“Kuba umwe no gushyira inyungu za buri munyarwanda imbere, Nibyo twahisemo” Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko mu myaka 30 ishize Jenoside yakorewe Abatutsi ihagaritswe, Abanyarwanda biyemeje kwimakaza inzira y’ubumwe n’ubudaheranwa nk’imwe mu nkingi zagize uruhare mu rugendo rwo kwiyubaka kw’igihugu. Ibi yabitangaje mu kiganiro yatanze hifashishijwe ikoranbuhanga mu nama mpuzamahanga ya Global Citizen Now, igamije kurebera hamwe ingamba zakwifashishwa mu kurwanya ubukene […]

Continue Reading

Umutekano : Hatowe Itegeko rigenga Ingabo z’u Rwanda.

Abadepite batoye amategeko arimo iryongerera ubushobozi Ingabo z’Igihugu n’irivugurura itegeko rishyiraho ihahiro ry’inzego z’igihugu zishinzwe kurinda igihugu n’umutekano. Iri tegeko ryitezweho kongerera imbaraga inzego z’Ingabo z’Igihugu zirimo urwego rw’ubuzima n’ubuvuzi. hatowe kandi itegeko rishyiraho ihahiro ry’inzego z’igihugu zishinzwe kurinda igihugu n’umutekano. Minisitiri w’Ingabo Juvenal Manizamunda yasobanuye impinduka aya mategeko yombi azagira mu mikorere n’imibereho myiza […]

Continue Reading

Mu ibanga rikomeye, Amerika yahaye Ukraine ibisasu birasa kure.

Mu ntambara Ukraine ihanganye mo n’uburusiya yatangiye kurasa ibisasu karundura birasa mu ntera ya kure. Birakekwa ko ibi bisasu byaturutse muri Leta zunze ubumwe za Amerika ariko bikaza mu ibanga rikomeye. Ibi bisasu Ukraine yabirashe bwa mbere muri icyi cyumweru mu gace ka Crimea kigaruriwe n’uburusiya. Hari intwaro zifite agaciro ka Miliyoni 300 z’amadorali ya […]

Continue Reading

NEC yasabye Abanyarwanda kubahiriza amategeko agenga amatora.

Mu gihe abanyarwanda barimo kwitegura amatora y’umukuru w’igihugu n’ay’Abadepite, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC), irasaba ko amategeko n’amabwiriza bigenga amatora byarushaho kubahirizwa. NEC yavuze ko bagomba kwitwararika ibitemewe nko kwamamaza abakandida kuko igihe cyabyo kitaragera. Ibi NEC yabisabye mu gihe guhera tariki 15 Mata 2024, abifuza kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika no mu Badepite, […]

Continue Reading

Perezida Kagame yasuye ubwami bw’Ubwongereza.

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame, ku munsi w’ejo nibwo yasesekaye ku mugabane w’Uburayi Aho ari muruzinduko mu gihugu cy’Ubwongereza. Kumunsi w’ejo kuwa kabiri tariki ya 9 Mata 2024, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yasuye Ubwami bw’u Bwongereza (UK), akaba yakiriwe na minisitiri w’Intebe Rishi Sunak. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu (Village Urugwiro) byatangaje ko […]

Continue Reading

Minisitiri Dr Biruta Vicent yakiriye Perezida wa Czech n’uwa Madagascar mu Rwanda.

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr Vicent BIRUTA yakiriye abakuru b’Ibihugu bya Madagascar na Repubulika ya Czech, Aho baje mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda. Perezida wa Repubulika ya Czech, Petr Pavel na Andry Rajoelina wa Madagascar bageze mu Mujyi wa Kigali ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 5 Mata 2024. Aba bakuru b’ibihugu bakigera […]

Continue Reading

Senegal: Perezida Diomaye Faye yashyizeho Ousmane Sonko nka minisitiri w’intebe

Ku wa kabiri, Nibwo muri Senegal bemeje perezida mushya akaba kandi uyu muperezida ariwe muto cyane mu myaka ku isi yose muri iki gihe, kuko Bassirou Diomaye Faye ubu afite imyaka 44 y’amavuko ndetse akaba yari asanzwe atazwi cyane akaba yaraje kumenyekana mu buryo butangaje kuva muri gereza yerekeza mu ngoro mu byumweru bicye afunguwe. […]

Continue Reading

“Mu gihe cyose abanyarwanda baba bifuje ko ntakomeza kubayobora sinabatindira” Perezida Kagame.

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame intore y’Abanyarwanda ahamya ko mu gihe cyose abanyarwanda baba bifuje ko atakomeza kubayobora nawe atazuyaza kubibemerera cyane ko aribo akorera. Perezida wa Repubulika Paul Kagame aratangaza ko impamvu abaturage bamutora akemera gukomeza kubayobora, ari uko bo ubwabo baba basanga bikwiriye, kandi ko na we iyo aba asanga ntacyo bibamariye aba […]

Continue Reading

Evariste Ndayishimiye na Félix Tshisekedi bafite politiki igendera ku myumvire ishaje, Perezida Kagame.

Perezida Kagame yavuze ko bigoye kumenya igihe ibibazo byo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bizarangirira kuko hari n’ibituruka ahandi. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Mbere, tariki ya 1 Mata 2024, mu kiganiro yagiranye na Radio 10 na Royal FM, Perezida Kagame yavuze ko Abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abatutsi bamaze igihe batotezwa […]

Continue Reading

Abanyamakuru bose barasabwa gukora kinyamwuga mu matora y’umukuru w’Igihugu.

Mu gihe mu Rwanda habura amezi abarirwa ku ntoki guisa kugirango amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite abe hasohowe amabwiriza n’amaegeko bigombakuranga abanyamakuru muri ibyo bihe by’Amatora. Abanyamakuru bose barasabwa gukora kinyamwuga bakagira uruhare mu gufasha abaturage kumenya amakuru yerekeranye n’amatora, no kutivanga mu bikorwa bya politiki, Ibi byagarutsweho ubwo abanyamakuru basozaga amahugurwa agamije kubongerera ubumenyi mu […]

Continue Reading