Perezida Kagame yakiriye Itsinda ry’Abanyeshuri biga ubucuruzi muri Kaminuza ya Stanford n’abarimu babo.

Itsinda ry’Abanyeshuri biga ubucuruzi muri Kaminuza ya Stanford n’abarimu babo bakiriwe n’umukuru w’Igihugu mu Rwanda, Aho baje mu ruzinduko batangiye kuri uyu wa kabiri. Perezida Paul Kagame yakiriye abanyeshuri n’abarimu bigisha mu Ishuri ry’Ubucuruzi muri Kaminuza ya Stanford yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bari mu Rwanda mu rugendo rugamije kureba iterambere ryarwo ndetse […]

Continue Reading

Inkubito z’Icyeza zahawe inshingano zo kugira uruhare muri gahunda ya “Tunywe Less”

Madamu Jeannette Kagame, yasabanye anagira inama zihambaye urubyiruko rw’Inkubito z’Icyeza zo kugenderaho mu buzima bwabo bw’ahazaza kugirango bazabe ab’umumaro ndetse bigirweho byinshi. Izi nama ndetse n’impanuro Madamu wa Perezida wa Repubulika Jeannette Kagame yabitangiye mu biganiro n’umuhango wo guhemba urubyiruko rw’Abakobwa b’inkubito z’Icyeza basaga 216 mu mashuri y’icyiciro rusange ndetse n’ayisumbuye batsinze neza, kuri uyu […]

Continue Reading

Nyagatare : bashyizwe igorora, Abaturage basaga 3000 bagiye kuvurwa nibura mu minsi 5.

Mu Karere ka Nyagatare abaturage barishimira cyane ubufasha bw’ubuvuzi bagiye kwitabwaho mu buryo bwihariye n’abaganga b’inzobere ku ndwara zitanduakanye baturutse mu Bitaro bya Gisirikare I Kanombe. Abaturage bo mu Mirenge itandukanye igize Akarere ka Nyagatare basanzwe bivuriza ku bitaro bya Gatunda, barishimira ko batangiye guhabwa serivisi zihariye z’ubuvuzi nyuma yo kwegerwa n’abaganga b’inzobere baturutse mu […]

Continue Reading

NESA yatangaje igihe abanyeshuri bazagira mu biruhuko.

Abanyeshuri biga mu mashuri abanza ndetse n’ayisumbuye bamaze kumenyeshwa ingengabihe yabo ya gahunda yo kwerekeza mu biruhuko by’igihembwe cya kabiri cy’umwaka w’amashuri 2024. Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyatangaje gahunda y’uko abanyeshuri bazataha bajya mu biruhuko by’igihembwe cya kabiri cy’umwaka w’amashuri 2023/2024, hashingiwe ku ngengabihe y’amasomo ya Minisiteri y’Uburezi. NESA yasohoye amatangazo ajyanye […]

Continue Reading

Perezida Kagame yavuze ku mazina yise abuzukuru be n’icyo asobanuye, n’Uburyo buhambaye afatamo umugore.

Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, Perezida Paul Kagame yatangaje byinshi ku buzukuru be ndetse n’uburyo buhambaye afatamo umugore cyane ko ariwe avukaho nk’abandi bose, Perezida Kagame kandi yavuze ku mazina yise abuzukuru be n’icyo asobanuye. Mu birori by’umunsi mpuzamahanga w’umugore byabereye muri BK Arena, Perezida Kagame yasobanuye amazina yise abuzukuru be nyuma yo kubisaba ababyeyi babo […]

Continue Reading

Ibintu biranga umugore ukunda umugabo we

Iyo umugore akunda umugabo hari imyitwarire simusiga imuranga haba mu buryo yitwara kuriwe n’ibikorwa akora. Dore bimwe mu bintu by’ingenzi biranga umugore ukunda umugabo we : Yumva akumbuye umugabo we nyuma y’igihe gito : Iyo umugore ankunda umugabo we uzasanga igihe adahari yumva amukumbuye umunsi umwe udahari akumva wamubererye igihe kirekire. Ahora ashaka udushya yakorera umugabo we ; iyo umugore […]

Continue Reading

Abitwaje intwaro bagabye igitero ku ishuri bashimuta abanyeshuri 287

Ku wa kane mu gitondo, abantu bitwaje imbunda bateye ishuri mu karere ka Nijeriya gaherereye mu majyaruguru y’uburengerazuba maze bashimuta byibuze abanyeshuri 287. Ibi byabaye ku nshuro ya kabiri ishimutwa mu gihugu cya Afurika y’iburengerazuba mu gihe kitarenze icyumweru. Abenegihugu babwiye ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika ko abateye bagose ishuri rya leta mu mujyi wa Kuriga wo […]

Continue Reading

U Rwanda rwahawe n’UBuyapani inguzanyo ya Miliyari 118 Frw zo guteza imbere ikoranabuhanga mu burezi.

Leta y’u Rwanda yasinyanye n’iy’u Buyapani amasezerano y’inguzanyo ya miliyari 14 z’amayeni, ahwanye na miliyari 118 z’amafaranga y’u Rwanda, azifashishwa mu guteza imbere ikoranabuhanga mu burezi. Aya masezerano yashyizweho umukono kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 5 Werurwe 2024 na Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Ndagijimana Uzziel na Ambasaderi w’u Buyapani mu Rwanda, Isao Fukushima. Inguzanyo […]

Continue Reading

Perezida Paul Kagame yakiriye urubyiruko rwitabiriye gahunda igamije guteza imbere umugabane w’ Afurika.

Umukuru w’igihugu Paul Kagame yakiriye urubyiruko ruhagarariye abandi rwitabiriye gahunda yiswe ‘Young Leaders Program’ ibaye ku nshuro ya gatatu, igamije guteza imbere Afrika. Muri iri huriro ryabaye kuri uyu wa kane tariki 29 gashyantare 2024, mubiro bikuru by’umukuru w’igihugu Village Urugwiro, urubyiruko rwanagaragaje imwe mu mishinga rufite rwifuza guteza imbere. Iyo gahunda ya ‘Young Leaders […]

Continue Reading

Ruhango : Indwara y’ibicurane idasanzwe yakamejeje, Abanyeshuri bagera kuri 72 nibo bamaze kugezwa mu bitaro.

Mu karere ka Ruhango haravugwa inkuru y’abanyeshuri bafashwe n’indwara y’ibicurane bikaze ndetse 72 muri bo bakaba bagejejwe kwa muganga barembye cyane, Kugirango bitabweho. Amakuru avuga ko muri iki kigo cy’Amashuri iyi ndwara yakamejeje dore ko hafi y’abanyeshuri bose iri kubarangwaho, gusa abamaze kuremba banahawe ubuvuzi akaba ari 72, bivugwa ko guhera ku itariki ya 17 […]

Continue Reading