Umubyeyi w’imyaka 25 yaguwe gitumo n’abagizi banabi atetse bamuca umutwe barawutwara.

Mw’ijoro ryakeye nibwo iyi nkuru y’incamugongo yamenyeka muri Kenya, aho abagizi banabi baguye gitumo umubyeyi yitekeye ubugali mu gikoni mugihe abandi bari munzu bari kuganira bamuca umutwe barawirukankana. Inkuru zubugome nkizi zabagizi banabi baca inzirakarengane imitwe zikunze kumvikana, gusa nanubu ntawe uramenya impamvu baba bashaka iyo mitwe ndetse nicyo baba bagiye kuyikoresha. Umuyobozi wako gace […]

Continue Reading

Ruhango : Indwara y’ibicurane idasanzwe yakamejeje, Abanyeshuri bagera kuri 72 nibo bamaze kugezwa mu bitaro.

Mu karere ka Ruhango haravugwa inkuru y’abanyeshuri bafashwe n’indwara y’ibicurane bikaze ndetse 72 muri bo bakaba bagejejwe kwa muganga barembye cyane, Kugirango bitabweho. Amakuru avuga ko muri iki kigo cy’Amashuri iyi ndwara yakamejeje dore ko hafi y’abanyeshuri bose iri kubarangwaho, gusa abamaze kuremba banahawe ubuvuzi akaba ari 72, bivugwa ko guhera ku itariki ya 17 […]

Continue Reading

USA : Umugabo yisanze muri Coma, Nyuma yo kudwingwa n’igitero cy’inzuki arimo atema igiti.

Muri Kenya haravugwa inkuru y’umusore witwa Austin Bellamy wariwe n’inzuki nyinshi zikamudwinga mu gihe kinini kugeza bimuguye nabi akabura umwuka bikarangira yisanze muri Coma isanzwe ijyamo abenda gupfa. Uyu musore yariwe n’izi nzuki ubwo yarimo atema igiti cy’indimu mu mu rugo rwe agerageza kwikorera amasuku, Akaza kugera ku mutiba wazo atabizi, Yaje kuwusagarira maze witura […]

Continue Reading

Ibi bintu 6 abantu bakunze kubikora kandi byangiza ubuzima.

Akenshi iyo abantu bavuze ibyangiza ubuzima abantu bumva ibyo kurya n’ibyo kunywa bibi no kudakora imyitozo ngororamubiri. Yego nabyo byangiza ubuzima ariko hari ibindi bintu by’ingenzi abantu bagakwiye kureka kuko usanga byangiza ubuzima kandi abantu ntibabiha agaciro kuko babona ko ari ibintu byoroshye Dore ibyo bintu abantu bakunze gukora kandi byangiza ubuzima : Kutababarira : […]

Continue Reading

Uko wategura salade yuzuye intungamubiri {Kachumbali}.

Kachumbari ni ubwoko bwa salade igizwe n’inyanya n’ibitunguru bibisi ikunda gukoreshwa mu bihugu byo mubiyaga bigari, ikaba salade ikundwa na benshi kandi yuzuyemo intungamubiri nyinshi. Uyu munsi tugiye kurebera hamwe uko wategura kachumbari: Dore ibyo ukenera kugira ngo ubashe kuba wategura iyi salade. Ukenera; ibitunguru by’umutuku, inyanya, urusenda, coriander, indimu, puwavuro, cocombre, umunyu n’isorori. Iyo […]

Continue Reading

Ingo zirenga 60 zahiye, 10% by’abaturage bimuwe, Ingaruka z’Ikirunga cyarutse mu mujyepfo ya Islande zikomeje kwiyongera.

Abaturage bo mu majyepfo y’Uburayi baturiye ikirwa cya Islande bibasiwe n’ingaruka z’ikirunga cyarutse cyangiza byinshi birimo amazu y’abaturage, nyuma y’imyaka igera kuri 2 kitaruka. Kuri iki cyumweru, tariki ya 13 Mutarama, Nibwo iki kirunga cyo mu majyepfo y’iburengerazuba bwa Isilande cyarutse, ibiro bishinzwe ubumenyi bw’ikirere muri iki gihugu bivuga ko bibaye ku nshuro ya gatanu […]

Continue Reading

Abantu 8 bakubiswe n’inkuba mu kibuga cy’umupira, bamwe barakomereka.

Inkuba yakubise abantu bagera kuri 8 barimo n’abakinnyi b’umupira w’amaguru ndetse n’umuyobozi ushinzwe imibereho y’abakinnyi {Team Manager} bitewe n’imvura nyinshi yaguye. Ibi byabaye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 13 Mutarama 2024, ku kibuga cy’umupira w’amaguru giherereye mu karere ka Gicumbi, Inkuba yakubise aba bose ubwo harimo haba umukino wo muri shampiyona y’abagore wahuzaga ikipe […]

Continue Reading

Impamvu 3 utarukwiye kongera gukoza ifiriti mu kanwa kawe.

Ibirayi bifite abakunzi benshi ku isi, ariko n’ubwo biryoha cyane byatetswe nk’ifiirti, byangiza ubuzima ku buryo buteye ubwoba n’ubwo benshi batabizi. Nk’uko inkuru dukesha urubuga rwa 7sur7.be, hari impamvu eshatu zishobora gutuma urekeraho kurya ifiriti 1. Ifiriti igira ibinure bibi cyane ku buzima Ifiriti cyane cyane y’ibirayi, iraryoha. N’ubwo iryohera abatari bacyeya, ifiiriti irimo ibinure […]

Continue Reading

Uko abaturage bo mu Burundi nabo mu Rwanda babona mu gufunga imipaka y’ibihugu byombi.

Kuwa 11 Mutarama 2024 nibwo ubuyobozi bw’igihugu cy’u Burundi cyatangaje mu itangazamakuru ko bafunze imipaka yose igihuuza n’u Rwanda. Mu mipaka yose yahanaga imbibi n’u Rwanda yahise ifungwa harimo Nemba, Gasenyi na Kanyaru nkuko byatangajwe na Minisitiri w’ubutegetsi bw’Uburundi, Martin Niteretse. Abantu batandukanye bo muri ibi bihugu byombi bakomeje kubivugaho mu buryo butandukanye, Gusa nanone […]

Continue Reading

RUSIZI: Uwari umuyobozi ushinzwe amasomo, Inzoga zamwubikiye imbehe.

Umunyarwanda ati “uyikura mu kibindi ikagukura mu bagabo” uyu mwalimu wo mu Karere ka Rusizi nawe niko byamugendekeye yayikuye mu icupa imukura ku kazi. I Rusizi humvikanye inkuru y’umugabo witwa Karekezi Maurice Joseph, wakoreraga mu kigo cy’ishuri mu Murenge wa Gitambi, waranzwe n’imyitwarire idahwitse mu bihe bitandukanye, irimo ubusinzi bigatuma yimurirwa mu kigo cy’ishuri cya […]

Continue Reading