Gicumbi : Umusore yanizwe n’inyama kugeza ashizemo umwuka.

Mu karere ka Gicumbi haravugwa inkuru y’umusore wo mu kigero cy’imyaka 22 wapfuye azize inyama yariye ikaza kumuniga ikamuhagama kugeza imwambuye ubuzima. Ibi byabereye mu Karere ka Gicumbi, umurenge wa Byumba , Akagali ka Gacurabwenge umudugudu wa Rwasama, Aho uyu musore w’imyaka 22 bivugwa ko yamize inyama ikamuniga ndetse kugeza apfuye, Uyu musore witwa Dushimimana […]

Continue Reading

Ibyo wamenya ku mubyeyi (Umwana) wabyaye afite imyaka 5 gusa

Lina Medina, umukobwa ukiri muto ukomoka muri Peru yari akiri umwana ubwe igihe yibarukaga umwana w’umuhungu mu 1939, urubanza rukomeye rukaba rukomeje kuba amayobera atarakemuka kugeza na n’ubu. Impungenge zatangiye kwiyongera igihe Lina, wabaga mu mudugudu wa kure wa Andes, yatangiraga gukura bidasanzwe ndetse no kugira inda nini icyo gihe ababyeyi be babanje gutinya ko […]

Continue Reading

Nyaruguru : Yajugunye uruhinja yari amaze kubyara mu musarane w’akabari, Imana irahagoboka.

Mu Karere ka Nyaruguru haravugwa inkuru y’umukobwa bivugwa ko yabyaye umwana akamujugunya mu musarane w’akabari nyamara ya Mana irindira hose ikaza gutabara uwo muziranenge. Umukobwa w’imyaka 29, wirinzweg utangazwa amazina, utuye mu mudugudu wa Kibayi, akagari ka Mpanda, umurenge wa Kibeho, akarere ka Nyaruguru, birakekwa ko yabyaye umwana w’umuhungu akamujugunya mu musarane w’akabari yacururizagamo. Abantu […]

Continue Reading

Impyiko y’ingurube yatanze icyizere cyo gusimbuzwa iy’abantu igakora.

Umuntu wa mbere washyizwemo impyiko y’ingurube yavuye mu bitaro arataha, Nyuma y’iki gikorwa cya mbere gikozwe cyo kwitabaza ingingo y’inyamanswa mu kugerageza. Uyu mugabo w’imyaka 63 witwa Richard Slayman yasezerewe ku munsi wejo ku wa gatatu tariki ya 3 Mata 2024, Nyuma yuko yari amaze iminsi ahabwa ubuvuzi mu bitaro bya Massachusetts General Hospital (MGH) biherereye […]

Continue Reading

Umubyeyi yahisemo kuraga umutungo we ungana na miliyari 2 frw amapusi ye 2, nyuma yo gutereranwa n’abana be.

Ms. Liu w’imyaka 68 ubarizwa mu mujyi wa Shanghai, yibarutse abana batanu, kuri ubu akaba azahajwe n’indwara ya kanseri kugeza ubwo yatangiye kuraga imitungo ye ndetse uko yabikoze bitangaza benshi. Abaganga bamaze ku mubwira ko asigaje igihe gito cyo kubaho kitarangeje amezi 6, Ibi byatumye ahita afata ikemezo cyo kuraga imitungo ye hakiri kare, Televiziyo […]

Continue Reading

South Africa : Impanuka ikomeye yahitanye abantu 45 harokoka umwana w’imyaka 8 gusa.

Muri Africa Yepffo haravugwa impanuka ikomeye yahitanye abasaga 45 bose bari bateraniye muri Bisi gusa hakarokokamo umwana muto w’umukobwa wo mu kigero cy’imyaka 8. Polisi yo mu muhanda yo muri iki gihugu yavuze ko abantu 45 bose bapfuye muri bitabye Imana ubwo iyi modoka ya bisi bari barimo yarohamaga mu manga y’umusozi muri metero 50 […]

Continue Reading

Kamonyi : Abantu 8 bagwiriwe n’urukuta, Umwe ahasiga ubuzima.

Abantu 8 bagwiriwe n’urukuta rw’urugo rwaho bacukuraga umwe ahasiga ubuzima naho abantu 4 barakomereka cyane 2 bakomereka mu buryo bworoheje naho umwe ahabwa ubuvuzi bw’ibanze. Ni amakuru yamenyekanye ahagana saa yine n’iminota 15 aho bacukuraga umusingi wo kubakamo indi nyubako bikaba byabereye mu Murenge wa Runda, mu Kagali ka Ruyenzi mu Mudugudu wa Nyagacaca, Umuvugizi […]

Continue Reading

Uganda : Abayobozi ba leta bose bategetswe gukora imyitozo ngororamubiri.

Leta ya Uganda yategetse abakozi ba leta bose kujya bafata amasaha abiri buri cyumweru bagakora imyitozo ngororangingo kugira ngo bakomeze kugira amagara meza atuma batanga umusanzu. Aya mabwiriza yanyujijwe mu ibaruwa igenewe ibigo byose bya leta yanditswe na Lucy Nakyobe, umukuru w’abakozi ba leta, wavuze ko iyo myitozo izafasha mu kurokora ubuzima bw’abakozi ndetse ikagabanya […]

Continue Reading

Russia-Ukraine : i Kyiv Umuriro wa Missile z’UBurusiya wongeye kwaka uhitana ibihumbi.

Umuriro uhambaye w’ibisasu bya rutura wongeye kumvikana mu murwa wa Kyiv, Abaturage bose ba Ukraine bongeye gusabwa kuryamira amajanja mu gihe Uburusiya bwatangije urukurikirane rw’ibitero byo mu kirere. Kugeza ubu Intara ya Lviv ihana imbibi na Pologne nayo biravugwa ko yagezemo ibi bitero ndetse bikagira ingaruka nyinshi cyane ko byahitanye ubuzima bwa benshi mu basiviri, […]

Continue Reading

Indwara y’Igituntu igiye kurandurwa burundu mu Rwanda.

Leta y’u Rwanda ku bufatanye na RBC bihaye intego yo kurandura burundu indwara y’Igituntu izahaza benshi nibura guhera mu mwaka wa 2035 nta murwayi wacyo uzaba ubarizwa mu Rwanda. Nubwo iyi ndwara y’Igituntu yandurira mu buhumekero ndetse ikaba nta rukingo igira, ishobora kuvurwa igakira, Ikigo cy’Igihugu cyita ku Buzima, RBC, cyemeje ko mu 2035, nta […]

Continue Reading