Pakisitani yagabye ibitero byo kwihorera muri Irani.

Pakisitani yagabye ibitero bya misile byo kwihorera muri Irani, nyuma y’iminsi ibiri Iran irashe ku butaka bwa Pakistan. Ibi bitero byo kwihorera Pakisitani yagabye ku butaka bwa Irani, byabaye ejo kuwa kane tariki 18 mutarama 2024. Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Pakisitani yavuze ko abantu benshi biciwe mu ntara ya Sistan-Baluchistan. Mu gihe ibitangazamakuru bya leta […]

Continue Reading

Qatar n’u Rwanda byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’umutekano.

Leta y’u Rwanda n’iya Qatar byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye hagati y’inzego z’umutekano z’ibihugu byombi. Aya masezerano yasinywe ku munsi w’ejo hashize tariki 17 Mutarama 2024, yashyizweho umukono n’Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda CG Namuhoranye Felix n’Umuyobozi Mukuru ushinzwe umutekano rusange muri Qatar Maj. Gen Abdullah bin Mohammed Al Suwaidi. Aya masezerano Kandi yasinywe mu […]

Continue Reading

I Nasho hasojwe imyitozo n’amahugurwa ku basirikare barwanira ku butaka, mu ngabo z’U Rwanda. {Amafoto}

Abasirikare barimo Aba Offisiye ndetse n’abafite andi mapeti mu ngabo z’U Rwanda basoje amahugurwa n’imyitozo y’Ingabo zirwanira ku butaka {(Advanced Infantry Training/AIT} Mu kigo cya Nasho Basc Training Center. Ni imyitozo ndetse n’amahugurwa aba basirikare basoje kuri uyu wa gatatu tariki ya 17 Mutarama 2024, Mu gihe bari bayimazemo igihe cy’Amezi agera kuri arindwi mu […]

Continue Reading

Ecuador : Agatsiko k’amabandi kinjiye muri Sitidiyo za Televisiyo gatoteza abanyamakuru bose.

Byari ibikomeye cyane, Abanyamakuru bagize ubwoba bukomeye bahatirwa gupfukama muri sitidiyo ya televiziyo n’abitwaje imbunda n’izindi ntwaro zikomeye, kamera zazengurutse zerekana buri kimwe gusa ntacyo byatanze kuko n’abapolisi ubwabo baharaniye gukiza amagara yabo. Muri Ecuador humvikanye inkuru itangaje y’agatsiko k’amabandi kahagaritse umutekano mu gihe cy’umunsi wose, Kuri uyu wa gatatu nibwo aka gatsiko k’amabandi yitwaje […]

Continue Reading

Abakarasi b’amamodoka bakurubana abagenzi bagiye gufatirwa ingamba.

Hirya no hino mu magare usanga abakarasi bakurubana umugenzi bamurwanira n’abandi bikagera naho usanga bamuhindanyije. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburasirazuba, CP Twizeyimana Hamdun yatanze ubutumwa ny’uma y’aho hirya no hino muri gare hagaragaramo abakarasi barwanira abagenzi bashaka kubajyana mu kigo bakorera. Uyu muvugizi wa polisi yaburiye abarwanira abagenzi bikageza aho babanduza rimwe […]

Continue Reading

Umuyobozi mukuru wa Hezbollah, nawe yiciwe mu gitero cy’Ingabo za Isiraheli.

Umuyobozi mukuru w’umutwe wa Islamu Hezbollah biravugwa ko yaba yiciwe mu gitero cy’indege zitagira abapilote muri cyagabwe n’ingabo za Isiraheli mu majyepfo ya Libani mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere. Amakuru avuga ko imodoka yari itwaye uyu muyobozi wa Hezbollah ngo yari yashyizwe mu gipima n’ingabo za Islael kuva kare mu gace ka Khirbet […]

Continue Reading

Umugabo n’umugore we batawe muri yombi bazira kubeshya ko bashimuswe ngo babone amafaranga y’ishuri.

Umugabo n’umugore we mu gihugu cya Uganda mu gace ka Jinja batawe muri yombi bazira kubeshya polisi n’abantu ko umwe yashimuswe kugira ngo basabe amafaranga bene wabo ndetse n’abaturage batabizi. Ku wa gatandatu nijoro, Faridah Namugera n’umugabo we, Michael Ngobi batawe muri yombi nyuma yo kwemera bakavuga ko bahimbye uyu mutwe wo gushimuta abantu kugira […]

Continue Reading

Perezida Kagame yakiriye Gen Mohamed Hamdan Dagalo, uyobora umutwe wa RSF wo muri Sudani bagirana ibiganiro.

Amakuru aturuka muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane mu Rwanda avuga ko Jenerali yahuye na Perezida Kagame kuri uyu wa 5 Mutarama 2024 i Kigali. Umuyobozi wa RSF, uri mu ruzinduko mu karere k’ibihugu bya Afurika y’Uburasirazuba, yasobanuriye Perezida Kagame ibijyanye na politiki n’umutekano muri Sudani ndetse na gahunda z’amahoro zikomerejeyo. Perezida Paul Kagame yemeye inkunga […]

Continue Reading

Islael yagaragaje imigambi mishya ifite kuri Gaza, Nyuma y’Intambara.

Minisitiri w’ingabo muri Isiraheli, Yoav Gallant, yagaragaje ibyifuzo bishya by’imiyoborere y’ahazaza kuri Gaza, Mu gihe intambara hagati ya Isiraheli na Hamas izaba irangiye. Yohav Gallant yavuze ko ku butaka bwa Gaza hazabaho ubutegetsi bwa Palesitine budashira, Yongeyeho ko Hamas itazongera kuyobora Gaza ukundi kandi ko Isiraheli izakomeza kugenzura umutekano muri w’ako gace rusange. Ni mu […]

Continue Reading

RDF n’ingabo za Pakisitani mu nzira zo gushimangira ubufatanye.

Ku wa gatatu, tariki ya 3 Mutarama, Umuyobozi mukuru w’ingabo z’u Rwanda (RDF) akaba n’Umugaba mukuru w’ingabo, Gen Mubarakh Muganga yakiriwe na Gen Sahir Shamshad Mirza, Umuyobozi mukuru w’ingabo z’igihugu cya Pakisitani ku cyicaro gikuru cy’abakozi i Islamabad. Gen Mubarakh na Minisitiri Jalil Abbas, Ambasade ya Pakistan mu Rwanda yatangaje ko ibiganiro bagiranye byibanze ku […]

Continue Reading