Eddy Kenzo nawe yasesekaye i Kigali, “BABA XPRIENCE” yahumuye Camp Kigali umuriro uraka.

Nyuma ya Humble Jizzo waraye ugeze I Kigali kuri uyu wa kane, Eddy Kenzo nawe yageze i Kigali ndetse ahagerana amatsiko menshi yo gutaramira abanyarwanda muri “BABA EXPERIENCE” Aba bahanzi bose baje I Kigali aho yitabiriye igitaramo cya Platini P, “BABA Experience” ni igitaramo cya Platin P wahoze mu itsinda rya Dream Boyz yateguye kugirango […]

Continue Reading

Urban Boys yahize kongera kwibutsa abakunzi bayo ko bagifite impano bakundiwe.

Humble Jizzo wo muri Urban Boys waraye ugeze I Kigali ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki ya 28 Werurwe 2024 na mugenzi we Nizzo Kaboss bateguje abakunzi babo byinshi mu gitaramo “BABA Experience”. Ku mugoroba wo kuri uyu wa 28 Werurwe 2024, Nibwo Manzi James wamenyekanye mu itsinda rya Urban Boys nka Humble […]

Continue Reading

“Inkuru ya 30” Perezida Kagame yashimiwe kuyobora neza urugamba rwo kubohora igihugu.

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye igitaramo cy’Itorero Inyamibwa AERG, cyashushanyirijwemo urugendo rw’imyaka 30 bamwe mu Banyarwanda bamaze barahejejwe ishyanga ndetse n’imyaka 30 ishize u Rwanda rubohowe. Iki gitaramo cyiswe Inkuru ya 30 cyabereye muri BK Arena, mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, tariki 23 Werurwe 2024, aho kitabiriwe n’imbaga y’abiganjemo urubyiruko. Perezida Kagame […]

Continue Reading

Bati ni Umunebwe, Agakomeza gutumirwa ahakomeye, Ibanga rya The Ben muri muzika ni irihe?

Abahanzi bo mu Rwanda The Ben na Li John batumiwe mu gitaramo gikomeye cy’iserukiramuco mpuzamahanga n’abandi bahanzi bakomeye muri Africa kizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Li John, The Ben na Diamond Platnumz n’abandi bahanzi batandukanye bo muri Africa bagiye guhurira mu gitaramo kigiye kubera Capital One Arena muri Washington, DC kuva ku munsi […]

Continue Reading

Bruce Melodie yasubije mugenzi we The Ben uherutse kumusaba imbabazi.

Bruce Melodie, yasubije The Ben uherutse kumusaba imbabazi ku bw’indirimbo bashatse gukorana bikarangira itabayeho, amwibutsa ko akwiye gushyira imbaraga mu kazi bityo ntabe yaterwa ishema no kuvuga ko yahaye umwanya imikino mbere y’akazi. Ni ubutumwa uyu muhanzi yatambukije abinyujije ku mbuga nkoranyambaga za 1:55 Media, sosiyete imufasha mu bijyanye n’umuziki akora. Bruce Melodie yagize ati […]

Continue Reading

Miss wa Uganda ufite inkomoko mu Rwanda yiteguye guhagararira igihugu cye mu marushanwa ya Miss World ya 71

Yavukiye ku mubyeyi wo mu Rwanda na se w’Umunyankore akurira mu mudugudu wa Kinoni, paruwasi ya Buremezi, mu karere ka Nakaseke. Hannah Karema Tumukunde yize ishuri mpuzamahanga rya Hana Uganda muri Nsangi na Seroma Christian High School i Mukono. Uyu mukobwa w’imyaka 21 yiyemeje kwiga no kwiteza imbere ku giti cye yakomeje aribyo byamuteye imbere […]

Continue Reading

Byamusabye kujya akoropa Studio, kugirango akore indirimbo ye ya mbere, Urugendo rugoye rwa Khalfan mu muziki.

Umuraperi NIZEYIMANA Oddo wamenyekanye nka Khalfan mu itsinda rya Home Boyz yahishuye byinshi bitangaje mu rugendo yanyuzemo kuva yatangira umuziki we bigoranye cyane. Uyu muraperi yatangaje inzira igoye yanyuzemo mu rugendo rwa muzika mu kiganiro “Kulture Talk” gitambutswa n’umunyamakuru Emmy Ikinege wa Igihe.com kuri uyu wa kabiri ubwo yatumirwaga mu kiganiro na mugenzi we Pfla […]

Continue Reading

Islael MBONYI ukomeje gushimangira ko umuziki we wagutse bihambaye, Yerekeje ibitaramo i Kampala na Mbarara.

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Islael MBONYI akomeje gushimangira ko umuziki we wagutse ukagera impande zose muri Africa y’Uburasirazuba ndetse agatanga ikizere ko imbere he ari heza kurusha. Kugeza ubu kuri gahunda yari afite yo kuzenguruka Afurika y’Uburasirazuba akora ibitaramo bitandukanye hiyongereyeho igihugu cy’Ubugande aho azakorera ibitaramo bigera kuri bibiri mu mpeshyi y’ukwezi […]

Continue Reading

Umuhanzi watsindiye Grammy wo muri Afurika yepfo Tyla yahagaritse kuzenguruka isi kubera imvune ‘mbi’

Muri Afurika y’Epfo, Tyla yahagaritse urugendo rwe rwa mbere rutegerejwe cyane ku isi mbere y’ibyumweru bibiri mbere yuko rutangira. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku rubuga rwe rwa Instagram, Tyla yatangaje ko guhitamo kwe guturuka ku gukenera gukira byimazeyo imvune yangiritse yagiye ahangana n’umwaka ushize. N’ubwo yagiye kwivuza, nyir’indirimbo yagaragaje ko ubuzima bwe bwifashe nabi cyane, […]

Continue Reading

Abakinnyi n’abakora ibya filimi barashimira uruhare Mr Ibu yagize mu ruganda rwa sinema.

Abafana, abakora amafilime, n’abakurikirana inganda babajwe no kubura umukinnyi w’inararibonye John Okafor, uzwi cyane ku izina rya Bwana ‘Mr’ Ibu. Ku wa gatandatu, Okafor wari uhanganye n’indwara kuva mu 2023, yitabye Imana azize gufatwa n’umutima afite imyaka 62 ku bitaro bya Evercare i Lekki, muri Leta ya Lagos. Perezida Bola Tinubu n’abandi Banyanigeria bakomeye bifatanije […]

Continue Reading