Platin P wiyise BABA yakoze igitaramo cy’amateka Abato n’abakuru bamuterera isaruti. {Amafoto}

Mu Ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu Tariki ya 30 Werurwe 2024, Umuhanzi Platin P yakoze igitaramo cy’Agatangaza afashwijwe na bagenzi be biganjemo abo batangiranye umuziki ndetse bakoranye igihe kirekire. Ni Igitaramo cyatangiye gitinze ugereranije n’amasaha yari yatangajwe ko kizatangirira, Gusa bamwe na bamwe bakaba bari batangiye kuhagera mu masaha ya saa 5:00 Pm, Ni […]

Continue Reading

Nyuma yo kubishimira cyane abakunzi babo bayobewe ibibaye ubwo Nizzo yahanukaga ku rubyiniro.

Itsinda rya Urban Boys ryongeye gushimangira ko ari abahanzi bagikunzwe cyane n’abanyarwanda ndetse ko baramutse bongeye kwihuza bagakora bakomezanya igikundiro cyabo bahoranye. Umuraperi Riderman nawe ni imwe mu bahanzi bahinduye isura y’Igitaramo nyuma yuko aririmbye indirimbo zitandukanye nka Horo, Nkwiye igihano, Umwana w’Umuhanda n’Izindi nyinshi, Kugeza Ubwo asanzwe ku rubyiniro na Urban Boys bakamufasha mu […]

Continue Reading

Centrafrique : Aba Polisi b’u Rwanda bagera kuri 320 bambitswe imidari y’ishimwe.

Ku wa kane, tariki ya 28 Werurwe, Umuryango w’Abibumbye UN, wahaye imidali y’ishimwe abapolisi 320 b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro (MINUSCA) muri Repubulika ya Centrafrique (CAR), mu rwego rwo kubashimira ubwitange n’umurava bakomeje kugaragaza mu kugarura amahoro, umutekano, no kurengera abaturage muri igihugu. Abo bapolisi bakuru bambitswe imidali harimo 139 bo mu […]

Continue Reading

South Africa : Impanuka ikomeye yahitanye abantu 45 harokoka umwana w’imyaka 8 gusa.

Muri Africa Yepffo haravugwa impanuka ikomeye yahitanye abasaga 45 bose bari bateraniye muri Bisi gusa hakarokokamo umwana muto w’umukobwa wo mu kigero cy’imyaka 8. Polisi yo mu muhanda yo muri iki gihugu yavuze ko abantu 45 bose bapfuye muri bitabye Imana ubwo iyi modoka ya bisi bari barimo yarohamaga mu manga y’umusozi muri metero 50 […]

Continue Reading

Platin yasobanuye impamvu Tom Close atari ku rutonde rw’abahanzi bazaririmba.

Platin P yagarutse ku bibazo byinshi bitandukanye yabajijwe n’abanyamakuru birimo n’icyo kuba Mugenzi we Tom Close atari ku rutonde rw’abazataramira abantu mu gitaramo cye. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29 Werurwe 2024 nibwo muri Hoter “Four Points” habereye ikiganiro n’itangazamakuru cyahuje abahanzi bazaririmba mu gitaramo cya Platin P yise “BABA XPRIENCE” kigomba kuba kuri […]

Continue Reading

Kamonyi : Abantu 8 bagwiriwe n’urukuta, Umwe ahasiga ubuzima.

Abantu 8 bagwiriwe n’urukuta rw’urugo rwaho bacukuraga umwe ahasiga ubuzima naho abantu 4 barakomereka cyane 2 bakomereka mu buryo bworoheje naho umwe ahabwa ubuvuzi bw’ibanze. Ni amakuru yamenyekanye ahagana saa yine n’iminota 15 aho bacukuraga umusingi wo kubakamo indi nyubako bikaba byabereye mu Murenge wa Runda, mu Kagali ka Ruyenzi mu Mudugudu wa Nyagacaca, Umuvugizi […]

Continue Reading

Eddy Kenzo nawe yasesekaye i Kigali, “BABA XPRIENCE” yahumuye Camp Kigali umuriro uraka.

Nyuma ya Humble Jizzo waraye ugeze I Kigali kuri uyu wa kane, Eddy Kenzo nawe yageze i Kigali ndetse ahagerana amatsiko menshi yo gutaramira abanyarwanda muri “BABA EXPERIENCE” Aba bahanzi bose baje I Kigali aho yitabiriye igitaramo cya Platini P, “BABA Experience” ni igitaramo cya Platin P wahoze mu itsinda rya Dream Boyz yateguye kugirango […]

Continue Reading

Urban Boys yahize kongera kwibutsa abakunzi bayo ko bagifite impano bakundiwe.

Humble Jizzo wo muri Urban Boys waraye ugeze I Kigali ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki ya 28 Werurwe 2024 na mugenzi we Nizzo Kaboss bateguje abakunzi babo byinshi mu gitaramo “BABA Experience”. Ku mugoroba wo kuri uyu wa 28 Werurwe 2024, Nibwo Manzi James wamenyekanye mu itsinda rya Urban Boys nka Humble […]

Continue Reading

Ikipe y’Igihugu Amavubi yageze I Kigali ikubutse muri Madagascar {Amafoto}

Nyuma yo kwitwara neza bakagaragaza ko batanga icyizere cyo kuzitwara neza mu gushaka Tike y’igikombe cy’Isi cya 2026, Ikipe y’Igihugu Amavubi bagarutse I Kigari bafite ibyishimo. Mu ijoro ryakeye rishyira uyu wa Kane, Nibwo ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yasesekaye ku kibuga cy’Indege cya Kigali {Kigali International Airport} ivuye mu mikino ya gicuti ibiri yabereye […]

Continue Reading

Bugesera : Yasubije moto yari yibye nyuma yo gutererezwa Inzuki.

Mu Karere ka Bugesera mu mujyi wa Nyamata haravugwa inkuru itangaje y’umusore wibye Moto umuvandimwe we akaza guhabwa isomo ryatumye yihutira gusubiza iyo moto uwo yayibye ndetse akarahira kutazongera ukundi. Umusore utuye mu Murenge wa Nyamata yasubije mukuru we moto yari yamwibye nyuma yo gutererezwa inzuki, Ahagana saa munani z’amanywa kuri uyu wa Kabiri nibwo […]

Continue Reading