Platini P yashyikirije abagore ba Jay Polly inkunga ya Miliyoni 13,5 Frw, baherewe mu gitaramo cye. {Amafoto}

Kuri uyu wa 30 Mata 2024 nibwo Platini yegereye abagore ba Jay Polly abashyikiriza amafaranga amaze iminsi akusanya mu nkunga bemerewe mu gitaramo cye giherutse kubera muri Camp Kigali ku wa 30 Werurwe 2024. Muri miliyoni 16 z’amafaranga y’u Rwanda zemewe, abagore ba Jay Polly bateranyije ayo bamaze guhabwa yose yabaye miliyoni 13,5Frw, Aba bagore […]

Continue Reading

Kenny Sol yatangaje uwamuhuje n’umugore we bitegura kwibaruka umwana.

Rusanganwa Norbert, wamamaye nka Kenny Sol muri muzika, yatangaje ko mushiki we ari we wamuhuje n’umugore we, avuga ko yitegura kubyarana nawe. Uyu mugabo umaze kwigaririra imitima ya benshi abikesha impano ye yo kuririmba, yamenyekanye mundirimbo nka; Joli, Ikinyafu yakoranye Bruce Melodie, Telimometa yakoranye na Philpeter, n’izindi zigiye zitandukanye. Mu kiganiro yagiranye na Radio Rwanda, […]

Continue Reading

Nyuma y’igihe kinini adakora indirimbo, Jose Chameleone yashyize hanze indirimbo yo guhimbaza Imana.

Joseph Mayanja wamamaye cyane nka Jose Chameleone yongeye gukora mu nganzo ashyira hanze indirimbo ihimbaza Imana nyuma y’igihe kinini atacyumvikana mu muziki nk’uko byahoze. Uyu muhanzi rurangiranwa Jose Chameleone wari umaze hafi umwaka adashyira hanze indirimbo ari wenyine kuri ubu yasohoye indirimbo nshya yo guhimbaza Imana yise “Nzigulira” bisobanura Nkingurira. Tubabwire ko Chameleone ari umwe […]

Continue Reading

Platin yazirikanye nyakwigendera Jay Polly, abana be bagenerwa asaga Miliyoni 16. {Amafoto}

Mu Ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu Tariki ya 30 Werurwe 2024, Umuhanzi Platin P yakoze igitaramo cy’Agatangaza afashwijwe na bagenzi be biganjemo abo batangiranye umuziki ndetse bakoranye igihe kirekire. Usibye gutanga ibyishimo gusa ku bakunzi ba muzika Nyarwanda, Platin P wiyita BABA yanatanze ibyishimo ku muryango wa Nyakwigendera Jay Polly Kabaka ndetse no kubakunzi […]

Continue Reading

Platin P wiyise BABA yakoze igitaramo cy’amateka Abato n’abakuru bamuterera isaruti. {Amafoto}

Mu Ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu Tariki ya 30 Werurwe 2024, Umuhanzi Platin P yakoze igitaramo cy’Agatangaza afashwijwe na bagenzi be biganjemo abo batangiranye umuziki ndetse bakoranye igihe kirekire. Ni Igitaramo cyatangiye gitinze ugereranije n’amasaha yari yatangajwe ko kizatangirira, Gusa bamwe na bamwe bakaba bari batangiye kuhagera mu masaha ya saa 5:00 Pm, Ni […]

Continue Reading

Nyuma yo kubishimira cyane abakunzi babo bayobewe ibibaye ubwo Nizzo yahanukaga ku rubyiniro.

Itsinda rya Urban Boys ryongeye gushimangira ko ari abahanzi bagikunzwe cyane n’abanyarwanda ndetse ko baramutse bongeye kwihuza bagakora bakomezanya igikundiro cyabo bahoranye. Umuraperi Riderman nawe ni imwe mu bahanzi bahinduye isura y’Igitaramo nyuma yuko aririmbye indirimbo zitandukanye nka Horo, Nkwiye igihano, Umwana w’Umuhanda n’Izindi nyinshi, Kugeza Ubwo asanzwe ku rubyiniro na Urban Boys bakamufasha mu […]

Continue Reading

Platin yasobanuye impamvu Tom Close atari ku rutonde rw’abahanzi bazaririmba.

Platin P yagarutse ku bibazo byinshi bitandukanye yabajijwe n’abanyamakuru birimo n’icyo kuba Mugenzi we Tom Close atari ku rutonde rw’abazataramira abantu mu gitaramo cye. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29 Werurwe 2024 nibwo muri Hoter “Four Points” habereye ikiganiro n’itangazamakuru cyahuje abahanzi bazaririmba mu gitaramo cya Platin P yise “BABA XPRIENCE” kigomba kuba kuri […]

Continue Reading

Eddy Kenzo nawe yasesekaye i Kigali, “BABA XPRIENCE” yahumuye Camp Kigali umuriro uraka.

Nyuma ya Humble Jizzo waraye ugeze I Kigali kuri uyu wa kane, Eddy Kenzo nawe yageze i Kigali ndetse ahagerana amatsiko menshi yo gutaramira abanyarwanda muri “BABA EXPERIENCE” Aba bahanzi bose baje I Kigali aho yitabiriye igitaramo cya Platini P, “BABA Experience” ni igitaramo cya Platin P wahoze mu itsinda rya Dream Boyz yateguye kugirango […]

Continue Reading

Urban Boys yahize kongera kwibutsa abakunzi bayo ko bagifite impano bakundiwe.

Humble Jizzo wo muri Urban Boys waraye ugeze I Kigali ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki ya 28 Werurwe 2024 na mugenzi we Nizzo Kaboss bateguje abakunzi babo byinshi mu gitaramo “BABA Experience”. Ku mugoroba wo kuri uyu wa 28 Werurwe 2024, Nibwo Manzi James wamenyekanye mu itsinda rya Urban Boys nka Humble […]

Continue Reading

“Inkuru ya 30” Perezida Kagame yashimiwe kuyobora neza urugamba rwo kubohora igihugu.

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye igitaramo cy’Itorero Inyamibwa AERG, cyashushanyirijwemo urugendo rw’imyaka 30 bamwe mu Banyarwanda bamaze barahejejwe ishyanga ndetse n’imyaka 30 ishize u Rwanda rubohowe. Iki gitaramo cyiswe Inkuru ya 30 cyabereye muri BK Arena, mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, tariki 23 Werurwe 2024, aho kitabiriwe n’imbaga y’abiganjemo urubyiruko. Perezida Kagame […]

Continue Reading