Ruhango itiburira, hongeye kumvikana urupfu rw’amaherere, Umubyeyi yapfanye n’impanga yari atwite.

Akarere ka Ruhango kadahwema kumvikanamo impfu nyinshi ndetse inyinshi zidasobanutse hongeye kumvikana urupfu rw’umubyeyi wapfanye n’impanga z’abana yari atwise kubera uburangare bw’ababana nawe ndetse n’uwamuteye inda. Mu karere ka Ruhango haravugwa urupfu rw’Umugore wo mu Karere ka Ruhango, Akagari ka Bunyogombe mu Murenge wa Ruhango witwa BAZUBAGIRA Rebecca wapfanye n’abana yari atwite mu nzu yabagamo. […]

Continue Reading

Uganda : Umugabo yasize isomo nyuma yo kwicwa, maze ubutaka bamuzizaga buhinduka amaraso.

Mu gihugu cy’Abaturanyi cya Uganda mu gace ka Nakasongola haravugwa inkuru y’umugabo wishwe n’agatsiko kitwa “Machete Weilding Men” maze ubutaka maze hakabaho ikintu kidasanzwe nyuma y’urupfu rwe. Ibi byabaye kuri uyu wa mbere tariki ya 04 Werurwe 2024, Ubwo uyu mugabo witwa Dan Ssebyala wakodeshaga ubutaka muri ako gace bivugwa ko bwagiye bugurishwa abantu benshi […]

Continue Reading

Ghana : Itegeko rishya rigena ibihano bihambaye ku batinganyi rirabasigamo imvune.

Mu gihe hirya no hino mu bihugu bitandukanye byo mu burayi hakomeje kwamamazwa ubutinganyi ni nako no muri Afurika uyu muco utahatanzwe cyane ko no mu Rwanda dutuyemo uyu muco wahageze, Nubwo ariko bimeze bityo ni nako mu bihugu bimwe na bimwe abarangwa n’uyu muco bakomeje gushyirirwaho ibihano binyuranye. Nubwo abagize ihuriro ry’Abatinganyi bo bavuga […]

Continue Reading

Ingabo na Polisi by’ u Rwanda bagiye gutangiza ibikorwa byo gufasha abaturarwanda mu bijyanye n’imibereho myiza.

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 28 Gashyantare 2024, Ingabo z’igihugu ndetse n’urwego rw’umutekano Police y’ URwanda batangaje ko hagiye gutangizwa ibikorwa byo gufasha abaturarwanda mu bijyanye n’imibereho myiza. Mi itangaza Police y’igihugu yanyujije ku rubuga rwayo rwa X rwahoze ari Twitter yavuze koi bi bikorwa bigiye gutangizwa ku bufatanye n’Ingabo z’U Rwanda bizaba bifite […]

Continue Reading

Senegal : Abasaga 20 baguye mu mpanuka y’ubwato bwerekezaga muri Espagne.

Kuri uyu wa kane tariki ya 29 Gashyantare 2024, Mu birwa bya Canary habereye impanuka y’Ubwato yahitanye ubuzima bw’abasaga 20, Nyuma yo kurohama bitunguranye. Abimukira bo mu bihugu bya Afurika bitandukanye bari mu bwato bwari buturutse muri Senegal, berekeza mu birwa bya Canary mu gihugu cya Espagne, barohamye mu Nyanja abasaga 20 bahasiga ubuzima, Guverineri […]

Continue Reading

Ibanga, Akamaro, Byinshi wamenya ku mugenzo wo guca imyeyo {Gukuna}.

Guca imyeyo cyangwa se gukuna ni umwe mu migenzo imaze imyaka myinshi ikorwa mu Rwanda ndetse no bindi bice bya Afurika cyane cyane iy’Iburasirazuba n’iy’Amajyepfo, ariko se ni ngombwa ko buri mukobwa akora iki gikorwa, ese ubundi kimaze iki? Muri ibi bice bya Afurika twavuze, guca imyeyo bifatwa nk’inzira buri mukobwa nibura uri hagati y’imyaka […]

Continue Reading

Gicumbi : Bagonzwe n’ikamyo bahita bapfa, Ubwo bavaga gushyingura.

Imodoka y’ikamyo ifite plaque yo muri Kenya yagonze umugore n’umugabo bari ku igare bavuye gutabara umuntu wapfushije bahita bitaba Imana. Iyi mpanuka yabereye mu Murenge wa Cyumba, mu Kagari ka Rwankonjo mu Mudugudu wa Keyebe, ku mugoroba wo ku wa 26 Gashyantare 2024, Ababonye iyi mpanuka batangaje ko igare ryari ritwawe n’umugabo ahetse umugore ryageze […]

Continue Reading

Nyabugogo : KAYITARE Maurice w’imyaka 55 yamanutse mu igorofa ahita ahasiga ubuzima.

Kuri iki cyumweru tariki ya 25 Gashyantare 2024, Nyabugogo ahazwi nko mu nyubako y’Amashyirahamwe izwi nko mu nkundamahoro habereye impanuka y’umugabo wahanutse mu igorofa agahita apfa. Iyi mpanuka yabaye mu masaha ya nimugoroba muri aka kagari ka Kimisagara, Umudugudu w’Akabeza, Akarere ka Nyarugenge aha hazwi nko ku nyubako y’Amashyirahamwe Mu {Nkundamahoro} Ubwo Umugabo witwa Kayitare […]

Continue Reading

Abantu 700 bapfuye bazize icyorezo cya Kolera muri Zambiya

Mu itangazo ry’ubuvuzi ryita ku baganga batagira umupaka ryatangaje ko muri Zambiya hagaragaye umubare wa kolera kuva muri Mutarama 2024 hapfa abantu bagera kuri 700. Igihugu cyanduye abantu bagera ku 20.000 kuva icyorezo cyatangira mu Kwakira 2023. Mu gihe mu ntangiriro z’iki cyorezo cyagarukiraga kuri Lusaka na Ndola, imigi ibiri minini ya Zambiya, iyi ndwara […]

Continue Reading

Inkuru nziza ku bakunzi ba Rayon Sports, kuri Prince wataye ubwenge ku mukino wa Musanze Fc.

Nyuma yuko bitunguranye umukinnyi wa Rayon Sports RUDASINGWA Prince aguye mu kibuga akabura umwuka abantu bakagira n’ubwoba bwinshi ku mukino wa Musanze Fc wabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu hatangajwe amakuru meza. Abakunzi ba Rayon Sports ndetse n’abakunzi b’umupira w’amaguru muri rusange bagenewe ubutumwa bw’inkuru nziza ko uyu rutahizamu wahise yihutanwa kwa muganga […]

Continue Reading