Perezida Kageme yagize Dr Bagabe Cyubahiro, Umuyobozi mukuru wa RICA.

Amakuru Imibereho myiza. Rwanda

None kuwa 15 Werurwe 2024, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashyize Dr Bagabe Cyubahiro ku mwanya w’umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge.

Mu itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe ryagiraga riti “Ashingiye ku biteganywa n’itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 112, None kuwa 15 Werurwe 2024, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yagize Dr. Mark Cyubahiro Bagabe umuyobozi mukuru w’ikigo cy’igihugu gishinzwe Ubugenzuzi bw’Ubuziranenge, Ihiganwa mu bucuruzi no kurengera umuguzi {RICA}.

Ni itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe, Dr Eduard Ngirente mu bubasha ahabwa na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *