Perezida Kagame Paul yashyizeho Inama y’Ubujurire ku mpunzi.

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame yashyizeho Inama y’ubujurire ku mpunzi n’abasaba sitati y’ubuhunzi mu gihugu, mu gihe batayemerewe ku nshuro ya mbere. Uru ni urwego ubuzima gatozi, ubwigenge n’ubwisanzure mu miyoborere no mu micungire y’abakozi n’umutungo. Rwatangajwe mu Iteka rya Perezida N° 051/01 ryo ku wa 19/04/2024 rigenga Inama y’Ubujurire ku mpunzi n’abasaba sitati […]

Continue Reading

NEC yasabye Abanyarwanda kubahiriza amategeko agenga amatora.

Mu gihe abanyarwanda barimo kwitegura amatora y’umukuru w’igihugu n’ay’Abadepite, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC), irasaba ko amategeko n’amabwiriza bigenga amatora byarushaho kubahirizwa. NEC yavuze ko bagomba kwitwararika ibitemewe nko kwamamaza abakandida kuko igihe cyabyo kitaragera. Ibi NEC yabisabye mu gihe guhera tariki 15 Mata 2024, abifuza kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika no mu Badepite, […]

Continue Reading

Perezida wa Isiraheli nawe yageze mu Rwanda mu rwego rwo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi

Ku cyumweru, tariki ya 7 Mata, Perezida Isaac Hergoz wa Isiraheli, yageze mu Rwanda yitabira umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali mu masaha ya mu gitondo kugira ngo yifatanye n’abandi banyacyubahiro mu gushyira indabo ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, Gisozi, aho […]

Continue Reading

Kwibuka30: Minisitiri w’intebe wa Etiyopiya Abiy Ahmed yageze mu Rwanda mu rwego rwo kwibuka Jenoside

Ku wa gatandatu, tariki ya 6 Mata, Minisitiri w’intebe wa Etiyopiya, Abiy Ahmed yageze i Kigali, mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwanda, Kwibuka biteganijwe kuba guhera Kucyumweru tariki ya 7 Mata. Ahmed yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali mu masaha ya mu gitondo yo ku […]

Continue Reading

Kwibuka30: UNESCO yemeje inzibutso enye za Jenoside zongewe ku rutonde rw’umurage w’isi

Ku wa gatanu, tariki ya 5 Mata, UNESCO yashyikirije ibyemezo by’urwibutso rwa Jenoside mu Rwanda mu mwaka ushize byongewe ku rutonde rw’umurage w’isi. Inzibutso ni hamwe mu hantu ha nyuma ho kuruhukira KU bahohotewe na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yahitanye abantu barenga miliyoni mu gihe cy’amezi atatu. Izi mpamyabumenyi zatanzwe n’umuyobozi mukuru wa UNESCO, […]

Continue Reading

Nyabihu : Mugabarigira Eric wayoboraga umudugudu wa Jari yishwe akaswe ubugabo bwe..

Mu karere ka Nyabihu, Umudugudu wa Jari, Akagari ka Nyarutembe byo mu murenge wa Rugera haravugwa inkuru y’umuyobozi wishwe urupfu rubi akaswe ubugabo bwe n’abantu bataramenyekana. Uyu muyobozi witwa Mugabarigira Eric wayoboraga umudugudu wa Jari mu Kagari ka Nyarutembe, Umurenge wa Rugera mu Karere ka Nyabihu yishwe akaswe ubugabo mu gitondo cyo kuri uyu wa […]

Continue Reading

NESA yatangaje igihe abanyeshuri bazagira mu biruhuko.

Abanyeshuri biga mu mashuri abanza ndetse n’ayisumbuye bamaze kumenyeshwa ingengabihe yabo ya gahunda yo kwerekeza mu biruhuko by’igihembwe cya kabiri cy’umwaka w’amashuri 2024. Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyatangaje gahunda y’uko abanyeshuri bazataha bajya mu biruhuko by’igihembwe cya kabiri cy’umwaka w’amashuri 2023/2024, hashingiwe ku ngengabihe y’amasomo ya Minisiteri y’Uburezi. NESA yasohoye amatangazo ajyanye […]

Continue Reading

Amavubi agomba gucakirana na Madagascar yasize abakinnyi bagera kuri 13 muri 38 bahamagawe.

Ikipe y’igihugu Amavubi igomba gutangira irushanwa ry’imikino ya Gishuti igera kuri ibiri yamaze kujonjora abakinnyi bagomba kwerekeza muri Madagascar mu bakinnyi bagera kuri 38 bari bahamagawe n’umutoza Frank Spittler. Abakinnyi 13 muri 38 umutoza w’Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Frank Spittler yari yahamagaye bakuwe mu ikipe yerekeza muri Madagascar mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere […]

Continue Reading

Inkangu mu Rwanda ituma habaho gusenyuka ku mipaka ya Kongo n’u Rwanda.

Umujyi wa Buhozi mu gace ka Kabare gaherereye mu majyepfo ya Kivu, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC), hafi y’umupaka w’u Rwanda, wongeye kugwa bitewe n’nkangu mu minsi ibiri ishize. Iyi mpanuka nshya yibasiye uruzi rwa Ruzizi n’umusozi wa Nyamagana muri DRC. Sosiyete sivile yo mu karere irahamagarira ingamba z’umutekano zongerewe kugira ngo ingabo z’amahanga […]

Continue Reading

Perezida Kageme yagize Dr Bagabe Cyubahiro, Umuyobozi mukuru wa RICA.

None kuwa 15 Werurwe 2024, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashyize Dr Bagabe Cyubahiro ku mwanya w’umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge. Mu itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe ryagiraga riti “Ashingiye ku biteganywa n’itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 112, None kuwa 15 Werurwe […]

Continue Reading