Gicumbi : Umusore yanizwe n’inyama kugeza ashizemo umwuka.

Mu karere ka Gicumbi haravugwa inkuru y’umusore wo mu kigero cy’imyaka 22 wapfuye azize inyama yariye ikaza kumuniga ikamuhagama kugeza imwambuye ubuzima. Ibi byabereye mu Karere ka Gicumbi, umurenge wa Byumba , Akagali ka Gacurabwenge umudugudu wa Rwasama, Aho uyu musore w’imyaka 22 bivugwa ko yamize inyama ikamuniga ndetse kugeza apfuye, Uyu musore witwa Dushimimana […]

Continue Reading

Umubyeyi yahisemo kuraga umutungo we ungana na miliyari 2 frw amapusi ye 2, nyuma yo gutereranwa n’abana be.

Ms. Liu w’imyaka 68 ubarizwa mu mujyi wa Shanghai, yibarutse abana batanu, kuri ubu akaba azahajwe n’indwara ya kanseri kugeza ubwo yatangiye kuraga imitungo ye ndetse uko yabikoze bitangaza benshi. Abaganga bamaze ku mubwira ko asigaje igihe gito cyo kubaho kitarangeje amezi 6, Ibi byatumye ahita afata ikemezo cyo kuraga imitungo ye hakiri kare, Televiziyo […]

Continue Reading

Bugesera : Yasubije moto yari yibye nyuma yo gutererezwa Inzuki.

Mu Karere ka Bugesera mu mujyi wa Nyamata haravugwa inkuru itangaje y’umusore wibye Moto umuvandimwe we akaza guhabwa isomo ryatumye yihutira gusubiza iyo moto uwo yayibye ndetse akarahira kutazongera ukundi. Umusore utuye mu Murenge wa Nyamata yasubije mukuru we moto yari yamwibye nyuma yo gutererezwa inzuki, Ahagana saa munani z’amanywa kuri uyu wa Kabiri nibwo […]

Continue Reading

Ese Wari uziko, Abagabo bagira amahirwe yo kubona amabere y’abagore bibarinda kugira umunaniro ukabije?

Ubushakashatsi bwagaragaje ko umwe mu minezero y’igitsinagabo ndetse ushobora no kugifasha kuramba igihe kinini harimo n’uwo kureba uburanga bw’igitsinagore byumwihariko igice cy’amabere yabo. Ubu bushakashatsi bwakozwe n’inzobere muri Kamunuza yo mu Budage mu by’ubuzima bwasobanuye ko amabere y’abagore anezeza abagabo cyane ku buryo ari kimwe mu bintu bishobora kubafasha kurama ku Isi, mu buryo bumwe […]

Continue Reading

Ibintu by’ingenzi wamenya kuri Fossette, imico iranga abazifite ndetse n’inkomoko yazo.

Fossette twavuga ko ari nk’ akarango k’ ubwiza bukurura imbaga nyamwinshi ku bagafite, benshi batangaje ko turiya twobo tuza ku matama akenshi iyo umuntu asetse, ngo ni ikimenyetso Imana iba yarashyize kuri abo bantu cyerekana ko ari abanyamahirwe ibihe byose. Abantu bangana na 20% ni bo babarurwa by’ abafite utu twobo tuza ku matama iyo […]

Continue Reading

Byamusabye kujya akoropa Studio, kugirango akore indirimbo ye ya mbere, Urugendo rugoye rwa Khalfan mu muziki.

Umuraperi NIZEYIMANA Oddo wamenyekanye nka Khalfan mu itsinda rya Home Boyz yahishuye byinshi bitangaje mu rugendo yanyuzemo kuva yatangira umuziki we bigoranye cyane. Uyu muraperi yatangaje inzira igoye yanyuzemo mu rugendo rwa muzika mu kiganiro “Kulture Talk” gitambutswa n’umunyamakuru Emmy Ikinege wa Igihe.com kuri uyu wa kabiri ubwo yatumirwaga mu kiganiro na mugenzi we Pfla […]

Continue Reading

Hollywood John Cena yatanze igihembo cya Oscar yambaye ubusa.

Mu gikorwa cyo gutanga ibihembo bya filimi zarushije izindi bizwi nka Oscars mu ijoro ryacyeye mu gace ka Hollywood i Los Angeles/California muri Amerika, John Cena usanzwe akina umukino wrestling akaba n’umukinnyi wa cinema, yahamagawe ngo atange igihembo aza yambaye ubusa. Ni mu birori byabaye mw’ijoro ryakeye tariki 10 werurwe 2024, uyu mugabo yaje yambaye […]

Continue Reading

Dore ibihugu bikize cyane muri Afrika

Ni Nijeriya, igihugu cyo muri Afurika y’Iburengerazuba, kigaragaza ubukungu bukomeye ku mugabane wa Afurika. Hafi ya GDP igera kuri miliyari 477 z’amadolari mu 2022, Nijeriya iri ku isonga ry’ibihugu bikize cyane muri Afurika, imbere ya Misiri na Afurika y’Epfo. Dukurikije ibipimo by’iterambere rya IMF, uru rutonde ntirukwiye guhura n’imvururu mu myaka iri imbere. Nijeriya, igihugu […]

Continue Reading

Uganda : Umugabo yasize isomo nyuma yo kwicwa, maze ubutaka bamuzizaga buhinduka amaraso.

Mu gihugu cy’Abaturanyi cya Uganda mu gace ka Nakasongola haravugwa inkuru y’umugabo wishwe n’agatsiko kitwa “Machete Weilding Men” maze ubutaka maze hakabaho ikintu kidasanzwe nyuma y’urupfu rwe. Ibi byabaye kuri uyu wa mbere tariki ya 04 Werurwe 2024, Ubwo uyu mugabo witwa Dan Ssebyala wakodeshaga ubutaka muri ako gace bivugwa ko bwagiye bugurishwa abantu benshi […]

Continue Reading

Indege y’ingendo muri Misiri yahagaritse urugendo, Nyuma yo kugongana n’ibisiga by’i Kigali.

Sosiyete yo mu Misiri ikora ubwikorezi bwo mu kirere, EgyptAir, yatangaje ko yahagaritse urugendo rw’indege yayo rwavaga i Kigali rugana i Cairo, nyuma y’uko igonganye n’ibisiga. Amakuru dukesha IGIHE avuga ko uru rugendo rwari rwahawe izina rya MS835 rwahagaritswe ku wa Gatanu tariki 1 Werurwe mu 2024. Ni nyuma y’uko iyi ndege yo mu bwoko […]

Continue Reading