“Kuba umwe no gushyira inyungu za buri munyarwanda imbere, Nibyo twahisemo” Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko mu myaka 30 ishize Jenoside yakorewe Abatutsi ihagaritswe, Abanyarwanda biyemeje kwimakaza inzira y’ubumwe n’ubudaheranwa nk’imwe mu nkingi zagize uruhare mu rugendo rwo kwiyubaka kw’igihugu. Ibi yabitangaje mu kiganiro yatanze hifashishijwe ikoranbuhanga mu nama mpuzamahanga ya Global Citizen Now, igamije kurebera hamwe ingamba zakwifashishwa mu kurwanya ubukene […]

Continue Reading

Umutekano : Hatowe Itegeko rigenga Ingabo z’u Rwanda.

Abadepite batoye amategeko arimo iryongerera ubushobozi Ingabo z’Igihugu n’irivugurura itegeko rishyiraho ihahiro ry’inzego z’igihugu zishinzwe kurinda igihugu n’umutekano. Iri tegeko ryitezweho kongerera imbaraga inzego z’Ingabo z’Igihugu zirimo urwego rw’ubuzima n’ubuvuzi. hatowe kandi itegeko rishyiraho ihahiro ry’inzego z’igihugu zishinzwe kurinda igihugu n’umutekano. Minisitiri w’Ingabo Juvenal Manizamunda yasobanuye impinduka aya mategeko yombi azagira mu mikorere n’imibereho myiza […]

Continue Reading

Gicumbi : Umusore yanizwe n’inyama kugeza ashizemo umwuka.

Mu karere ka Gicumbi haravugwa inkuru y’umusore wo mu kigero cy’imyaka 22 wapfuye azize inyama yariye ikaza kumuniga ikamuhagama kugeza imwambuye ubuzima. Ibi byabereye mu Karere ka Gicumbi, umurenge wa Byumba , Akagali ka Gacurabwenge umudugudu wa Rwasama, Aho uyu musore w’imyaka 22 bivugwa ko yamize inyama ikamuniga ndetse kugeza apfuye, Uyu musore witwa Dushimimana […]

Continue Reading

Umugore yirukanse 160km asoza yuzuye ibisebe, kugirango agaragaze ko abagore nabo bashoboye.

Umugore wabaye uwa mbere usoje rimwe mu masiganwa y’amaguru akomeye kurusha ayandi ku Isi yahishuye ko yabikoreye Abagore bagenzi be ku Isi kugirango abatinyure ko byose bishoboka kuri bose. Jasmin Paris ni umwe mu bantu 20 gusa babashije gusoza isiganwa rizwi nka “Barkley Marathons” ryabereye muri leta ya Tennessee muri Amerika, kuva mu 1989 ryaje kongererwa […]

Continue Reading

Russia-Ukraine : i Kyiv Umuriro wa Missile z’UBurusiya wongeye kwaka uhitana ibihumbi.

Umuriro uhambaye w’ibisasu bya rutura wongeye kumvikana mu murwa wa Kyiv, Abaturage bose ba Ukraine bongeye gusabwa kuryamira amajanja mu gihe Uburusiya bwatangije urukurikirane rw’ibitero byo mu kirere. Kugeza ubu Intara ya Lviv ihana imbibi na Pologne nayo biravugwa ko yagezemo ibi bitero ndetse bikagira ingaruka nyinshi cyane ko byahitanye ubuzima bwa benshi mu basiviri, […]

Continue Reading

Nyuma ya PSD, ishyaka rya PL naryo rizashyigikira Perezida Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu.

Mu gihe amezi arimo yihuta ndetse ari nako imyiteguro y’amatora y’Umukuru w’Igihugu irimbanije cyane ko habura amezi agera kuri 4 gusa kugirango abe, Ni nako amashyaka atandukanye arimo Ishyaka PSD na PL yamaze kuba yemeza ko azashyigikira Paul Kagame. Nyuma ya PSD yahisemo gutanga Perezida Paul Kagame nk’umukandida wayo mu matora, Kuri iki Cyumweru, tariki ya 24 Werurwe […]

Continue Reading

Ishyaka rya PSD ryiyemeje kuzashyigikira Perezida Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu.

Ishyaka rya PSD ryiyemeje ko mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganijwe mu mezi ari imbere rizaba rishyigikiye Perezida Paul Kagame umukandida w’Ishyaka rya RPF Inkotanyi. Mu gihe amezi arimo yihuta ndetse ari nako imyiteguro y’amatora y’Umukuru w’Igihugu irimbanije cyane ko abura amezi agera kuri 4 gusa kugirango abe, Ni nako Kongere y’Igihugu y’Ishyaka PSD yemeje ko […]

Continue Reading

“Inkuru ya 30” Perezida Kagame yashimiwe kuyobora neza urugamba rwo kubohora igihugu.

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye igitaramo cy’Itorero Inyamibwa AERG, cyashushanyirijwemo urugendo rw’imyaka 30 bamwe mu Banyarwanda bamaze barahejejwe ishyanga ndetse n’imyaka 30 ishize u Rwanda rubohowe. Iki gitaramo cyiswe Inkuru ya 30 cyabereye muri BK Arena, mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, tariki 23 Werurwe 2024, aho kitabiriwe n’imbaga y’abiganjemo urubyiruko. Perezida Kagame […]

Continue Reading

Indwara y’Igituntu igiye kurandurwa burundu mu Rwanda.

Leta y’u Rwanda ku bufatanye na RBC bihaye intego yo kurandura burundu indwara y’Igituntu izahaza benshi nibura guhera mu mwaka wa 2035 nta murwayi wacyo uzaba ubarizwa mu Rwanda. Nubwo iyi ndwara y’Igituntu yandurira mu buhumekero ndetse ikaba nta rukingo igira, ishobora kuvurwa igakira, Ikigo cy’Igihugu cyita ku Buzima, RBC, cyemeje ko mu 2035, nta […]

Continue Reading

Inkubito z’Icyeza zahawe inshingano zo kugira uruhare muri gahunda ya “Tunywe Less”

Madamu Jeannette Kagame, yasabanye anagira inama zihambaye urubyiruko rw’Inkubito z’Icyeza zo kugenderaho mu buzima bwabo bw’ahazaza kugirango bazabe ab’umumaro ndetse bigirweho byinshi. Izi nama ndetse n’impanuro Madamu wa Perezida wa Repubulika Jeannette Kagame yabitangiye mu biganiro n’umuhango wo guhemba urubyiruko rw’Abakobwa b’inkubito z’Icyeza basaga 216 mu mashuri y’icyiciro rusange ndetse n’ayisumbuye batsinze neza, kuri uyu […]

Continue Reading