Polisi yo muri Kenya ikeka ko umugabo yatewe n’intare ubwo yari atwaye moto

NAIROBI, Kenya – Ku wa mbere, abapolisi bo muri Kenya bakuye umurambo w’umugabo ukekwaho kuba yaratewe n’intare ubwo yari atwaye moto hafi y’ikigo cy’igihugu giherereye mu majyepfo y’igihugu. Abapolisi babimenyeshejwe n’abaturage kubera kubona moto yataye ku muhanda hafi y’ishyamba rya Marere hafi y’ikigo cy’igihugu cya Shimba. Raporo ya polisi ivuga ko abapolisi babonye ibirenge by’intare […]

Continue Reading

Intara y’Amajyepfo niyo iza ku mwanya wa mbere mu kugira abakunda agatabi.

Umuturage wo muri iyi ntara utarashatse gushyira amazina ye hanze uri mu kigero cy’imyaka 40. Avuga ko kuva akiri muto mu muryango we harimo abantu banywa itabi. Ibi kandi ngo bishobora kugira ingaruka no ku muryango we kuko ngo hari n’igihe abana be baburara ariko akanywa itabi. Mu bushakashatsi bwakoze na Minisiteri y’ubuzima bugaragaza ko […]

Continue Reading

Ibimenyetso byakwereka ko amazi usanzwe unywa ari macye kuyo umubiri wawe ukenera.

Mu bigize umuntu, amazi yihariye 60%. Twavuga ko ariyo ya mbere mu bifitiye umuntu akamaro. Umubiri utakaza amazi buri munsi binyuze mu byuya no kunyara, akaba ariyo mpamvu ugomba guhora usimbuza amazi watakaje, kugira ngo wirinde umwuma. Ibindi binyobwa nka fanta, imitobe, ikawa n’inzoga ntugomba kubibara nk’amazi mu gihe wabifashe. Fanta, inzoga ndetse n’ikawa bibonekamo […]

Continue Reading

Gutakaza urugi kwa Alaska Airlines Boeing 737 Max 9, byatumye hahagarikwa ingendo zisaga 200 z’indege ndetse zishobora kwiyongera.

Ingendo zakorwaga n’Indege zo mu bwoko bwa Boeing 737 Max 9 zabaye zihagaritswe by’Agateganyo nyuma yuko zikorewe ubugenzuzi bukagaragaza ko zikeneye gufungwa neza mu mpande zose. Kugeza ubu indege zose zo bwoko bwa Boeing 737 Max 9 zakumiriwe kuba zitwara abantu n’ibintu nyuma yuko zikorewe ubugenzuzi n’abahanga cyane muby’Indege maze bakagaragaza ko hari ibice byazo […]

Continue Reading

Gasabo : Umusore wigaga muri kaminuza, Yiyambuye Ubuzima akoresheje imbunda ya Se.

Mu mujyi wa Kigali humvikanye inkuru y’Incamugongo y’Umusore wari ukiri umunyeshuri muri Kaminuza, Wiyambuye Ubuzima akoresheje imbuda y’Umubyeyi we. Ku munsi wejo Tariki ya 08 Mutarama nibwo hamenyekanye inkuru yincamugongo y’umusore wo mu karere ka Gasabo, Umurenge wa Rusoro, Akagali ka Kabuga ya 2 w’imyaka 24 y’amavuko mu rugo rwa LT Col Murwanashyaka Felix, Ivuga […]

Continue Reading

Kuva mu myaka ibiri kugeza magingo aya, U Rwanda rumaze kwakira impunzi z’Abanye-Congo zisaga ibihumbi 13.

Nyuma y’ikibazo cy’umutekano gikomeje kumvikana muri Lepubulika iharanira Demokarasi ya Congo kubera intambara z’urudaca byumwihariko mu burasirazuba bw’iki gihugu U Rwanda rwemeje ko rwakiriye zimwe mu mpunzi z’iki gihugu. Amakuru ahari avuga ko impunzi zikabakaba mu bihumbi 13 nizo Igihugu cy’U Rwanda kimaze kwakira muri rusange mu gihe cy’imyaka ibiri ishize, Izi mpunzi ziganjemo izo […]

Continue Reading

Gakenke : Bapfuye imitungo umwe atemagura murumuna we ndetse nawe ariyahura arapfa.

Mu karere ka Gakenke haravugwa inkuru y’incamugongo ijyanye n’ibikorwa byakozwe n’umusore uri mu kigero cy’Imyaka 24 wivuganye murumuna we ndetse nawe akiyambura ubuzima. Ibi ngo byabaye kuri iki cyumweru tariki ya 7 Mutarama 2024, Ubwo uyu musore w’imyaka 24 yagiranaga amakimbirane na murumuna we ashingiye ku mitungo yo mu muryango maze bikakaza kurangira atemaguye murumuna […]

Continue Reading

Dore akamaro ko kurya inanasi n’ibyago ishobora kuguteza.

Inanasi ni urubuto ruhingwa ahantu henshi kw’Isi, cyane cyane muri Brasil ruzwiho kugira vitamin c myinshi cyane, n’isuksri idasanzwe. Kubera ko ikize kuri vitamin C na A, inanasi n’urubuto rwiza rufasha mu mikorere y’amaso hamwe no kurinda ubuhumyi cyane cyane ku bantu bakuze. Uyu munsi tugiye kubagezaho umumaro w’inanasi ku buzima bwacu ndetse n’ibyago ishobora […]

Continue Reading

Umwami wa Yorodani Abdullah II Ibin Al-Hussein yasuye urwibutso rwa Jenoside Yakorewe Abatutsi rwa Kigali. {Amafoto}

Umwami wa Yorodani Abdullah II Ibin Al-Hussein yasuye urwibutso rwa Jenoside Yakorewe Abatutsi rwa Kigali ku Gisozi, Aho yunamiye byimazeyo abishwe na Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994. Urwo rwibutso rukaba ruruhukiyemo imibiri y’Abazize Jenoside barenga 250.000 bo mu bice bitandukanye bya Kigali, Ku wa mbere, ubwo Umwami Abdullah II yagendaga anyura ku rwibutso, aherekejwe n’abayobozi […]

Continue Reading

Museveni yongeye kwamagana abo mu bihugu by’abazungu kubera ‘gushaka gushyigikra abaryamana bahuje ibitsina’ muri Afrika.

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yanenze icyo yise kugerageza ibihugu by’iburengerazuba (Abanyaburayi n’abanyamerika) kubera gushaka gushyira imyizerere yabo ku bantu bo mu bihugu by’amahanga. Kuwa Kane, ubwo yavuganaga n’intumwa zirenga 33 zitabiriye inama y’abavuga rikijyana mu muryango wa Commonwealth hamwe n’abayobozi bayobora – (CSPOC 2024) muri Speke Resort Munyonyo i Kampala, Museveni yavuze ko Uburengerazuba […]

Continue Reading