Dore urutonde rw’indirimbo 5 zimaze kurebwa cyane ku rubuga rwa youtube kw’Isi yose kuva 2010 kugeza 2023.

Umuziki ni uruvangitirane rw’amajwi yiganjemo ibicurangisho, ingoma ndetse n’umudiho, umuziki kandi ni kimwe mu bintu ushobora gumva ahantu hatandukanye, aho bawifashisha nko mubirori, ubukwe, mu nsengero, mu tubyiniro, mu gushyingura, ku maradiyo, iwawe murugo ukawumva ndetse n’ahandi hatandukanye. Hariho imiziki iba ikoze mu buryo bw’amajwi gusa (Audio), hakaba n’imiziki iba ikozwe mu buryo bw’amajwi n’amashusho […]

Continue Reading

The Ben avuye imuzi Ibijyanye n’indirimbo ye yakuwe kuri Youtube atanga icyizere ko isubiraho.

Indirimbo y’umuhanzi The Ben yari aherutse gukora irimo n’umugore we Pamella UWICYEZA mu mashusho yayo yamaze gukurwa kuri Youtube ku bw’impamvu zinyuranye yarezwe zatumye ikurwa kuri uru rubuga. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, tariki 25 Ukuboza 2023, Nibwo iyi indirimbo ‘Ni Forever’ ya The Ben yakuwe ku rubuga rwa YouTube, Ishinjwa gukoreshwa nk’igihangano […]

Continue Reading

Mu gitaramo cyanitabiriwe na The Ben, Islael Mbonyi yongeye kunyeganyeza inkuta za BK Arena. {Amafoto}

Islael MBONYI yongeye gukora amateka amenyereweho gukora mu minsi mikuru mu bitaramo asanzwe akora, Ijoro ryahise yataramiye abasaga ibihumbi 10 muri BK Arena mu gitaramo cyagarayemo umuhanzi ukunzwe cyane The Ben. Kuri icyi cyumweru tariki ya 25 Ukuboza 2023, umunsi usanzwe wizihizwa nka Noheri {Ivuka rya Yesu} muri BK Arena habereye igitaramo cyo guhimbaza no […]

Continue Reading

Indirimbo ya The Ben yari ikunzwe cyane yakuwe ku rubuga rwa Youtube yari imazeho iminsi 9.

Nyuma yo kuryoherwa n’ibirori by’ubukwe bwe ndetse no kongera kwigarurira abakunzi be akora mu nganzo agasohora indirimbo nshya yise “Ni Forever” The Ben yongeye kubihirwa mu ijoro ryashize. Indirimbo y’umuhanzi The Ben yari aherutse gukora irimo n’umugore we Pamella UWICYEZA mu mashusho yayo yamaze gukurwa kuri Youtube ku bw’impamvu zinyuranye yarezwe, Ku mugoroba wo kuri […]

Continue Reading

Yago yongeye kwibasirwa mu ndirimbo nshya ihuriwemo n’ibyamamare bitandukanye birimo Dj Brianne na Rocky Kimomo.

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi uzwi ku izina rya Yago PonDat yongeye kwibasirwa mu ndirimbo nshya yiswe ‘Pressure’ ihuriwemo n’ibyamamare  bitandukanye birimo Dj Brianne, Rocky Kimomo, Junior Rumaga, Sean Brizz, Ddumba n’abandi. Hashize iminsi hacicikana inkuru zitandukanye ku mbuga nkoranyambaga zivuga ku makimbirane ari hagati y’umuhanzi Yago na Dj Brianne, buri umwe avuga ibye n’undi akavuga ibye […]

Continue Reading

Nta Noheri i Betelehemu uyu mwaka. Hamwe n’intambara muri Gaza, nta munezero nta mucye uri ku ivuko rya Yesu.

Mu nkuru mperuka kubagezaho nababwiraga ko ku ivuko rya Yesu aho bivugwa ko ariho Yesu yavukiye i Betelehemu ko nta birori bya Noheli bazizihiza kuko hamaze iminsi intambara ishyamiranyije na leta ya Israheli ndetse n’umutwe wa Hamas. Aka kanya abacuruzi bakorera i Betelehemu bakomeje kugerageza kureshya abakiriya kugira ngo babagurire, Imvugo yamaze guhinduka ubu icyo […]

Continue Reading

Meddy na Diamond basobanuye impamvu bongeye kubura mu bukwe bwa The Ben.

Meddy na Diamond Platnumz bari bitezwe cyane mu bukwe bwa The Ben na Pamella bwabaye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 23 Ukuboza 2023 ntibabonetse bakoresheje ubutumwa bifashishije umuyoboro w’ikoranabuhanga. Ubu bukwe bwabaye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 23 Ukuboza 2023, Mu muhango wabereye mu rusengero rwa Eglise Vivante de Jésus Christ, ruherereye ahazwi nko ku […]

Continue Reading

Igitaramo cyahumuye, Amatike yamaze gushira ku Isoko mu gihe abakiyashaka bajya kungana n’abamaze kuyagura.

Inkuru ihari ni uko ngo amatike yo kwinjira mu gitaramo cy’umuramyi MBONYI Islael yamaze gushira ku isoko nyamara mu gihe abari kuyashaka bajya kungana n’abamaze kuyagura, Ibi bigashimangira cyane urukundo uyu muhanzi afitiwe mu Rwanda no hnze yarwo. Islael Twashobora kuvuga ko inzozi ze zabaye impamo kuko yamaze kwibikaho umufana munini ndetse amaze kubaka amwe […]

Continue Reading

Benshi batunguwe cyane n’umusatsi The Ben yari afite mu bukwe bibaza niba ari umugurano?

Umuhanzi MUGISHA Benjamin uzwi nka The Ben yasezeranye n’umufasha we UWICYEZA Pamella imbere y’Imana mu birori byagaragayemo ibyamamare byinshi birimo n’abo batangiranye umuziki. Ubu bukwe bwabaye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 23 Ukuboza 2023, Mu muhango wabereye mu rusengero rwa Eglise Vivante de Jésus Christ, ruherereye ahazwi nko ku Irebero mu Karere ka Kicukiro […]

Continue Reading

The Ben n’umugore we Pamella basezeranye imbere y’Imana, bambarirwa n’abanyamuziki benshi. {Amafoto}

Umuhanzi MUGISHA Benjamin uzwi nka The Ben yasezeranye n’umufasha we UWICYEZA Pamella imbere y’Imana mu birori byagaragayemo ibyamamare byinshi birimo n’abo batangiranye umuziki. Ubu bukwe bwabaye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 23 Ukuboza 2023, Mu muhango wabereye mu rusengero rwa Eglise Vivante de Jésus Christ, ruherereye ahazwi nko ku Irebero mu Karere ka Kicukiro […]

Continue Reading