Mu ibanga rikomeye, Amerika yahaye Ukraine ibisasu birasa kure.

Mu ntambara Ukraine ihanganye mo n’uburusiya yatangiye kurasa ibisasu karundura birasa mu ntera ya kure. Birakekwa ko ibi bisasu byaturutse muri Leta zunze ubumwe za Amerika ariko bikaza mu ibanga rikomeye. Ibi bisasu Ukraine yabirashe bwa mbere muri icyi cyumweru mu gace ka Crimea kigaruriwe n’uburusiya. Hari intwaro zifite agaciro ka Miliyoni 300 z’amadorali ya […]

Continue Reading

Muri Kenya Abantu 38 nibo bamaze kumenyekanye ko bahitanywe n’imyuzure.

Kugeza ubu abaturage b’aho muri Kenya, cyane cyane mu Mujyi wa Nairobi barimo guhura n’ingaruka zituruka kuri iyo myuzure warengeye zimwe inzu zabo, ugasenya n’ibindi bikorwa remezo bitandukanye. Umuyobozi wa Polisi muri uwo Mujyi wa Nairobi, Fred Abuga, yabwiye ibiro ntaramakuru by’Abafaransa (AFP) ko ku wa gatatu tariki 24 Mata 2024, imirambo yashoboye kuboneka ari […]

Continue Reading

Ikipe ya Bayern Munich yifatanyije n’Abanyarwanda kwibuka kuncuro ya 30.

Ejo hashize ku cyumweru tariki 07 Mata 2024, mu Rwanda hatangiye ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Ikipe ya Bayern Munich nayo ikaba yarifatanyije n’Abanyarwanda kwibuka. Mu butumwa iyi kipe yanyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo zirimo X, yahoze ari Twitter bugaragaza ko yifatanyije n’u Rwanda muri ibi bihe byo […]

Continue Reading

Ibyo wamenya ku mubyeyi (Umwana) wabyaye afite imyaka 5 gusa

Lina Medina, umukobwa ukiri muto ukomoka muri Peru yari akiri umwana ubwe igihe yibarukaga umwana w’umuhungu mu 1939, urubanza rukomeye rukaba rukomeje kuba amayobera atarakemuka kugeza na n’ubu. Impungenge zatangiye kwiyongera igihe Lina, wabaga mu mudugudu wa kure wa Andes, yatangiraga gukura bidasanzwe ndetse no kugira inda nini icyo gihe ababyeyi be babanje gutinya ko […]

Continue Reading

Nyuma y’igihe kinini adakora indirimbo, Jose Chameleone yashyize hanze indirimbo yo guhimbaza Imana.

Joseph Mayanja wamamaye cyane nka Jose Chameleone yongeye gukora mu nganzo ashyira hanze indirimbo ihimbaza Imana nyuma y’igihe kinini atacyumvikana mu muziki nk’uko byahoze. Uyu muhanzi rurangiranwa Jose Chameleone wari umaze hafi umwaka adashyira hanze indirimbo ari wenyine kuri ubu yasohoye indirimbo nshya yo guhimbaza Imana yise “Nzigulira” bisobanura Nkingurira. Tubabwire ko Chameleone ari umwe […]

Continue Reading

Impyiko y’ingurube yatanze icyizere cyo gusimbuzwa iy’abantu igakora.

Umuntu wa mbere washyizwemo impyiko y’ingurube yavuye mu bitaro arataha, Nyuma y’iki gikorwa cya mbere gikozwe cyo kwitabaza ingingo y’inyamanswa mu kugerageza. Uyu mugabo w’imyaka 63 witwa Richard Slayman yasezerewe ku munsi wejo ku wa gatatu tariki ya 3 Mata 2024, Nyuma yuko yari amaze iminsi ahabwa ubuvuzi mu bitaro bya Massachusetts General Hospital (MGH) biherereye […]

Continue Reading

Senegal: Perezida Diomaye Faye yashyizeho Ousmane Sonko nka minisitiri w’intebe

Ku wa kabiri, Nibwo muri Senegal bemeje perezida mushya akaba kandi uyu muperezida ariwe muto cyane mu myaka ku isi yose muri iki gihe, kuko Bassirou Diomaye Faye ubu afite imyaka 44 y’amavuko ndetse akaba yari asanzwe atazwi cyane akaba yaraje kumenyekana mu buryo butangaje kuva muri gereza yerekeza mu ngoro mu byumweru bicye afunguwe. […]

Continue Reading

Uganda : Abayobozi ba leta bose bategetswe gukora imyitozo ngororamubiri.

Leta ya Uganda yategetse abakozi ba leta bose kujya bafata amasaha abiri buri cyumweru bagakora imyitozo ngororangingo kugira ngo bakomeze kugira amagara meza atuma batanga umusanzu. Aya mabwiriza yanyujijwe mu ibaruwa igenewe ibigo byose bya leta yanditswe na Lucy Nakyobe, umukuru w’abakozi ba leta, wavuze ko iyo myitozo izafasha mu kurokora ubuzima bw’abakozi ndetse ikagabanya […]

Continue Reading

Ese Diomaye Faye wabaye perezida wa Senegal ni muntu ki?

Bassirou Diomaye Faye yavutse ku ya 25 Werurwe 1980 ni umunyapolitiki wo muri Senegal kandi wahoze ari umugenzuzi w’imisoro akaba ubu yaramaze kuba Perezida watowe ku majwi menshi muri Senegali uyu mwaka wa 2024. Yahoze ari umunyamabanga mukuru w’ishyaka rya PASTEF nyuma yo gushingwa ubu rikaba ritakibaho kuko ryasheshwe yasheshwe. Muri 2000, Faye yabonye impamyabumenyi […]

Continue Reading

Umugore yirukanse 160km asoza yuzuye ibisebe, kugirango agaragaze ko abagore nabo bashoboye.

Umugore wabaye uwa mbere usoje rimwe mu masiganwa y’amaguru akomeye kurusha ayandi ku Isi yahishuye ko yabikoreye Abagore bagenzi be ku Isi kugirango abatinyure ko byose bishoboka kuri bose. Jasmin Paris ni umwe mu bantu 20 gusa babashije gusoza isiganwa rizwi nka “Barkley Marathons” ryabereye muri leta ya Tennessee muri Amerika, kuva mu 1989 ryaje kongererwa […]

Continue Reading