Museveni yongeye kwamagana abo mu bihugu by’abazungu kubera ‘gushaka gushyigikra abaryamana bahuje ibitsina’ muri Afrika.
Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yanenze icyo yise kugerageza ibihugu by’iburengerazuba (Abanyaburayi n’abanyamerika) kubera gushaka gushyira imyizerere yabo ku bantu bo mu bihugu by’amahanga. Kuwa Kane, ubwo yavuganaga n’intumwa zirenga 33 zitabiriye inama y’abavuga rikijyana mu muryango wa Commonwealth hamwe n’abayobozi bayobora – (CSPOC 2024) muri Speke Resort Munyonyo i Kampala, Museveni yavuze ko Uburengerazuba […]
Continue Reading