Perezida wa Isiraheli nawe yageze mu Rwanda mu rwego rwo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi

Ku cyumweru, tariki ya 7 Mata, Perezida Isaac Hergoz wa Isiraheli, yageze mu Rwanda yitabira umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali mu masaha ya mu gitondo kugira ngo yifatanye n’abandi banyacyubahiro mu gushyira indabo ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, Gisozi, aho […]

Continue Reading

Gicumbi : Umusore yanizwe n’inyama kugeza ashizemo umwuka.

Mu karere ka Gicumbi haravugwa inkuru y’umusore wo mu kigero cy’imyaka 22 wapfuye azize inyama yariye ikaza kumuniga ikamuhagama kugeza imwambuye ubuzima. Ibi byabereye mu Karere ka Gicumbi, umurenge wa Byumba , Akagali ka Gacurabwenge umudugudu wa Rwasama, Aho uyu musore w’imyaka 22 bivugwa ko yamize inyama ikamuniga ndetse kugeza apfuye, Uyu musore witwa Dushimimana […]

Continue Reading

Ibyo wamenya ku mubyeyi (Umwana) wabyaye afite imyaka 5 gusa

Lina Medina, umukobwa ukiri muto ukomoka muri Peru yari akiri umwana ubwe igihe yibarukaga umwana w’umuhungu mu 1939, urubanza rukomeye rukaba rukomeje kuba amayobera atarakemuka kugeza na n’ubu. Impungenge zatangiye kwiyongera igihe Lina, wabaga mu mudugudu wa kure wa Andes, yatangiraga gukura bidasanzwe ndetse no kugira inda nini icyo gihe ababyeyi be babanje gutinya ko […]

Continue Reading

Minisitiri Dr Biruta Vicent yakiriye Perezida wa Czech n’uwa Madagascar mu Rwanda.

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr Vicent BIRUTA yakiriye abakuru b’Ibihugu bya Madagascar na Repubulika ya Czech, Aho baje mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda. Perezida wa Repubulika ya Czech, Petr Pavel na Andry Rajoelina wa Madagascar bageze mu Mujyi wa Kigali ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 5 Mata 2024. Aba bakuru b’ibihugu bakigera […]

Continue Reading

Kwibuka30: Minisitiri w’intebe wa Etiyopiya Abiy Ahmed yageze mu Rwanda mu rwego rwo kwibuka Jenoside

Ku wa gatandatu, tariki ya 6 Mata, Minisitiri w’intebe wa Etiyopiya, Abiy Ahmed yageze i Kigali, mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwanda, Kwibuka biteganijwe kuba guhera Kucyumweru tariki ya 7 Mata. Ahmed yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali mu masaha ya mu gitondo yo ku […]

Continue Reading

Kwibuka30: UNESCO yemeje inzibutso enye za Jenoside zongewe ku rutonde rw’umurage w’isi

Ku wa gatanu, tariki ya 5 Mata, UNESCO yashyikirije ibyemezo by’urwibutso rwa Jenoside mu Rwanda mu mwaka ushize byongewe ku rutonde rw’umurage w’isi. Inzibutso ni hamwe mu hantu ha nyuma ho kuruhukira KU bahohotewe na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yahitanye abantu barenga miliyoni mu gihe cy’amezi atatu. Izi mpamyabumenyi zatanzwe n’umuyobozi mukuru wa UNESCO, […]

Continue Reading

RIB yaburiye abanyarwanda kwigengesera ku magambo bakoresha, mu bihe byo kwibuka.

Mu gihe habura iminsi igera kuri ibiri gusa kugirango Abanyarwanda bose binjire mu cyumweu cyo kwibuka no kunabira inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, RIB iributsa abantu bose kwitwararika. Abantu bose baributswa kwigengesera muri ibi bihe by’akababaro bakazirikana kumenya amagambo bakoresha adasesereza ababuze ababo muri ibyo bihe by’icuraburindi ryaranze u Rwanda muri 1994 […]

Continue Reading

Nyaruguru : Yajugunye uruhinja yari amaze kubyara mu musarane w’akabari, Imana irahagoboka.

Mu Karere ka Nyaruguru haravugwa inkuru y’umukobwa bivugwa ko yabyaye umwana akamujugunya mu musarane w’akabari nyamara ya Mana irindira hose ikaza gutabara uwo muziranenge. Umukobwa w’imyaka 29, wirinzweg utangazwa amazina, utuye mu mudugudu wa Kibayi, akagari ka Mpanda, umurenge wa Kibeho, akarere ka Nyaruguru, birakekwa ko yabyaye umwana w’umuhungu akamujugunya mu musarane w’akabari yacururizagamo. Abantu […]

Continue Reading

Ibiciro bya Lisansi na mazutu byatumbagiye.

RURA yashyizeho ibiciro bishya bya Lisansi na mazutu ku ma sitasiyo yo hirya no hino mu gihugu, Aho byombi byazamutse cyane cyane lisansi yatumbagiye cyane. Kuri uyu wa Kane tariki 04 Mata 2024 Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ko igiciro gishya cya lisansi ari 1,764 Frw bivuze ko kiyongereyeho 127 Frw kuri litiro, Ni mu gihe […]

Continue Reading

Nyuma y’igihe kinini adakora indirimbo, Jose Chameleone yashyize hanze indirimbo yo guhimbaza Imana.

Joseph Mayanja wamamaye cyane nka Jose Chameleone yongeye gukora mu nganzo ashyira hanze indirimbo ihimbaza Imana nyuma y’igihe kinini atacyumvikana mu muziki nk’uko byahoze. Uyu muhanzi rurangiranwa Jose Chameleone wari umaze hafi umwaka adashyira hanze indirimbo ari wenyine kuri ubu yasohoye indirimbo nshya yo guhimbaza Imana yise “Nzigulira” bisobanura Nkingurira. Tubabwire ko Chameleone ari umwe […]

Continue Reading