Anne Rwigara, Umukobwa wa Assinapol Rwigara yitabye Imana.

Anne Rwigara, umukobwa wa Assinapol Rwigara wari umucuruzi ukomeye yitabye Imana azize urupfu rutunguranye aho yabaga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Ku myaka 41 y’amavuko. Hari hashize igihe kinini Anne Rwigara ataba mu Rwanda, kuko asanganywe ubwenegihugu bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Inshuro nyinshi yabaga ari muri Amerika cyangwa se mu Bubiligi aho […]

Continue Reading

Dore ibintu 3 utagomba kuganiriza abantu uko wishakiye.

Ubuzima ni umwalimu utanga ikizamini mbere yo kuguha amasomo, niyo mpamvu hari ibintu ugomba kwirinda kumbwira abandi uko wishakiye, utabanje gutekereza kenshi. Uyu munsi tugiye kubasangiza ibintu bigera kuri bitatu, utagomba kuganiriza abantu uko wishakiye. 1.Kwirinda kubaganiriza ibibazo by’ubuzima bwawe Si byiza kubwira uwo ubonye wese ibibazo byawe kuko 20% ntibaba babyitayeho, mu gihe 70% […]

Continue Reading

Congo : Ibiza by’imyuzure n’inkangu byatewe n’imvura nyinshi byahitanye abasaga 40.

Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo humvikanye inkuru y’icyiza cy’umwuzure wanahitanye ubuzima bw’abagera kuri 4 uturutse ku mvura imaze iminsi yibasiye icyirere cy’iki gihugu. Amakuru yatangajwe n’ubuyobozi bwa Kivu y’Amajyepfo, yavugaga ko imvura imaze iminsi igwa muri iki gihugu ndetse no mu bihugu by’abaturanyi ariyo yabaye imbarutso y’uyu mwuzure cyane ko yatumye ubutaka bworoha cyane, […]

Continue Reading

Umugabo w’Umuyapani wigize imbwa ‘ntashaka kubaho ubuzima bw’imbwa’

Umugabo w’Umuyapani wakoresheje amadorari 14K ni ukuga arenga Million 14 z’amanyarwanda ayo yose yayakoresheje akoresha imyambara imugaragaza nk’imbwa nkuko murabibona ku ifoto. “batamenyeshejwe nabi” niba batekereza ko ashaka kubaho nkimbwa. Ku ya 21 Nyakanga, amashusho y’umugabo wambaye ikositimu cyangwa imyambaro ituma bamwe babona ko iri mu ishusho y’imbwa ya collie yazengurukaga mu mihanda ya Tokiyo […]

Continue Reading

Uganda: Inyama zabaye nk’ibishyimbo byo mu Rwanda.

Mu minsi mikuru ahantu hamwe na hamwe haba hari ibirori bitandukanye, bamwe baba biteguye mu minsi mikuru ya Noheli ndetse n’ubunane. Uyu munsi rero Umurava News ukubereye i Bugande aho kurubu inyama itari kuva ku munwa w’umuntu uri muri iki gihugu gituranye n’u Rwanda kikaba kandi igihugu kizwiho kugira imirire itandukanye. Umunyamakuru wacu, Kuwa Gatanu […]

Continue Reading

Ntibisanzwe! Umubyeyi ufite nyababyeyi ebyiri yabyaye inshuro ebyiri mu minsi ibiri itandukanye.

Kelsey Hatcher ni umubyeyi ufite nyababyeyi ebyiri yabyaye kabiri mu minsi ibiri itandukanye, yabyaye umukobwa kuwa kabiri, bukeye bwaho no kuwa gatatu abyara undi mwana. Kelsey Hatcher w’imyaka 32,  yabyariye ku bitaro bya University of Alabama at Birmingham  (UAB). Uyu mubyeyi atangaza iyi nkuru ye y’abana b’ibitangaza ku mbuga nkoranyambaga, Kelsey yashimiye cyane abaganga avuga […]

Continue Reading

Skol Brewery Ltd yageneye Ferwacy Inkunga y’ibikoresho bya Siporo byo kubafasha kwitegura amarushanwa. (Amafoto)

Uruganda rwa SKOL Brewery Ltd rusanzwe ari umuterankunga mukuru wa Rayon Sports yo mu kiciro cya mbere muri Shampiyona y’ U Rwanda rwahaye impano zikomeye ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda Ferwacy. Iki gikorwa cyabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 22 Ukuboza 2023 , Aho uru ruganda rukora ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye rwa Skol Brewery Ltd […]

Continue Reading

Ubwoba n’igishyika ni byose mu bamaze kuzahazwa na Coronavirus yagarutse mu yindi sura.

Icyorezo cyahagaritse benshi amaraso byumwihariko mu mwaka wafatwaga n’uwamateka ndetse w’iterambere rihambaye cyane 2020 cya Coronavirus cyongeye gusasa imigeri hirya no hino mu bihugu bitandukanye. Amakuru yasakaye aravuga ko icyi cyorezo cyagarutse cyihinduranyije ihabwa n’izina rishya rya JN.1, ni nako ngo yongeye gutangira kuzahaza abatari bacye cyane cyane muri Leta zunze ubumwe za Amerika nkuko […]

Continue Reading

Ukoresheje uburyo karemano haribyo wakora ukarinda uruhu rwawe gusaza rugahorana itoto.

Hari ubwo umubona umuntu wamenya imyaka afite ugatangara kuko aba agararagara nk’ukiri muto kandi akuze.Hari uburyo buri wese yabigeraho akoresheje ibintu bifasha umubiri guhorana itoto haba ku ruhu inyuma no mu buzima bwe muri rusange. Nukurikiza ibi bintu by’ingenzi tugiye kukugezaho kandi bidasaba ubushobozi buhambaye nawe bizatuma ugira itoto kuko nta muntu wifuza gusaza imburagihe. […]

Continue Reading

Umugororwa wo muri Amerika yarekuwe nyuma y’imyaka 48 yari amaze muri gereza azira ubwicanyi atakoze.

Umucamanza wo muri Oklahoma yahanaguyeho icyaha umugabo wari umaze imyaka 48 muri gereza azira ubwicanyi atakoze, igihano kimaze igihe kirekire kizwi muri Amerika. Glynn Simmons w’imyaka 70 yarekuwe muri Nyakanga nyuma y’urukiko rw’ibanze rusanze ibimenyetso by’ingenzi mu rubanza rwe bitashyikirijwe abamwunganira. Ku wa mbere, umuyobozi w’akarere ko mu ntara yavuze ko nta bimenyetso bihagije byemeza […]

Continue Reading