USA : Umugabo yisanze muri Coma, Nyuma yo kudwingwa n’igitero cy’inzuki arimo atema igiti.

Amakuru Mu mahanga. Ubuzima Utuntu n'Utundi

Muri Kenya haravugwa inkuru y’umusore witwa Austin Bellamy wariwe n’inzuki nyinshi zikamudwinga mu gihe kinini kugeza bimuguye nabi akabura umwuka bikarangira yisanze muri Coma isanzwe ijyamo abenda gupfa.

Uyu musore yariwe n’izi nzuki ubwo yarimo atema igiti cy’indimu mu mu rugo rwe agerageza kwikorera amasuku, Akaza kugera ku mutiba wazo atabizi, Yaje kuwusagarira maze witura hasi niko kuvamo inzuki ibihumbi n’ibihumbi maze zataka umunyafurika koko, Izi nzuki zamudwinze ahantu hose zidatoranije no mu mutwe hose, mu ijosi no ku bitugu.

Austin Bellamy, umusore w’umunyamerika wimyaka 21 yasanze muri koma nyuma yo kugabwaho igitero n’izo nzuki, Izi nzuki zamwatatse zifite uburakari cyane dore ko yari ari kuzisenyera ubwugamo zubatse zivunitse maze nawe zimuhemba uburuhukiro bwo muri koma.

Austin Bellamy, ukomoka muri leta ya Ohio, muri Amerika, yari arimo atema igiti cy’indimu igihe yatemaga atabizi akingura umutiba w’inzuki, bituma inzuki ibihumbi n’ibihumbi by’inzuki zimwibasira Edwards yatangarije ikinyamakuru Fox19 Ati: “Igihe yatangiraga gutema iki giti yageze ku mutiba maze awutema atabizi arawutema maze nibwo inzuki zasohotse, agerageza kuzikwepa ariko ntiyabishobora.

Mu gihe umusore inzuki zamuryaga arimo avuga Ati: “Mana Mfasha! Mfasha! Mfasha! Abakamutabaye barimo nyirarume nabo baratewe, ku buryo batashoboraga gufasha uyu musore kuko nabo zabatatse cyane bivuze ko yagumye mu giti yabuze umwuka.

Hagati aho, Edwards yajyanywe mu bitaro byaho hafi muri Ambulance, Naho Nyina wa Bellamy, Shawna Carter, yavuze ko umuhungu we yariwe n’izo nzuki inshuro zirenga 20000 kandi ko yamize inzuki zigera kuri 30, avuga ko abakozi b’ibitaro bamukuyemo utwo dukoko tw’inzuki zapfuye mu nda.

Yongeyeho ko yapfuye amaze kumenya ibyabaye ku muhungu we, Ati: “Byarandenze cyane kumva aya makuru, Ku bwamahirwe Bellamy yavuye muri Coma mu gitondo cyo kuwa gatatu ariko aguma mu bitaro, Gusa Abaganga biteze ko azakira neza.

 

 

 

 

 

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *