Padiri Rugirangoga Ubald yubakiwe ikibumbano ku gasozi k’ibanga ry’amahoro.

Mu karere ka Rusizi, umurenge wa Gihundwe, ahazwi nko Ku gasozi kitwa Ibanga ry’Amahoro hatashywe ikibumbano kiri mu ishusho ya nyakwigendera Padiri Rugirangoga Ubald, wari uzwiho gusengera abarwayi n’ibikorwa by’isanamitima, ubumwe n’ubwiyunge. Aka gasozi Padri Rugirangonga yubakiweho ikibumnano gasanzwe gasengerwaho n’abaturutse imbande zose z’Isi, kanabereyeho umuhango wo kwibuka Padiri Rugirangoga, witabye Imana kw’itariki 7 Mutarama […]

Continue Reading

Umufana wa Vestine yatunguranye avuga amarangamutima n’urukundo amukunda, Nyuma yo kumushushanya ku kuboko kwe.

Umufana wa Vestine wo mu itsinda “Vestine & Dorcas” rimenyerewe mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yatunguranye avuga amarangamutima n’urukundo amukunda kubera impano ye. Irahoza Agape bakunze kwita izina rya Cyangwe kubera akazi ko gusuka ‘Dreads’ akora, yavuze ko atazigera yicuza na rimwe ifoto ya Vestine wo mu itsinda rya Vestine & Dorcas yishyize […]

Continue Reading

Tonzi wakunzwe cyane mu ndirimbo “Humura” Yasogongeje abanyamakuru umuzingo wa Alubumu ye ya 9, yitegura kumurika.

Tonzi yasogongeje abanyamakuru umuzingo wa Alubumu ye ya 9 yitegura kumurika mu minsi iri imbere, Iyi alubumu inahuriweho n’abahanzi bagera kuri 15 bose yayise “Respect”. Uwitonzi Clementine Wamenyekanye nka Tonzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Kuri uyu wa kane tariki ya 4 Mutarama 2024, yasogongeje abanyamakuru Album ye ya 9 yise “Respect” izaba […]

Continue Reading

Mu gitaramo cyanitabiriwe na The Ben, Islael Mbonyi yongeye kunyeganyeza inkuta za BK Arena. {Amafoto}

Islael MBONYI yongeye gukora amateka amenyereweho gukora mu minsi mikuru mu bitaramo asanzwe akora, Ijoro ryahise yataramiye abasaga ibihumbi 10 muri BK Arena mu gitaramo cyagarayemo umuhanzi ukunzwe cyane The Ben. Kuri icyi cyumweru tariki ya 25 Ukuboza 2023, umunsi usanzwe wizihizwa nka Noheri {Ivuka rya Yesu} muri BK Arena habereye igitaramo cyo guhimbaza no […]

Continue Reading

Karidinali Antoine Kambanda mu gitaramo cya noheli yongeye kwamaganira kure ibyo guha umugisha abatinganyi.

Karidinali Antoni Kambanda akaba ari na Arikiyepisikopi wa Kiliziya gatulika muri Kigali, yongeye gushimangira ko Kiliziya Gatulika mu Rwanda idashyigikiye ibyo guha umugisha ababana bahuje igitsina, asaba Abakristu gusabira Kiliziya Gatulika kuko yugarijwe n’ibi bigeragezo. Ibi yabitangaje ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 24 Ukuboza 2023, ubwo yari ayoboye Igitambo cya missa cy’igitaramo cya […]

Continue Reading

Nta Noheri i Betelehemu uyu mwaka. Hamwe n’intambara muri Gaza, nta munezero nta mucye uri ku ivuko rya Yesu.

Mu nkuru mperuka kubagezaho nababwiraga ko ku ivuko rya Yesu aho bivugwa ko ariho Yesu yavukiye i Betelehemu ko nta birori bya Noheli bazizihiza kuko hamaze iminsi intambara ishyamiranyije na leta ya Israheli ndetse n’umutwe wa Hamas. Aka kanya abacuruzi bakorera i Betelehemu bakomeje kugerageza kureshya abakiriya kugira ngo babagurire, Imvugo yamaze guhinduka ubu icyo […]

Continue Reading

Vestine na Dorcas bakoze igitaramo cy’amateka mu gihugu cy’U Burundi. +AMAFOTO

Abaririmbyi babiri b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Vestine na Dorcas, bakoze igitaramo cy’amateka kitabiriwe n’abantu benshi cyabereye mu mujyi wa Bujumbura mu gihugu cy’U Burundi. Ni gitaramo cyabaye mw’ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki 23 Ukuboza 2023, Aba baririmbyi bataramiye i Bujumbura nyuma y’umwaka bakoze igitaramo cyo kumurika album yabo ya mbere yise […]

Continue Reading

Igitaramo cyahumuye, Amatike yamaze gushira ku Isoko mu gihe abakiyashaka bajya kungana n’abamaze kuyagura.

Inkuru ihari ni uko ngo amatike yo kwinjira mu gitaramo cy’umuramyi MBONYI Islael yamaze gushira ku isoko nyamara mu gihe abari kuyashaka bajya kungana n’abamaze kuyagura, Ibi bigashimangira cyane urukundo uyu muhanzi afitiwe mu Rwanda no hnze yarwo. Islael Twashobora kuvuga ko inzozi ze zabaye impamo kuko yamaze kwibikaho umufana munini ndetse amaze kubaka amwe […]

Continue Reading

Nyuma y’imyaka itatu nta ndirimbo ashyira hanze, umuhanzi Sibomana Aimable yagarutse mw’isura nshya.

Umuhanzi Nyarwanda mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Sibomana Aimable, nyuma y’imyaka itatu amaze adashyira hanze ibihangano bye yagarutse mw’isura nshya, ashyira hanze indirimbo yise ‘Turangamira Nyagasani’. Amazina ye nyakuri yitwa SIBOMANA Aimable cyangwa umwite umusore w’Imana n’bantu umwe mu bahanzi bashya batanga ikizere muri muzika nyarwanda, mu buhanzi bwe n’ubundi akoresha amazina ye […]

Continue Reading

Kiliziya Gatorika zo mu Rwanda zamaganiye kure cyane icyemezo Papa cyo Guhesha umugisha abahuje Ibitsina.

Ubuyobozi bukuru bwa Kiliziya Gatorika mu Rwanda bwagaragaje ko bitishimiye ndetse budashyigikiye Icyemezo cyatangajwe n’umushumba mukuru wa Kiliziya Gatorika ku Isi Papa Francis. Bahagarariwe na Antoine Karidinali Kambanda, Abepiskopi Gatolika bose bo mu Rwanda bahurije hamwe amajwi yabo n’imyemerere yabo basohoye itangazo rigamije gukuraho urujijo ku cyemezo cyo guhesha mugisha abahitamo kubana bahuje ibitsina Papa […]

Continue Reading