Kwibuka 30
Amarushanwa yo kwibuka abazize Jenoside yashyizwe muri kamena uyu mwaka.
Ishyirahamwe ry’Umukino w’amaboko, Volleyball mu Rwanda (FRVB) ryatangaje ko irushanwa ryo kwibuka ku nshuro ya 30 abazize Jenoside yakorewe Abatutsi muw’ 1994, riteganyijwe kuva tariki 1-2 Kamena muri uyu mwaka. FRVB ni rimwe mu mashyirahamwe ya siporo mu Rwanda yashegeshwe bikomeye na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu Rwanda. Mu bakinnyi, abatoza, abafana n’abayobozi hose […]
Kicukiro mu murenge wa Gahanga habaye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 30.
Mu mujyi wa Kigali, akarere ka Kicukiro, mu Murenge wa Gahanga, ejo tariki 10 mata 2024, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi muw’ 1994. Icyi gikorwa cyitabiriwe n’abantu batandukanye barimo Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel, Antoine Cardinal Kambanda, ndetse n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo, Eng. Uwase Patricie. […]
Ubutumwa Kiliziya Gatolika yageneye Abanyarwanda muri iki gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 30.
Musenyeri wa Diyoseze ya Nyundo yatambukije ubutumwa kiliziya Gatulika yageneye Abanyarwanda muri iki gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bwo kubaha ikiremwa muntu no gusigasira Ubumwe bw’Abanyarwanda. Ubu butumwa bwateguwe na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro mu Nama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, butambutswa na Musenyeri Mwumvaneza Anaclet wa Diyosezi ya Nyundo. […]
Imikino
Urukiko rwa Siporo kw’ Isi (TAS) rwamaze gutesha agaciro ikirego cy’uwahoze ari umutoza wa APR FC.
Umunya-Maroc ufite ubwenegihugu bw’u Bubiligi, Adil Erradi Mohammed yareze iyi kipe kumuhagarika inyuranyije n’amategeko, none ikirego cyateshejwe agaciro. Amakuru atugeraho n’ uko uru Rukiko muri bimwe rwagendeyeho rwarasanze mu gihe uyu mutoza APR FC yamuhagarikaga mu kwezi kwa 10 umwaka wa 2020, atarigeze atera intambwe n’imwe ngo yandikire ikipe ayibaza icyo azira n’icyo bagendeyeho bamuhagarika. […]
Politiki
Perezida Kagame yasuye ubwami bw’Ubwongereza.
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame, ku munsi w’ejo nibwo yasesekaye ku mugabane w’Uburayi Aho ari muruzinduko mu gihugu cy’Ubwongereza. Kumunsi w’ejo kuwa kabiri tariki ya 9 Mata 2024, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yasuye Ubwami bw’u Bwongereza (UK), akaba yakiriwe na minisitiri w’Intebe Rishi Sunak. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu (Village Urugwiro) byatangaje ko […]
Minisitiri Dr Biruta Vicent yakiriye Perezida wa Czech n’uwa Madagascar mu Rwanda.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr Vicent BIRUTA yakiriye abakuru b’Ibihugu bya Madagascar na Repubulika ya Czech, Aho baje mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda. Perezida wa Repubulika ya Czech, Petr Pavel na Andry Rajoelina wa Madagascar bageze mu Mujyi wa Kigali ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 5 Mata 2024. Aba bakuru b’ibihugu bakigera […]
Kwamamaza
Utuntu n'utundi
Gicumbi : Umusore yanizwe n’inyama kugeza ashizemo umwuka.
Mu karere ka Gicumbi haravugwa inkuru y’umusore wo mu kigero cy’imyaka 22 wapfuye azize inyama yariye ikaza kumuniga ikamuhagama kugeza imwambuye ubuzima. Ibi byabereye mu Karere ka Gicumbi, umurenge wa Byumba , Akagali ka Gacurabwenge umudugudu wa Rwasama, Aho uyu musore w’imyaka 22 bivugwa ko yamize inyama ikamuniga ndetse kugeza apfuye, Uyu musore witwa Dushimimana […]
Umubyeyi yahisemo kuraga umutungo we ungana na miliyari 2 frw amapusi ye 2, nyuma yo gutereranwa n’abana be.
Ms. Liu w’imyaka 68 ubarizwa mu mujyi wa Shanghai, yibarutse abana batanu, kuri ubu akaba azahajwe n’indwara ya kanseri kugeza ubwo yatangiye kuraga imitungo ye ndetse uko yabikoze bitangaza benshi. Abaganga bamaze ku mubwira ko asigaje igihe gito cyo kubaho kitarangeje amezi 6, Ibi byatumye ahita afata ikemezo cyo kuraga imitungo ye hakiri kare, Televiziyo […]
Bugesera : Yasubije moto yari yibye nyuma yo gutererezwa Inzuki.
Mu Karere ka Bugesera mu mujyi wa Nyamata haravugwa inkuru itangaje y’umusore wibye Moto umuvandimwe we akaza guhabwa isomo ryatumye yihutira gusubiza iyo moto uwo yayibye ndetse akarahira kutazongera ukundi. Umusore utuye mu Murenge wa Nyamata yasubije mukuru we moto yari yamwibye nyuma yo gutererezwa inzuki, Ahagana saa munani z’amanywa kuri uyu wa Kabiri nibwo […]
Umurava TV
-
binance us Регистрация commented on Uganda : Umugabo yasize isomo nyuma yo kwicwa, maze ubutaka bamuzizaga buhinduka amaraso.: I don't think the title of your article matches th
-
binance commented on Nyuma y’iminsi mike atandukanye na USM Khenchela, Djabel yerekanywe mu ikipe nshya.: Thank you for your sharing. I am worried that I la
-
Dang k'y binance us commented on Inteko ishinga amategeko y’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi yatora kurengera ubwisanzure bw’itangazamakuru no kugabanya kuneka abanyamakuru: Your article helped me a lot, is there any more re
-
6296 commented on Ubwongereza burashinja Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi kuva mu masezerano yibijyanye n’ingufu: Fisting parlorFree t boy nakedGuun bsrrel condomCe
-
Регистрация в binance commented on Trump yaciwe miliyoni 370 z’ amadorari mu rubanza rw’uburiganya rwabereye i New York.: Thanks for sharing. I read many of your blog posts