NESA yatangaje igihe abanyeshuri bazagira mu biruhuko.

Abanyeshuri biga mu mashuri abanza ndetse n’ayisumbuye bamaze kumenyeshwa ingengabihe yabo ya gahunda yo kwerekeza mu biruhuko by’igihembwe cya kabiri cy’umwaka w’amashuri 2024. Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyatangaje gahunda y’uko abanyeshuri bazataha bajya mu biruhuko by’igihembwe cya kabiri cy’umwaka w’amashuri 2023/2024, hashingiwe ku ngengabihe y’amasomo ya Minisiteri y’Uburezi. NESA yasohoye amatangazo ajyanye […]

Continue Reading

Amavubi agomba gucakirana na Madagascar yasize abakinnyi bagera kuri 13 muri 38 bahamagawe.

Ikipe y’igihugu Amavubi igomba gutangira irushanwa ry’imikino ya Gishuti igera kuri ibiri yamaze kujonjora abakinnyi bagomba kwerekeza muri Madagascar mu bakinnyi bagera kuri 38 bari bahamagawe n’umutoza Frank Spittler. Abakinnyi 13 muri 38 umutoza w’Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Frank Spittler yari yahamagaye bakuwe mu ikipe yerekeza muri Madagascar mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere […]

Continue Reading

Inkangu mu Rwanda ituma habaho gusenyuka ku mipaka ya Kongo n’u Rwanda.

Umujyi wa Buhozi mu gace ka Kabare gaherereye mu majyepfo ya Kivu, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC), hafi y’umupaka w’u Rwanda, wongeye kugwa bitewe n’nkangu mu minsi ibiri ishize. Iyi mpanuka nshya yibasiye uruzi rwa Ruzizi n’umusozi wa Nyamagana muri DRC. Sosiyete sivile yo mu karere irahamagarira ingamba z’umutekano zongerewe kugira ngo ingabo z’amahanga […]

Continue Reading

Perezida Kageme yagize Dr Bagabe Cyubahiro, Umuyobozi mukuru wa RICA.

None kuwa 15 Werurwe 2024, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashyize Dr Bagabe Cyubahiro ku mwanya w’umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge. Mu itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe ryagiraga riti “Ashingiye ku biteganywa n’itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 112, None kuwa 15 Werurwe […]

Continue Reading

FERWAFA Yasabye amakipe afashwa n’uturere kwicutsa, agashakira ubufasha ahandi.

FERWAFA yasabye amakipe ahabwa ubufasha n’uturere akomokamo kugerageza kwirwanaho mu buryo bw’ubushobozi n’amikoro nyuma yuko bigaragaye ko nubundi hari amakipe akomeza kugaragaza ibibazo by’amikoro nyamara yitwa ko afashwa n’utwo turere. Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryasabye amakipe ashamikiye cyangwa afashwa n’uturere mu buryo bumwe cyangwa ubundi, gushaka ubundi buryo bwo kwinjiza amafaranga kuko inkunga […]

Continue Reading

Ubu ikibazo cy’abimukira mu Bwongereza kigiye gucyemurwa n’ifaranga

Abimukira basaba ubuhunzi mu Bbwongereza bazahabwa £ 3000 ($ 3.800 ni ukuvuga arenga miliyoni 4 hafi eshanu) yo kwimukira mu Rwanda. Ubwongereza bumaze kugira gahunda ihari yo kwishyura abasaba ubuhunzi bananiwe gusubira mu bihugu byabo. Ku wa kabiri, ibitangazamakuru byaho byatangaje ko ariko ingamba nshya zireba abadashobora gusubira mu bihugu bakomokamo. Amafaranga yo kwishyura abimukira […]

Continue Reading

Umujyi wa Kigali watangaje ko ufite Bisi nshya kubifuza gukora akazi ko gutwara abantu.

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwahaye rugari abifuza gushora imari mu gutwara abantu, ko bubafitiye bisi nshya zigurishwa zo mu bwoko bwa Yutong ZK6106HG. Iri tangazo ryashyizweho umukono n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Samuel Dusengiyumva, rivuga ko abifuza izo bisi bashobora kujya ku biro by’uyu Mujyi gusaba inyandiko ikubiyemo ibisabwa, guhera kuri uyu wa Mbere tariki 11 […]

Continue Reading

Rubavu: Umwuzure wahitanye abana babiri, umwe arakomereka

Ku wa gatandatu, tariki ya 9 Werurwe umugezi wa Nyagashongi mu Murenge wa Gisenyi, mu Karere ka Rubavu, wahitanye abana babiri abandi barakomereka ubwo bari munsi y’ikiraro. Nk’uko byatangajwe na Prosper Mulindwa, Umuyobozi w’akarere ka Rubavu, ngo ibyabereye mu Mudugudu wa Nyabagobe, mu Kagari ka Nengo, aho abo bana batatu bari munsi y’ikiraro cya Nyagashongi […]

Continue Reading

Col Stella Uwineza yavuze ku byatumye yinjira muri RDF

Yambaye imyenda ya gisirikare, Col Stella Uwineza yumva inzozi ze zarabaye impamo: gukorera igihugu cye binyuze mu gisirikare. Uwineza ni umwe mu bagize ingabo zirwanira mu kirere mu Rwanda – ishami ry’ingabo z’u Rwanda (RDF). Ari mu bagore barindwi bazamuwe ku ntera ya Coloneli – kuva kuri Liyetona Koloneli, ku ya 19 Ukuboza 2023 – […]

Continue Reading

Kigali : Imodoka “Suzuki Vitara” yari itwaye abana ku ishuri yafashwe n’inkongi irashya irakongoka.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 1 Werurwe 2024, Mu Karere ka Nyarugenge, Umurenge wa Nyamirambo, Akagari ka Kivugiza habereye impanuka itunguranye y’imodoka yo mu bwoko bwa Suzuki Vitara, yahiye igakongoka. Amakuru avuga ko iyi modoka yafashwe n’inkongi y’umuriro bitunguranye, Ubwo yari itwaye abana bato ku ishuri ariko ngo Polisi y’ u […]

Continue Reading