Chris Eazy yatezwe agatego aragasimbuka kubye na Pascaline.

Umuhanzi uri mu bagezweho cyane Chriss Eazy yashize amanga yemera ibijyanye n’urukundo rwe na Umuhoza Pascaline yari amaze iminsi yihakana ndetse anemeza ko hari impano yamugeneye nziza. Ibi Chris Eazy yabivugiye mu kiganiro yagiranye na MULINDAHABI Irene ku muyoboro we wa MIE kuri Youtube, Avuga ko yamugeneye impano ku munsi we w’amavuko wabaye kuri uyu […]

Continue Reading

Ni ngombwa ko buri mukobwa abikora? Ibyo ukwiriye kumenya ku guca imyeyo.

Guca imyeyo cyangwa se gukuna ni umwe mu migenzo imaze imyaka myinshi ikorwa mu Rwanda ndetse no bindi bice bya Afurika cyane cyane iy’Iburasirazuba n’iy’Amajyepfo, ariko se ni ngombwa ko buri mukobwa akora iki gikorwa, ese ubundi kimaze iki ? Muri ibi bice bya Afurika twavuze, guca imyeyo bifatwa nk’inzira buri mukobwa nibura uri hagati […]

Continue Reading

Ibyihariye n’ibyo ugomba kuzingatira ku munsi wa “St Valantin”.

Tariki 14 Gashyantare ku Isi yose iba ari umunsi udasanzwe mu bakundana, usanga benshi bashaka ahantu basohokana abakunzi kugira ngo bagirane ibihe bitazibagirana mu rugendo rw’urukundo rwabo. Abakoresha imbuga nkoranyambaga biganjemo urubyiruko barabizi ko mu minsi ibanziriza ‘Saint Valentin’, haba hari abasangiza abandi ubutumwa butebya bubibutsa ko umunsi w’abakundana ugiye kugera, ariko hari abazaba bigunze […]

Continue Reading

Dore imyitwarire y’umuhungu igaragaza ko ashaka imbabazi ku mukunzi we yababaje.

Birashoboka ko abakundana,umusore n’umukobwa bashobora kugirana ikibazo runaka,umuhungu akaba yahemukira umukobwa, akamubabaza ndetse kumubabarira bikaba byamugora,ariko hari imyitwarire cyangwa uburyo bwo kugusaba imbabazi yakugaragariza ugahita umubabarira nkuko impuguke mu by’imibanire y’abakundana Sephan Lbossiere abivuga mu gitabo yise’’ He whofinds a woman’’ Muri iki gitabo Stephan agira inama abakobwa usanga batagira umutima wo kubabarira abakuzi babo […]

Continue Reading

Umukinnyi wa filime Nyarwanda Killaman yasezeranye imbere y’amategeko n’Umuhoza Shemsa.

Niyonshuti Yannick wamamaye nka Killaman muri sinema, yasezeranye imbere y’amategeko mu murenge wa Nyarugenge, n’ Umuhoza Shemsa bari bamaranye imyaka umunani babana. Aba bombi Killaman na Umuhoza Shemsa, basanzwe bafitanye abana babiri b’abahungu. Umuhango wo gusezerana imbere y’amategeko wabanjirijwe no gusezerana imbere y’Imana. Uyu mwaka watangiranye udushya, aho harimo icyo twakwita uruhererekane rw’ubukwe mu byamamare […]

Continue Reading

Byinshi wamenya ku ndirimbo “Gloomy Sunday”, Abarenga 200 hirya no hino ku Isi biyahuye bamaze kuyumva.

Ni kenshi hajya humvikana inkuru z’abantu biyambura ubuzima ku mpamvu nyinshi zitandukanye, gusa ntibisanzwe kumva umuntu yumva indirimbo agahita afata umwanzuro wo kwiyambura ubuzima. Muri iyi nkuru tugiye kugaruka ku ndirimbo yatwaye ubuzima bwa benshi, Iyi ndirimbo yitwa “Gloomy Sunday” yanditswe n’umugabo w’umusizi akaba n’umunyamuziki ukomoka mu gihugu cya Hungary ahagana mu mwaka w’1930. Igitekerezo […]

Continue Reading

Kapiteni w’ikipe ya Police FC, Nshuti Dominique Savio yatangaje igihe azakorera ubukwe.

Nshuti Dominique Savio, Kapiteni w’ikipe ya Police FC, yemeje ko bigenze neza uyu mwaka wa 2024, gomba gukora ubukwe n’umukunzi we Umutesi Tracy Tricia bamaranye imyaka irenga 7. Savio na Tracy bakaba bamaze imyaka irenga 7 bari murukundo. Mu kiganiro kihariye Nshuti Dominique Savio yagiranye n’ikinyamakuru n’ikinyamakuru cyitwa Isimbi, yavuze ko urukundo rwe na Tricia […]

Continue Reading

Ntibisanzwe : Umugore yatse gatanya kubera umugabo we, adakunda kwiyuhagira akananuka mu kanwa.

Mu gihugu cya Turkey, haravugwa inkuru itangaje y’umugore wasabye gatanya imutandukanya n’umugore we ku mpamvu zo kudakunda kwiyuhagira ndetse akanaba agirira umwanda igice cye cy’akanwa agasanga bimubangamiye cyane. Uyu mugore yatse inkiko gatanya imwemerera gutandukana n’umugabo we ngo bitewe nuko amuhoza ku nkeke y’umwanda w’umubiri we ndetse no mu kanwa hakabaye hakorerwa isuku yihariye, Uyu […]

Continue Reading

The Ben yifurije isabukuru nziza umugore we Uwicyeza Pamella

Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben muri muzika yifurije isabukuru nziza umugore we Uwicyeza Pamella bamaze ukwezi barushinze, amwibutsa urwo amukunda anahishura akabyiniriro yamuhaye. Ni ubutumwa burebure The Ben yageneye umugore we wagize isabukuru ye y’amavuko ya mbere yizihije babana nk’umugore n’umugabo nyuma yo gukora ubukwe mu mpera z’umwaka ushize wa 2023. Abinyujije ku mbuga […]

Continue Reading

Nigeria umusore yatewe indobo kuko yanze guha umukinzi we miliyoni 10 z’amanaila ngo yisohokane.

Umusore wo muri Nigeria, ari mugahinda kenshi nyuma yo kubengwa n’umukobwa bari bamaze igihe bakundana amuziza ko yanze kumuha amafaranga yamusabye asaga miliyoni 10 z’amanaila. Uyu musore avuga ko yagiye kubona abona umukinzi we amwandikiye kuri whatap amubwira ko akeneye amafaranga angana na miliyoni 10 zamanayira ngo kuko ashaka gutembera kandi akazamara icyumweru, urumva ko […]

Continue Reading