite, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC), irasaba ko amategeko n’amabwiriza bigenga amatora byarushaho kubahirizwa. NEC yavuze ko bagomba kwitwararika ibitemewe nko kwamamaza abakandida kuko igihe cyabyo kitaragera. Ibi NEC yabisabye mu gihe guhera tariki 15 Mata 2024, abifuza kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika no mu Badepite, […]

Continue Reading

Amarushanwa yo kwibuka abazize Jenoside yashyizwe muri kamena uyu mwaka.

Ishyirahamwe ry’Umukino w’amaboko, Volleyball mu Rwanda (FRVB) ryatangaje ko irushanwa ryo kwibuka ku nshuro ya 30 abazize Jenoside yakorewe Abatutsi muw’ 1994, riteganyijwe kuva tariki 1-2 Kamena muri uyu mwaka. FRVB ni rimwe mu mashyirahamwe ya siporo mu Rwanda yashegeshwe bikomeye na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu Rwanda. Mu bakinnyi, abatoza, abafana n’abayobozi hose […]

Continue Reading

Ubutumwa Kiliziya Gatolika yageneye Abanyarwanda muri iki gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 30.

Musenyeri wa Diyoseze ya Nyundo yatambukije ubutumwa kiliziya Gatulika yageneye Abanyarwanda muri iki gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bwo kubaha ikiremwa muntu no gusigasira Ubumwe bw’Abanyarwanda. Ubu butumwa bwateguwe na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro mu Nama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, butambutswa na Musenyeri Mwumvaneza Anaclet wa Diyosezi ya Nyundo. […]

Continue Reading

Rayon Sports yabimburiye andi makipe kwibuka. {Amafoto}

Mu gihe Abanyarwanda bibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ku wa kabiri tariki ya 9 Mata ikipe ya Rayon Sports FC yateguye igikorwa cyo kwibuka abahoze ari abakinnyi bayo bazize jenoside. Umuryango wa Rayon Sports watangaje ko iki gikorwa kizabera ku rwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza ruherereye mu karere ka Kicukiro, […]

Continue Reading

Ikipe ya Bayern Munich yifatanyije n’Abanyarwanda kwibuka kuncuro ya 30.

Ejo hashize ku cyumweru tariki 07 Mata 2024, mu Rwanda hatangiye ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Ikipe ya Bayern Munich nayo ikaba yarifatanyije n’Abanyarwanda kwibuka. Mu butumwa iyi kipe yanyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo zirimo X, yahoze ari Twitter bugaragaza ko yifatanyije n’u Rwanda muri ibi bihe byo […]

Continue Reading

Kwibuka30: Imihango yo kwibuka ku nshuro ya 30 yatangirijwe ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali {Amafoto}

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, itariki 7 Mata 2024, ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi hatangirijwe icyumweru cy’icyunamo n’iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Kuri iki Cyumweru tariki 07 Mata 2024, Amabendera yose ari ku butaka bw’u Rwanda yaba ay’u Rwanda ndetse n’agaragaza imiryango […]

Continue Reading

Kwibuka30: Minisitiri w’intebe wa Etiyopiya Abiy Ahmed yageze mu Rwanda mu rwego rwo kwibuka Jenoside

Ku wa gatandatu, tariki ya 6 Mata, Minisitiri w’intebe wa Etiyopiya, Abiy Ahmed yageze i Kigali, mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwanda, Kwibuka biteganijwe kuba guhera Kucyumweru tariki ya 7 Mata. Ahmed yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali mu masaha ya mu gitondo yo ku […]

Continue Reading

Nyaruguru : Yajugunye uruhinja yari amaze kubyara mu musarane w’akabari, Imana irahagoboka.

Mu Karere ka Nyaruguru haravugwa inkuru y’umukobwa bivugwa ko yabyaye umwana akamujugunya mu musarane w’akabari nyamara ya Mana irindira hose ikaza gutabara uwo muziranenge. Umukobwa w’imyaka 29, wirinzweg utangazwa amazina, utuye mu mudugudu wa Kibayi, akagari ka Mpanda, umurenge wa Kibeho, akarere ka Nyaruguru, birakekwa ko yabyaye umwana w’umuhungu akamujugunya mu musarane w’akabari yacururizagamo. Abantu […]

Continue Reading

KWIBUKA30 : Bill Clinton mu ntumwa zatoranijwe na Perezida Biden kuzamuhagararira mu kwibuka.

Mu gihe habura iminsi micye kugirango Abanyarwanda binjire mu cyumweru cyo kunamira no kwibuka inzirakarengane za Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Leta ya Amerika yatoranije abantu batanu bazayihagararira muri iyo mihango. Mu itangazo ryasohowe n”ibiro by’umukuru w’igihugu, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yatangaje itsinda ry’abantu batanu riyobowe na Bill Clinton bazamuhagararira […]

Continue Reading