Dore impamvu utagakwiye gusenya urugo rwawe ngo umugabo yaguciye inyuma.

Ni kenshi cyane humvikana inkuru z’ingo zasenyutse ndetse bamwe bakicana, abandi bakarogwa kubera ko umwe mu bashakanye yaciye inyuma undi. Gucana inyuma buriya n’ikintu abantu benshi cyane bibeshyaho bakakivanga n’urukundo, kandi nyamara ntaho bihuriye cyane cyane kuruhande rw’abagabo, usanga ntampamvu nimwe ishobora gusobanura impamvu umuntu aca inyuma uwo bashakanye, kuko tubona ingeri zose zibikora baba […]

Continue Reading

Dore amwe mu mafoto utabonye y’ubukwe bwa Youssef Rharb umukinnyi wa Rayon Sports.

Rutahizamu wa Rayon Sports ukomoka muri Maroc, Youssef Rharb yashyize hanze amafoto y’ubukwe bwe n’umugore we Issay Fatima. Amakuru atugeraho avuga ko ari ubukwe bwabaye mu mpera z’Ukuboza 2023, ari na yo mpamvu yatinze kugaruka gutangira imyitozo kuko yari yasabye uruhushya. Youssef Rharb, akaba yasangije abamukurikira amafoto y’ubukwe bwe na Issay Fatima aho yaherekejwe n’amagambo […]

Continue Reading

Niba umugabo akunda kuvuga aya magambo 3, Ujye umenya ko atinya cyane kubaho atagufite.

Reka tuvugishe ukuri: niba uri hano, birashoboka ko ugerageza gutesha agaciro ibyiyumvo by’umukunzi wawe. Ariko ibyo akenshi hari bimwe mu bintu bibitera. Akenshi abagore bakunda gutinya kwereru ibijyanye n’amarangamutima kuko bituma batinya ko bakakirwa nk’abanyantege nke. Uyu munsi tugiye kureba bimwe mu bintu cyangwa se amagambo umugabo cyangwa umuhungu mukunda avuga ajyanye n’amarangamutima ye, Aya […]

Continue Reading

Marina yigaramye iby’Urukundo ruvugwa hagati ye na Yvan Muziki.

Umuhanzikazi Marina Deborah, ygahakanye amakuru y’urukundo ruvugwa hagati ye n’umuhanzi mugenzi we witwa Yvan Muziki ndetse atangaza ko nta mukunzi kugeza ubu afite. Kuri uyu gatatu tariki ya 17 Mutarama 2024, Nibwo uyu muhanzikazi yatangaje mu kiganiro yagiranye na Radio Rwanda, ndetse ashimangira ko abagiye bavuga ko gukundana na Yvan Muziki byatumaga adakora cyane atari […]

Continue Reading

Ihere ijisho uburanga n’imiterere bya Keza Nabrizza wasajije Niyo Bosco mu rukundo. +[AMAFOTO]

Muri iyi minsi ku mbuga nkoranyambaga, Umuhanzi Niyo Bosco yagiye agaragaza ibyiyumviro bidasanzwe afitiye umukobwa witwa Keza Nabrizza, aho yanashyize amashusho abagaragaza bombi kuri Instagram nyuma akaza kuyasiba. Iyi nkuru yasakaye cyane ku wa Kabiri w’iki cyumweru tariki 16 mutarama 2024, ibwo Niyo Bosco yashyiraga kuri Instagram ye amashusho ari gusangira nuyu mukobwa, agaherekezwa n’amagambo […]

Continue Reading

Menya iby’amashusho ya Keza Nabrizza uri murukundo na Niyo Bosco, yateje impagarara.

Umuhanzi Niyo Bosco yahatiwe gusiba amashusho yasangije abamukurikira ku rubuga rwa Instagram, amugaragaza ari gusangira n’umukobwa bakundana. Uyu mukobwa witwa Keza Nabrizza bivugwa ko ari mu rukundo n’uyu muhanzi umaze kwigarurira imitima ya benshi kubera ibihangano bye. Aya makuru yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga mu ijoro ry’ejo hashize tariki 16 Mutarama 2024, nyuma y’uko uyu muhanzi […]

Continue Reading

Inkuru y’urukundo rwa Cedric na Grace (Igice cya 16)

Duherukana Mama Grace ajya kureba mucyumba maze agasanga umukobwa we ntawurimo, yaragiye ku mubyutsa ngo bajye kwa Cedric kubafata mu mugongo, kubera ibyago byo kubura umubyeyi. Nuko Mama Grace abuze umukobwa we mucyumba biramushobera, ajya gushakisha no hanze hose abura umuntu. Papa Grace: Ese byagenze gute ko mwahezeyo, nawe wagezeyo uhita wiryamira? Mama Grace: Aha […]

Continue Reading

Dore impamvu akenshi nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina, Umukobwa ariwe usigara yiruka ku muhungu.

Ubusanzwe mu miterere karemano y’umuhungu n’umukobwa ni abantu batandukanye cyane yemwe no mu buryo bafatamo ibintu usanga bidahura na gato ahubwo ugasanga ni abantu bakunze gusa n’abahanganye cyangwe bahiganwa. No mu rukundo rero ni kimwe, Umugabo akunda ibigararira Amaso, naho umugore agakunda iby’amarangamutima cyane, Niyo mpamvu usanga abasore benshi bazi kuvuga utugambo turyohereye,  aribo bigarurira […]

Continue Reading

Inkuru y’urukundo rwa Cedric na Grace (Igice cya 15)

Duheruka Mama Grace ajya kureba umugabo we agasanga aho yamusize mu ruganiriro ntawuhari, nuko yibaza aho yagiye n’impamvu yagiye biramucanga. Nuko Mama Grace ajya no mucyumba naho asanga nta muntu urimo, bikomeza kumucanga mugihe asohotse agiye hanze asanga umugabo we niho yicaye ku kabaraza yigunze, maze amubaza impamvu yigunze. Mama Grace: Mutware mwiza ko mbona […]

Continue Reading

killa Man wamamaye muri sinema nyarwanda yatangaje ko agiye gukora ubukwe n’umukunzi we shemsa bamaze imyaka 8 babana.

Umukinnyi wa filime nyarwanda wamamaye kw’izina rya killer Man yatangaje ko agiye gukora ubukwe n’umukunzi we shemsa bamaze imyaka isaga 8 babana nk’umugore n’umugabo ariko batarasezeranye. Uyu mwaka utangiranye udushya, aho harimo icyo twakwita uruhererekane rw’ubukwe mu byamamare haba mu Rwanda ndetse no hanze yarwo. Niyonshuti Yannick umaze kwamamara muri Sinema Nyarwanda nka Killa Man, […]

Continue Reading