Dore amafoto utabonye y’ubukwe bwa Sadio Mane wakoze ubukwe mw’ibanga {AMAFOTO}

Sadio Mane, ni rutahizamu ukomoka muri Senegal ku mugabane w’Afrika, akaba akinira Ikipe ya Al Nassr muri Saudi Arabia, yanyuze no mw’ikipe ya Liverpool, uyu mukinnyi yakoze ubukwe mw’ibanga ibintu byatunguye abantu benshi. Sadio Mane yigeze kuvugwaho umubano wihariye n’Umunyarwandakazi witwa Kate Bashabe, yamaze kurushinga na Aisha Tamba, basezeranye kubana nk’umugore n’umugabo. N’ubukwe bwabaye tariki […]

Continue Reading

Inkuru y’urukundo rwa Cedric na Grace (Igice cya 14)

Duherukana Cedric agiye kubwira Grace ibyago bahuye nabyo, Grace agakuka umutima, mu muryango wo kwa Cedric umubyeyi wabo yari yitabye Imana arasiwe kurugamba. Nyuma yuko arashwe abari bahawe gahunda yo ku murinda bari batinze kumugeraho, baje kumugeraho basanga yamaze guhitanwa n’igitero cy’umwanzi. Ubwo abagombaga kumurinda misiyo yabo yaripfuye bagombaga gusubira inyuma, aribo barimo Papa wa […]

Continue Reading

Bitunguranye Sadio Mane yakoze ubukwe n’umukunzi we Aisha Tamba.

Sadio Mane ukinira Al Nassir yo muri Saudi Arabia yakoze ubukwe mw’ibanga, ibintu byatunguye abantu benshi harimo n’abakinnyi basanzwe bakinana. Inkuru y’ubukwe bwa Sadio Mane yasakaye ku munsi wejo tariki 07 Mutarama 2024. Uyu munya-senegal wimyaka 31 yamavuko ku munsi wejo nibwo yasezeranye n’umukobwa wiga muri kaminuza w’imyaka 19 yamavuko, basezeraniye I darkar muri keur […]

Continue Reading

Inkuru y’urukundo rwa Cedric na Grace (Igice cya 13)

Papa Grace mukumuhamagara kuri terefone byahuje nuko yaragiye nubundi, nuko terefone ifatwa n’umugore we abonye izina ry’uhamagaye umugabo we asa nuwikanze. Mama Grace: Papa Cedric! Ni Cedric wuhe se? Umwe wa Grace se cg n’undi? Papa Grace: N’umugabo dukorana, ufite umwana witwa Cedric, gusa sinzi niba uri uwo wa Grace kuko mwamumpishe, nta n’agafato mwanyeretse […]

Continue Reading

Umufana wa Vestine yatunguranye avuga amarangamutima n’urukundo amukunda, Nyuma yo kumushushanya ku kuboko kwe.

Umufana wa Vestine wo mu itsinda “Vestine & Dorcas” rimenyerewe mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yatunguranye avuga amarangamutima n’urukundo amukunda kubera impano ye. Irahoza Agape bakunze kwita izina rya Cyangwe kubera akazi ko gusuka ‘Dreads’ akora, yavuze ko atazigera yicuza na rimwe ifoto ya Vestine wo mu itsinda rya Vestine & Dorcas yishyize […]

Continue Reading

Dore impamvu uhora wisanga mu rukundo n’abantu bafite ibikomere, byamara gukira bagasiga bakwangirije umutima.

Urukundo ni ingingo itajya ivugwaho rumwe, cyane ko usanga abenshi baba batanazi kurutandukanya n’amarangamutima asanzwe, Urukundo n’amarangamutima ni ibintu bibiri bishobora kukwangiriza umutima bikawushengura igihe wabikoresheje nabi.  Abantu benshi bisanga batwawe n’amarangamutima bakibwira ko bari mu rukundo, niho usanga wakunze uwo mudakwiranye, rero kuko amarangamutima ari kintu gihindagurika, uyumunsi wiyumva neza ejo ukiyumva nabi, niyo […]

Continue Reading

Uwase Muyango na Kimenyi Yves basezeranye imbere y’Amategeko Mu Mujyi wa Kigali {Amafoto}

Miss Uwase Muyango Claudine wahize abandi muri 2019 mu cyiciro cy’ikamba rya Miss Photogenic mu irushanwa rya Miss Rwanda, Yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Kimenyi Yves nawe uzwicyane mu mupira w’Amaguru mu Rwanda. Kuri uyu wa kane tariki ya 4 Mutarama 2024, Ku isaha ya 1: 00 Pm Nibwo aba bombi bazwi mu myidagaduro yo […]

Continue Reading

Inkuru y’urukundo rwa Cedric na Grace (Igice cya 12)

Uwo Cedric ni uwahe? Ko numva iryo zina hari ahantu ndizi, ariko hagati aho nishimiye ko umukobwa wacu yabaye inkumi, amaze gukura rwose nagire atwereke ibirori ndamushyigikiye. Nuko Papa wa Grace mbere yuko ava murugo ngo asubire mukazi ke, yahise yakira iyo nkuru yuko umukobwa we hari umusore bari kubyumva kimwe mwiyo minsi. Mukugira amatsiko, […]

Continue Reading

Inkuru y’urukundo rwa Cedric na Grace (Igice cya 11)

Nuko Garace na Mama we bakomeje gutinya kujya kureba umuntu waruri gukomanga, burinda bucya, Grace abyutse mugitondo asanga ni Papa we wakomanganga, nuko aramuhobera n’ubwuzu bwinshi. Grace: Papa nukuri utubabarire, koko ni wowe wakomanganga tukanga kugukingurira twagize ubwoba kubera ariya masaha? Ubu se kuki utanaduhamagaye kuri telefone byibura, Papa uradutunguye rwose! Papa Grace: Wamwana we […]

Continue Reading

Inkuru y’urukundo rwa Cedric na Grace (Igice cya 10)

Cedric mu guhamagara Grace aramubura, na Grace ahamagaye Cedric telefone ye yanga gucamo biramucanga. Nuko Grace nyuma yuko telephone ya Cedric yari yanze gucamo, yahise ahamagara mushiki we nuko amwaka Cedric baraganira. Grace: Sha nsanze wambuze kuri telefone, nanjye nguhamagaye ndakubura, byari amahoro se? Cedric: Yego n’amahoro ntakibazo nuko naringukumbuye nkavuga ati reka nguhamagare. Grace: […]

Continue Reading