Mu ntangiriro z’ukwezi kwa 5, hateganijwe imvura iri hejuru y’isanzwe igwa.

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko iteganyagihe ry’igice cya mbere cy’ukwezi kwa Gicurasi 2024, kuva tariki ya 1 kugeza ku ya 10, hateganyijwe ko imvura izakomeza kugwa. Imvura iteganyijwe iri hagati ya milimetero 40 na 200 mu bice bitandukanye by’Igihugu. Ingano y’imvura iteganyijwe iri hejuru y’ikigero cy’impuzandengo y’imvura isanzwe igwa mu gihugu, ikigero cy’impuzandengo […]

Continue Reading

Mu ibanga rikomeye, Amerika yahaye Ukraine ibisasu birasa kure.

Mu ntambara Ukraine ihanganye mo n’uburusiya yatangiye kurasa ibisasu karundura birasa mu ntera ya kure. Birakekwa ko ibi bisasu byaturutse muri Leta zunze ubumwe za Amerika ariko bikaza mu ibanga rikomeye. Ibi bisasu Ukraine yabirashe bwa mbere muri icyi cyumweru mu gace ka Crimea kigaruriwe n’uburusiya. Hari intwaro zifite agaciro ka Miliyoni 300 z’amadorali ya […]

Continue Reading

Urukiko rwa Siporo kw’ Isi (TAS) rwamaze gutesha agaciro ikirego cy’uwahoze ari umutoza wa APR FC.

Umunya-Maroc ufite ubwenegihugu bw’u Bubiligi, Adil Erradi Mohammed yareze iyi kipe kumuhagarika inyuranyije n’amategeko, none ikirego cyateshejwe agaciro. Amakuru atugeraho n’ uko uru Rukiko muri bimwe rwagendeyeho rwarasanze mu gihe uyu mutoza APR FC yamuhagarikaga mu kwezi kwa 10 umwaka wa 2020, atarigeze atera intambwe n’imwe ngo yandikire ikipe ayibaza icyo azira n’icyo bagendeyeho bamuhagarika. […]

Continue Reading

Nyuma yuko hagaragaye umwotsi, ubuyobozi bwa Marriott hotel bwahakanye ibyo gushya kwiyi hotel.

Ubuyobozi bwa Kigali Marriott Hotel ikorera mu Mujyi wa Kigali, bwahakanye ko inyubako yayo yafashwe n’inkongi y’umuriro, nyuma y’uko hagaragaye hacumba umwotsi mwinshi mugitondo cyo kuri uyu wa gatanu. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Mata 2024, ku igorofa ya nyuma y’inyubako ikoreramo iyi hotel, hagaragaye hacumba umwotsi w’umukara mwinshi, aho byakekwaga […]

Continue Reading

Perezida Kagame yasuye ubwami bw’Ubwongereza.

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame, ku munsi w’ejo nibwo yasesekaye ku mugabane w’Uburayi Aho ari muruzinduko mu gihugu cy’Ubwongereza. Kumunsi w’ejo kuwa kabiri tariki ya 9 Mata 2024, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yasuye Ubwami bw’u Bwongereza (UK), akaba yakiriwe na minisitiri w’Intebe Rishi Sunak. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu (Village Urugwiro) byatangaje ko […]

Continue Reading

Kwibuka30 : Ubuhamya buteye agahinda bwa Kayitesi Annick Jozan wiciwe umubyeyi agategekwa gukoropa amaraso ye.

KAYITESI Annick Jozan umwe mu barokotse Jenoside yakorewe yavutse ubuhamya bwe buteye agahinda nyuma yo kwicirwa umubyeyi mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi muri mata 1994. Annick Kayitesi Jozan w’imyaka 44 yatangaje ko mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, abajenosideri bagiye kwica abo mu rugo rw’iwabo bica mama we, amara hafi umunsi wose akoropa amaraso […]

Continue Reading

Minisitiri Dr Biruta Vicent yakiriye Perezida wa Czech n’uwa Madagascar mu Rwanda.

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr Vicent BIRUTA yakiriye abakuru b’Ibihugu bya Madagascar na Repubulika ya Czech, Aho baje mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda. Perezida wa Repubulika ya Czech, Petr Pavel na Andry Rajoelina wa Madagascar bageze mu Mujyi wa Kigali ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 5 Mata 2024. Aba bakuru b’ibihugu bakigera […]

Continue Reading

Ibiciro bya Lisansi na mazutu byatumbagiye.

RURA yashyizeho ibiciro bishya bya Lisansi na mazutu ku ma sitasiyo yo hirya no hino mu gihugu, Aho byombi byazamutse cyane cyane lisansi yatumbagiye cyane. Kuri uyu wa Kane tariki 04 Mata 2024 Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ko igiciro gishya cya lisansi ari 1,764 Frw bivuze ko kiyongereyeho 127 Frw kuri litiro, Ni mu gihe […]

Continue Reading

Senegal: Perezida Diomaye Faye yashyizeho Ousmane Sonko nka minisitiri w’intebe

Ku wa kabiri, Nibwo muri Senegal bemeje perezida mushya akaba kandi uyu muperezida ariwe muto cyane mu myaka ku isi yose muri iki gihe, kuko Bassirou Diomaye Faye ubu afite imyaka 44 y’amavuko ndetse akaba yari asanzwe atazwi cyane akaba yaraje kumenyekana mu buryo butangaje kuva muri gereza yerekeza mu ngoro mu byumweru bicye afunguwe. […]

Continue Reading

“Mu gihe cyose abanyarwanda baba bifuje ko ntakomeza kubayobora sinabatindira” Perezida Kagame.

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame intore y’Abanyarwanda ahamya ko mu gihe cyose abanyarwanda baba bifuje ko atakomeza kubayobora nawe atazuyaza kubibemerera cyane ko aribo akorera. Perezida wa Repubulika Paul Kagame aratangaza ko impamvu abaturage bamutora akemera gukomeza kubayobora, ari uko bo ubwabo baba basanga bikwiriye, kandi ko na we iyo aba asanga ntacyo bibamariye aba […]

Continue Reading