Umugabo wo mu karere ka Nyanza yanizwe n’inyama arapfa.

Mu mudugudu wa Kigarama, akagari ka kibinja, umurenge wa Busasamana, akarere ka Nyanza muntara y’amajyepfo umugabo yanizwe n’inyama Arapfa. Iyi nkuru yincamugongo yumvikanye taliki ya mbere mutarama 2024, ubwo umugabo yanigwaga n’intongo y’inyama agahita yitaba Imana. Uyu nyakwigendera avuka mu mudugudu wa Kigarama, akagari ka kibinja, umurenge wa Busasamana waruri mu kigero cy’imyaka 50, ngo […]

Continue Reading

Rusizi : Umwana w’imyaka 5 yarohamye mu mashyuza yitaba Imana.

Mu karere ka Rusizi haravugwa inkuru y’umwana muto witabye Imana arohamye mu mashyuza mu gihe yari ari kwishimisha na bagenzi be babiri bose bari bari koga muri ayo mashyuza.  Uyu mwana muto wo mu kigero cy’Imyaka 5 witwa NISHIMWE Arse Bertin yarohamye mu mashyuza mu Murenge wa Muganza, Akarere ka Rusizi, mu gihe yari arimo […]

Continue Reading

ibihumbi 33,000 by’abimukira mu bwongereza bagiye koherezwa mu Rwanda.

Guverinoma y’Ubwongereza yatangaje ko yifuza cyane kohereza abimukira basaga ibihumbi 33,000 by’agateganyo bakaza kuba batuye mu Rwanda. Ibi Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu y’u Bwongereza (UK) yabitangaje kuri uyu wa kabiri tariki ya 2 Mutarama 2024, ihamya ko Guverinoma yiteguye kohereza by’agateganyo mu Rwanda abimukira barenga 33,000, Amakuru avuga ko Iyi mibare yatangajwe igaragaza ko hamaze kuboneka […]

Continue Reading

Amayeri yagufasha kuzahirwa no kugera neza  ku ntego wihaye muri 2024.

2023 irarangiye kandi irangiranye na byinshi bitagezweho kuri benshi nkuko bisanzwe bibaho, 2024 iratangiye Abantu benshi batangiye gufata ibyemezo n’ingamba nshya, Ariko ibyo abantu batazi, ndese icyo benshi bananiwe kumva neza ni uko iyo myanzuro rimwe na rimwe idakora bitewe. Ubushakashatsi bwerekanye ko hafi 80% y’iyi myanzuro abantu biha iyo umwaka utangiye ikunze gutangira kunanirana […]

Continue Reading

Uganda: Umugore wa Perezida Museveni, Janet Museveni yakize COVID-19 nyuma y’iminsi 7 ari mu kato.

Yoweri Kaguta Museveni Perezida wa Uganda, yatangaje ko umugore we Janet Museveni yakize COVID-19 nyuma y’iminsi isaga irindwi yarashyizwe mu kato. Ibi Perezida Museveni yabitangaje anyuze ku rubuga rwa X yahoze ari twitter, aho yatangaje ko Janet Museveni nyuma y’iminsi irindwi ari mu kato kuri ubu yakize COVID-19. Perezida Yoweri Kaguta Museveni  yagize  ati “Bavandimwe […]

Continue Reading

“Amateka yacu ntatwemerera gusubira inyuma” Perezida Kagame mu birori byo gusoza umwaka wa 2023.

Umukuru w’Igihugu cy’U Rwanda Perezida Paul KAGAME na Madamu Jeannette KAGAME bifatanije n’izindi nzego z’ubuyobozi zivuye hirya no hino mu bindi bihugu ndetse n’inzego z’imyidagaduro z’abahanzi mu birori byo kwizihiza umwaka mushya wa 2024. Ni mu gihe kuri iki cyumweru tariki ya 31 Ukuboza 2023, haza kuba umugoroba wo kurasa umwaka wa 2023 mu bice […]

Continue Reading

Dore abantu udakwiriye guha ikizere mubuzima bwawe.

Muri buno buzima abantu benshi batenguha abandi cyane, ikirenze muribyo usanga inyangamugayo arizo zitenguhwa cyane, niyo mpamvu rero umuntu agomba kumenya uwo aha ikizere ndetse nuwo atagomba kugiha. Uyu munsi tugiye kubabwira bamwe mu ba bantu udakwiriye guha ikizere cyawe. 1.Umuntu ukunda kugushimagiza cyane Uyu muntu uzamwitondere kuko ntago aba agamije kugushimagiza koko, ahubwo hari […]

Continue Reading

Amakimbirane yo ku mipaka yari amaze imyaka 15 yarangiye

ARUSHA: Intambara yo ku mipaka y’ikiyaga cya Manyara yamaze imyaka irenga 15 mu mudugudu wa Buger mu karere ka Karatu ibonye iherezo ryayo nyuma y’uko Komiseri w’akarere ka Arusha, John Mongella yategetse ko hashyirwaho ibimenyetso by’umupaka. Rc Mongella atanga ibisubizo ku kibazo cy’umudugudu imbere y’abaturage, Rc Mongella yavuze ko guverinoma yafashe icyemezo cyo gusiga amazu […]

Continue Reading

Uganda: Faith Patricia Ariokot yamamaye ku isi hose kubera kumara umwanya munini ahobeye igiti.

Ariokot atangiye gushakisha uko yakwandikwa mu gitabo cy’uduhigo ku ya 29 Ukuboza 2023, Ariokot yari amaze kugerageza ku ya 8 Ukuboza ariko ahura n’ibibazo bike birimo amakosa ya y’ibikoresho bifata amashusho. Ibi akaba nanone tabikorera ngo kugira ngo ace agahigo gusa ahubwo akaba avuga ko afite umushinga witwa “Faith In Tree” ugamije kwigisha abantu no […]

Continue Reading

Ubuzima: Tandukana burundu n’indwara zo mu kanwa niz’amenyo zikomeje kuzahaza benshi.

Kwita ku ku isuku yo mu kanwa ndetse no gusuzumisha indwara z’amanyo ni inshingano ya buri wese Kandi zakabaye ingamba dufata dushyizem imbaraga kuko bishoboka Kandi zivurwa zigakira ariko kandi zikazahaza cyane abazirwaye. Ku munsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku isuku yo mukanwa uba tariki ya 20 Werurwe buri mwaka, Ikigo cy’Igihugu cyita ku Buzima (RBC), […]

Continue Reading