Uganda : Abayobozi ba leta bose bategetswe gukora imyitozo ngororamubiri.

Leta ya Uganda yategetse abakozi ba leta bose kujya bafata amasaha abiri buri cyumweru bagakora imyitozo ngororangingo kugira ngo bakomeze kugira amagara meza atuma batanga umusanzu. Aya mabwiriza yanyujijwe mu ibaruwa igenewe ibigo byose bya leta yanditswe na Lucy Nakyobe, umukuru w’abakozi ba leta, wavuze ko iyo myitozo izafasha mu kurokora ubuzima bw’abakozi ndetse ikagabanya […]

Continue Reading

Perezida Kagame yakiriye Itsinda ry’Abanyeshuri biga ubucuruzi muri Kaminuza ya Stanford n’abarimu babo.

Itsinda ry’Abanyeshuri biga ubucuruzi muri Kaminuza ya Stanford n’abarimu babo bakiriwe n’umukuru w’Igihugu mu Rwanda, Aho baje mu ruzinduko batangiye kuri uyu wa kabiri. Perezida Paul Kagame yakiriye abanyeshuri n’abarimu bigisha mu Ishuri ry’Ubucuruzi muri Kaminuza ya Stanford yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bari mu Rwanda mu rugendo rugamije kureba iterambere ryarwo ndetse […]

Continue Reading

Ese Diomaye Faye wabaye perezida wa Senegal ni muntu ki?

Bassirou Diomaye Faye yavutse ku ya 25 Werurwe 1980 ni umunyapolitiki wo muri Senegal kandi wahoze ari umugenzuzi w’imisoro akaba ubu yaramaze kuba Perezida watowe ku majwi menshi muri Senegali uyu mwaka wa 2024. Yahoze ari umunyamabanga mukuru w’ishyaka rya PASTEF nyuma yo gushingwa ubu rikaba ritakibaho kuko ryasheshwe yasheshwe. Muri 2000, Faye yabonye impamyabumenyi […]

Continue Reading

Perezida Kagame yagaragaje ibisabwa kugirango yemere guhura na Perezida Felix Tshisekedi.

Perezida w’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame yatangajaje ko hakiri byinshi Perezida wa Congo Felix Antoine Tshisekedi akeneye kubanza gucyemura cyangwa kwitaho mbere yuko ashyira imbere ibyifuzo bye gusa. Ibi umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’Ikinyamakuru Jeune Afrique, kuri uyu wa mbere tariki ya 25 Werurwe 2024 cyagarukaga ku bibazo bijyanye […]

Continue Reading

Umugore yirukanse 160km asoza yuzuye ibisebe, kugirango agaragaze ko abagore nabo bashoboye.

Umugore wabaye uwa mbere usoje rimwe mu masiganwa y’amaguru akomeye kurusha ayandi ku Isi yahishuye ko yabikoreye Abagore bagenzi be ku Isi kugirango abatinyure ko byose bishoboka kuri bose. Jasmin Paris ni umwe mu bantu 20 gusa babashije gusoza isiganwa rizwi nka “Barkley Marathons” ryabereye muri leta ya Tennessee muri Amerika, kuva mu 1989 ryaje kongererwa […]

Continue Reading

Russia-Ukraine : i Kyiv Umuriro wa Missile z’UBurusiya wongeye kwaka uhitana ibihumbi.

Umuriro uhambaye w’ibisasu bya rutura wongeye kumvikana mu murwa wa Kyiv, Abaturage bose ba Ukraine bongeye gusabwa kuryamira amajanja mu gihe Uburusiya bwatangije urukurikirane rw’ibitero byo mu kirere. Kugeza ubu Intara ya Lviv ihana imbibi na Pologne nayo biravugwa ko yagezemo ibi bitero ndetse bikagira ingaruka nyinshi cyane ko byahitanye ubuzima bwa benshi mu basiviri, […]

Continue Reading

Nyuma ya PSD, ishyaka rya PL naryo rizashyigikira Perezida Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu.

Mu gihe amezi arimo yihuta ndetse ari nako imyiteguro y’amatora y’Umukuru w’Igihugu irimbanije cyane ko habura amezi agera kuri 4 gusa kugirango abe, Ni nako amashyaka atandukanye arimo Ishyaka PSD na PL yamaze kuba yemeza ko azashyigikira Paul Kagame. Nyuma ya PSD yahisemo gutanga Perezida Paul Kagame nk’umukandida wayo mu matora, Kuri iki Cyumweru, tariki ya 24 Werurwe […]

Continue Reading

Rayon Sports yegukanye shampiyona y’icyiciro cya mbere mu bagore.

Ikipe ya Rayon Sports y’abagore yegukanye igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere, ni nyuma yo gutsinda Muhazi United WFC 1-0. Ejo hashize tariki 23 werurwe 2024, hakinwaga umunsi wa 21 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu bagore, wari umunsi ubanziziriza uwa nyuma w’iyi shampiyona. Uyu mukino wagiye kuba Rayon Sports iyoboye urutonde n’amanota 55, AS […]

Continue Reading

Ishyaka rya PSD ryiyemeje kuzashyigikira Perezida Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu.

Ishyaka rya PSD ryiyemeje ko mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganijwe mu mezi ari imbere rizaba rishyigikiye Perezida Paul Kagame umukandida w’Ishyaka rya RPF Inkotanyi. Mu gihe amezi arimo yihuta ndetse ari nako imyiteguro y’amatora y’Umukuru w’Igihugu irimbanije cyane ko abura amezi agera kuri 4 gusa kugirango abe, Ni nako Kongere y’Igihugu y’Ishyaka PSD yemeje ko […]

Continue Reading

Amatora muri Senegal yo gutora umuyobozi mushya yatangiye kuri iki Cyumweru

Ku cyumweru, Abanyasenegali batonze umurongo kugira ngo batore mu marushanwa ya perezida atavugwaho rumwe cyane nyuma y’amezi adashidikanywaho n’imivurungano byagerageje izina ry’igihugu cya Afurika y’iburengerazuba nka demokarasi ihamye mu karere kahuye n’imivurungano mu myaka yashize. Amatora abaye nyuma y’uko Perezida Macky Sall atagerageje gusubika amajwi yo ku ya 25 Gashyantare kugeza mu mpera z’umwaka, bikurura […]

Continue Reading