Perezida Kagame Paul yashyizeho Inama y’Ubujurire ku mpunzi.

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame yashyizeho Inama y’ubujurire ku mpunzi n’abasaba sitati y’ubuhunzi mu gihugu, mu gihe batayemerewe ku nshuro ya mbere. Uru ni urwego ubuzima gatozi, ubwigenge n’ubwisanzure mu miyoborere no mu micungire y’abakozi n’umutungo. Rwatangajwe mu Iteka rya Perezida N° 051/01 ryo ku wa 19/04/2024 rigenga Inama y’Ubujurire ku mpunzi n’abasaba sitati […]

Continue Reading

Rayon Sports yegukanye shampiyona y’icyiciro cya mbere mu bagore.

Ikipe ya Rayon Sports y’abagore yegukanye igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere, ni nyuma yo gutsinda Muhazi United WFC 1-0. Ejo hashize tariki 23 werurwe 2024, hakinwaga umunsi wa 21 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu bagore, wari umunsi ubanziziriza uwa nyuma w’iyi shampiyona. Uyu mukino wagiye kuba Rayon Sports iyoboye urutonde n’amanota 55, AS […]

Continue Reading

Perezida wa Rayon Sports Jean Fidele yavuze ko ihurizo bafite bagomba gushaka uko rikemurwa vuba.

Perezida wa Rayon Sports Uwayezu Jean Fidele, yemeje ko iyi kipe ifite ihurizo ry’uburyo izongerera amasezerano umubare munini w’abakinnyi barimo gusoza ndetse n’uko izagura abandi kuko ari benshi cyane. Ikipe ya Rayon Sports iri mu makipe afite abakinnyi benshi bari ku mpera z’amasezerano yabo, ikaba isabwa amafaranga atari make yo kugura abakinnyi no kuba yakongerera […]

Continue Reading

Guverinoma y’u Rwanda yakiriye abimukira n’abasaba ubuhungiro basaga 90.

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yakiriye icyiciro cya 17 cy’abimukira n’abasaba ubuhungiro bagera kuri 91, bari bamaze iminsi mu nkambi baba barashyizwemo nyuma yo gufatirwa muri Libya, bashaka kujya kumugabane w’i Burayi. Mw’ijoro ryakeye tariki 21 werurwe 2024, Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi MINEMA, yatangaje ko abo bimukira bageze i Kigali ku mugoroba wo kuri uyu wa […]

Continue Reading

Shiboub wa APR FC n’umutoza Thierry Froger bahize abandi mu bihembo by’Ukwezi.

Umukinnyi w’ ikipe ya APR FC, Sharaf Eldin Shiboub Ali Abdelrahman yatowe nk’umukinnyi w’ukwezi kwa Gashyantare n’umutoza we, Thierry Froger yabaye umutoza w’ukwezi. Mu ijoro ryakeye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 20 Werurwe 2024, ni bwo Rwanda Premier League ndetse na sosiyete y’imikino y’amahirwe ya Gorilla Games bahembye abakinnyi bitwaye neza muri shampiyona y’icyiciro […]

Continue Reading

Umutoza w’Amavubi Frank Spittler yavuze ko adakeneye Kwizera Olivier.

Umutoza mukuru w’ikipe y’Igihugu Amavubi, Frank Spittler yavuze ko nta mpamvu n’imwe yatuma ahamagara umunyezamu Kwizera Olivier kuko ntacyo arusha abo afite ubungubu. Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’itangamakuru agaruka ku Ikipe y’Igihugu yahamagaye yitegura imikino 2 ya gicuti, harimo uwa Madagascar uzaba tariki ya 18 Werurwe na Botswana tariki ya 25 Werurwe 2023, imikino […]

Continue Reading

Bruce Melodie yasubije mugenzi we The Ben uherutse kumusaba imbabazi.

Bruce Melodie, yasubije The Ben uherutse kumusaba imbabazi ku bw’indirimbo bashatse gukorana bikarangira itabayeho, amwibutsa ko akwiye gushyira imbaraga mu kazi bityo ntabe yaterwa ishema no kuvuga ko yahaye umwanya imikino mbere y’akazi. Ni ubutumwa uyu muhanzi yatambukije abinyujije ku mbuga nkoranyambaga za 1:55 Media, sosiyete imufasha mu bijyanye n’umuziki akora. Bruce Melodie yagize ati […]

Continue Reading

Kapiteni Niyonzima Olivier Sief yahagaritswe muri Kiyovu Sports.

Kapiteni Niyonzima Olivier Seif, yahagaritswe n’ubuyobozi bwa Kiyovu Sports kugeza shampiyona irangiye kubera imyitwarire itari myiza akomeje kugaragaza. Mu ibaruwa iyi kipe yandikiye Niyonzima Seif tariki ya 9 Werurwe 2024, yamumenyesheje ko kubera imyitwairire idahwitse ahagaritswe imikino 6. Yagize ati “Dushingiye ku masezerano wagiranye na Kiyovu Sports tariki ya 1 Kanama 2023, mu nshingano zikubiye […]

Continue Reading

Hollywood John Cena yatanze igihembo cya Oscar yambaye ubusa.

Mu gikorwa cyo gutanga ibihembo bya filimi zarushije izindi bizwi nka Oscars mu ijoro ryacyeye mu gace ka Hollywood i Los Angeles/California muri Amerika, John Cena usanzwe akina umukino wrestling akaba n’umukinnyi wa cinema, yahamagawe ngo atange igihembo aza yambaye ubusa. Ni mu birori byabaye mw’ijoro ryakeye tariki 10 werurwe 2024, uyu mugabo yaje yambaye […]

Continue Reading

Ikipe y’igihugu Amavubi yatangiye Umwiherero utegura Imikino ya gicuti.

Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru Amavubi, yatangiye Umwiherero yitegura imikino ibiri ya gicuti u Rwanda rufitanye na Madagascar ndetse na Botswana muri uku kwezi kwa Gatatu 2024. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 11 Werurwe 2024, ni bwo abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu Amavubi biganjemo abakina imbere mu gihugu batangiye Umwiherero bitegura iyo mikino ibiri ya […]

Continue Reading