Ubutumwa Kiliziya Gatolika yageneye Abanyarwanda muri iki gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 30.

Musenyeri wa Diyoseze ya Nyundo yatambukije ubutumwa kiliziya Gatulika yageneye Abanyarwanda muri iki gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bwo kubaha ikiremwa muntu no gusigasira Ubumwe bw’Abanyarwanda. Ubu butumwa bwateguwe na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro mu Nama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, butambutswa na Musenyeri Mwumvaneza Anaclet wa Diyosezi ya Nyundo. […]

Continue Reading

Nyuma y’igihe kinini adakora indirimbo, Jose Chameleone yashyize hanze indirimbo yo guhimbaza Imana.

Joseph Mayanja wamamaye cyane nka Jose Chameleone yongeye gukora mu nganzo ashyira hanze indirimbo ihimbaza Imana nyuma y’igihe kinini atacyumvikana mu muziki nk’uko byahoze. Uyu muhanzi rurangiranwa Jose Chameleone wari umaze hafi umwaka adashyira hanze indirimbo ari wenyine kuri ubu yasohoye indirimbo nshya yo guhimbaza Imana yise “Nzigulira” bisobanura Nkingurira. Tubabwire ko Chameleone ari umwe […]

Continue Reading

Agarutse yariye karungu, Imbamutima za Apôtre Yongwe, Nyuma yo gufungurwa.

Nyuma guhamwa n’icyaha ariko agahanishwa igihano cy’igifungo gisubitse ndetse n’amande y’amafaranga, Apôtre Yongwe agarukanye imihigo ihambaye nyuma yo kwigira byinshi mu bihe yanyuzemo bitoroshye. Kuri uyu wa kabiri tariki ya 19 Werurwe 2024, Nibwo Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwategetse ko Harelimana Joseph wamamaye cyane ku mazina ya Apôtre Yongwe uhamwa n’icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi […]

Continue Reading

Nigeria : Abagera kuri 11 batawe muri yombi bazira kurya mu gisibo cya Ramadhan.

Mu gihe Ku Isi hose abayisiramu bamaze iminsi micye batangiye igisibo cya Ramadhan aho abayisiramu bose baba bari mu masengesho ndetse batemerewe kurya mu masaha atarabigenewe. Ki gicamunsi cyo kuri uyu wa kane tariki ya 14 Werurwe 2024, Polisi ya kisilamu muri Nigeria izwi ku izina rya Hisbah, yataye muri yombi Abayisilamu 11 bafashwe bari […]

Continue Reading

Abakristu basuye Isiraheli nk’abakorerabushake mu gihe cy’intambara

Ibi ni ukuri cyane cyane muri Amerika, aho uruhare rwabo muri politiki rwagize uruhare mu gushyiraho politiki ya Isiraheli y’ubuyobozi bwa Repubulika iherutse. Kuva intambara ya Isiraheli na Hamas yatangira amezi atanu ashize, abavugabutumwa basuye Isiraheli ari benshi kugira ngo bitange kandi bafashe gushyigikira intambara. Ubukerarugendo muri Isiraheli bwagabanutse kuva mu Kwakira. Minisiteri y’ubukerarugendo ivuga […]

Continue Reading

Kuri uyu wa mbere u Rwanda rwinjiye mu kwezi kw’igisibo gitagatifu cya Ramadhan.

Umuryango w’Abayislamu mu Rwanda winjiye mu kwezi kw’igisibo gitagatifu cya Ramadhan, gifatwa nk’umwanya wo kurushaho gusenga, gufasha abatishoboye no kwegera Imana cyane mu isengeho. Mw’itangazo ryasohowe na Mufti w’u Rwanda, Sheikh Hitimana Salim ku Cyumweru tariki 10 Werurwe 2024, yamenyesheje Abayislamu n’Abanyarwanda muri rusange ko igisibo cy’ukwezi gutagatifu kwa Ramadhan gitangira kuri uyu wa Mbere […]

Continue Reading

Sudani: Loni irahamagarira guhagarika imirwano mbere y’ukwezi gutagatifu kwa Musilamu

Ku wa gatanu, akanama k’umuryango w’abibumbye gashinzwe umutekano kasabye amashyaka yarwanaga na Sudani guhita ahagarika imirwano mu kwezi gutagatifu kw’abayisilamu kwa Ramadhan kandi akemera ko imfashanyo igera ku bantu miliyoni 25 bakeneye cyane ibiryo n’ubundi bufasha. Biteganijwe ko Ramazani izatangira ku wa mbere cyangwa hafi yayo, bitewe no kubona ukwezi. Inama y’abanyamuryango 15 yatoye cyane […]

Continue Reading

Umuryango w’abayisilamu bo muri Kenya witeguye Ramadhan

Ku wa gatanu ushize mbere ya Ramadhan, abagize umuryango w’abayisilamu bo muri Kenya bateraniye ku isoko ryaho cyangwa bahurira ku masengesho ku musigiti mukuru mu murwa mukuru Nairobi. “Nishimiye Ramadhan, Inshallah Khair (Nibyiza, nkuko Imana ibishaka). Allah yaradushoboje, Imana ishimwe. Twishimiye nk’abayisilamu Inshallah. Turasenga Allah ngo adushoboze kugera kuri Ramadhan itaha, byose ni byiza, Imana […]

Continue Reading

Islael MBONYI ukomeje gushimangira ko umuziki we wagutse bihambaye, Yerekeje ibitaramo i Kampala na Mbarara.

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Islael MBONYI akomeje gushimangira ko umuziki we wagutse ukagera impande zose muri Africa y’Uburasirazuba ndetse agatanga ikizere ko imbere he ari heza kurusha. Kugeza ubu kuri gahunda yari afite yo kuzenguruka Afurika y’Uburasirazuba akora ibitaramo bitandukanye hiyongereyeho igihugu cy’Ubugande aho azakorera ibitaramo bigera kuri bibiri mu mpeshyi y’ukwezi […]

Continue Reading

U Rwanda rwahawe n’UBuyapani inguzanyo ya Miliyari 118 Frw zo guteza imbere ikoranabuhanga mu burezi.

Leta y’u Rwanda yasinyanye n’iy’u Buyapani amasezerano y’inguzanyo ya miliyari 14 z’amayeni, ahwanye na miliyari 118 z’amafaranga y’u Rwanda, azifashishwa mu guteza imbere ikoranabuhanga mu burezi. Aya masezerano yashyizweho umukono kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 5 Werurwe 2024 na Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Ndagijimana Uzziel na Ambasaderi w’u Buyapani mu Rwanda, Isao Fukushima. Inguzanyo […]

Continue Reading