Nyuma y’igihe kinini adakora indirimbo, Jose Chameleone yashyize hanze indirimbo yo guhimbaza Imana.

Joseph Mayanja wamamaye cyane nka Jose Chameleone yongeye gukora mu nganzo ashyira hanze indirimbo ihimbaza Imana nyuma y’igihe kinini atacyumvikana mu muziki nk’uko byahoze. Uyu muhanzi rurangiranwa Jose Chameleone wari umaze hafi umwaka adashyira hanze indirimbo ari wenyine kuri ubu yasohoye indirimbo nshya yo guhimbaza Imana yise “Nzigulira” bisobanura Nkingurira. Tubabwire ko Chameleone ari umwe […]

Continue Reading

Impyiko y’ingurube yatanze icyizere cyo gusimbuzwa iy’abantu igakora.

Umuntu wa mbere washyizwemo impyiko y’ingurube yavuye mu bitaro arataha, Nyuma y’iki gikorwa cya mbere gikozwe cyo kwitabaza ingingo y’inyamanswa mu kugerageza. Uyu mugabo w’imyaka 63 witwa Richard Slayman yasezerewe ku munsi wejo ku wa gatatu tariki ya 3 Mata 2024, Nyuma yuko yari amaze iminsi ahabwa ubuvuzi mu bitaro bya Massachusetts General Hospital (MGH) biherereye […]

Continue Reading

KWIBUKA30 : Bill Clinton mu ntumwa zatoranijwe na Perezida Biden kuzamuhagararira mu kwibuka.

Mu gihe habura iminsi micye kugirango Abanyarwanda binjire mu cyumweru cyo kunamira no kwibuka inzirakarengane za Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Leta ya Amerika yatoranije abantu batanu bazayihagararira muri iyo mihango. Mu itangazo ryasohowe n”ibiro by’umukuru w’igihugu, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yatangaje itsinda ry’abantu batanu riyobowe na Bill Clinton bazamuhagararira […]

Continue Reading

Senegal: Perezida Diomaye Faye yashyizeho Ousmane Sonko nka minisitiri w’intebe

Ku wa kabiri, Nibwo muri Senegal bemeje perezida mushya akaba kandi uyu muperezida ariwe muto cyane mu myaka ku isi yose muri iki gihe, kuko Bassirou Diomaye Faye ubu afite imyaka 44 y’amavuko ndetse akaba yari asanzwe atazwi cyane akaba yaraje kumenyekana mu buryo butangaje kuva muri gereza yerekeza mu ngoro mu byumweru bicye afunguwe. […]

Continue Reading

Danny Usengimana uheruka gutandukana na Police FC yabonye ikipe nshya.

Danny Usengimana wahoze ari umukinnyi wa Police FC, yamaze gusinyira ikipe ya AS Laval ikina mu cyiciro cya gatatu muri Canada. Mu minsi ishize nibwo uyu mukinnyi yimukiye mu gihugu cya Canada benshi bumvaga ibya ruhago yarabiretse cyane ko yaherukaga gutangaza ko ubu agiye kuba umwalimu wa GYM. Mu ijoro ryakeye tariki 01 mata 2024, […]

Continue Reading

“Mu gihe cyose abanyarwanda baba bifuje ko ntakomeza kubayobora sinabatindira” Perezida Kagame.

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame intore y’Abanyarwanda ahamya ko mu gihe cyose abanyarwanda baba bifuje ko atakomeza kubayobora nawe atazuyaza kubibemerera cyane ko aribo akorera. Perezida wa Repubulika Paul Kagame aratangaza ko impamvu abaturage bamutora akemera gukomeza kubayobora, ari uko bo ubwabo baba basanga bikwiriye, kandi ko na we iyo aba asanga ntacyo bibamariye aba […]

Continue Reading

Evariste Ndayishimiye na Félix Tshisekedi bafite politiki igendera ku myumvire ishaje, Perezida Kagame.

Perezida Kagame yavuze ko bigoye kumenya igihe ibibazo byo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bizarangirira kuko hari n’ibituruka ahandi. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Mbere, tariki ya 1 Mata 2024, mu kiganiro yagiranye na Radio 10 na Royal FM, Perezida Kagame yavuze ko Abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abatutsi bamaze igihe batotezwa […]

Continue Reading

Abanyamakuru bose barasabwa gukora kinyamwuga mu matora y’umukuru w’Igihugu.

Mu gihe mu Rwanda habura amezi abarirwa ku ntoki guisa kugirango amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite abe hasohowe amabwiriza n’amaegeko bigombakuranga abanyamakuru muri ibyo bihe by’Amatora. Abanyamakuru bose barasabwa gukora kinyamwuga bakagira uruhare mu gufasha abaturage kumenya amakuru yerekeranye n’amatora, no kutivanga mu bikorwa bya politiki, Ibi byagarutsweho ubwo abanyamakuru basozaga amahugurwa agamije kubongerera ubumenyi mu […]

Continue Reading

Umubyeyi yahisemo kuraga umutungo we ungana na miliyari 2 frw amapusi ye 2, nyuma yo gutereranwa n’abana be.

Ms. Liu w’imyaka 68 ubarizwa mu mujyi wa Shanghai, yibarutse abana batanu, kuri ubu akaba azahajwe n’indwara ya kanseri kugeza ubwo yatangiye kuraga imitungo ye ndetse uko yabikoze bitangaza benshi. Abaganga bamaze ku mubwira ko asigaje igihe gito cyo kubaho kitarangeje amezi 6, Ibi byatumye ahita afata ikemezo cyo kuraga imitungo ye hakiri kare, Televiziyo […]

Continue Reading

Platin yazirikanye nyakwigendera Jay Polly, abana be bagenerwa asaga Miliyoni 16. {Amafoto}

Mu Ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu Tariki ya 30 Werurwe 2024, Umuhanzi Platin P yakoze igitaramo cy’Agatangaza afashwijwe na bagenzi be biganjemo abo batangiranye umuziki ndetse bakoranye igihe kirekire. Usibye gutanga ibyishimo gusa ku bakunzi ba muzika Nyarwanda, Platin P wiyita BABA yanatanze ibyishimo ku muryango wa Nyakwigendera Jay Polly Kabaka ndetse no kubakunzi […]

Continue Reading