Byinshi wamenya kuri Pasiteri ushinjwa kugira uruhare mu iyicwa rya Perezida wa Haiti.

Amayobera aracyari yose ajyanye n’iyicwa rya perezida wa Haiti, Jovenel Moïse, yarushijeho kwiyongera ubwo abapolisi bo muri Hayiti bataga muri yombi umupasitori w’ivugabutumwa ukomoka uba muri Amerika, amushyira hagati y’umugambi mubi urimo ubwicanyi bwatangaje Abanyahayiti ndetse n’indorerezi mpuzamahanga. Polisi ivuga ko Christian Emmanuel Sanon, wavukiye muri Hayiti, ufite imyaka 62 y’amavuko, umaze imyaka isaga makumyabiri […]

Continue Reading

Tanzania : Benengango binjiye mu rusengero rufatwa nk’ahantu hatagatifu, Bakukumba amaturo agera kuri miliyoni 3.

Muri Tanzaniya haravugwa inkuru y’ibisambo byihandagaje bikinjira mu rusengero bigakukumba amaturo yose abarirwa muri Miliyoni eshatu z’Amashilingi ya Tanzaniya. Ibi byabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 12 Mutarama 2024, mu rusengero rw’Itorero ry’Abaruteri, Aho Abajura bataramenyekana binjiye maze bakiba miliyoni eshatu z’Amashilingi ya Tanzania ndetse na Mudasobwa ntoya. Abumvishe cyangwa se […]

Continue Reading

Sobanukirwa intambara yabaye hagati ya Vatikani n’injangwe

Wigeze wumva cyangwa utekereza ko injangwe y’umukara itera umwaku, cyane iyo uyibonye mu gitondo? Ndatekereza ko ibi atari ubwa mbere ubyumvise hari n’abantu benshi babyizeye gutyo kuburyo iyo ayibonye yumva ko nta mahirwe cyangwa amahoro araza kugira uwo munsi ndetse yagira n’ibyago kuri uwo munsi akumva ko byatewe nuko yabonye injangwe y’umukara. Ubusanzwe abantu akenshi […]

Continue Reading

Roberto Firmino, rutahizamu wa Al – hilal yo mu gihugu cya Saudi Arabia yamaze kwihebera Imana.

Roberto Firmino ni umukinnyi ukomeye ukina ataha izamu, akomoka muri Brazil yamenyekanye cyane mu ikipe ya Liverpool, akaba afatanya umurimo w’imana ndetse no gukina umupira w’amaguru ibintu bitamenyerewe kubantu nkaba b’ibyamamare. Kuri ubu uyu rutahizamu w’ikipe ya Al – hilal yo mu gihugu cya Saudi Arabia yamaze kwihebera Imana, mu mwaka wa 2020, uyu mukinnyi […]

Continue Reading

Ni gute ubundi umuvugabutumwa wo muri Nigeriya uri kuvugwa cyane ubu witwa TB Joshua yapfuye.

Umuvugabutumwa wo kuri televiziyo wo muri Nijeriya Temitope Balogun Joshua, umwe mu bavugabutumwa bo ku ma televiziyo bazwi cyane muri Afurika wari uzwi ku izina rya T.B. muri 2021 yapfuye afite imyaka 57. Bamwe mu bamwizera bavuga ko umubwiriza wabo yari asanzwe azi ko agomba gupfa vuba. Umutegetsi w’umujyi yavukiyemo Oba Yisa Olanipekun yabwiye abanyamakuru […]

Continue Reading

Kuki mu basilamu harimo ibice bihora bihanganye “aba Suni n’aba Shia” Sobanukirwa impamvu.

Amateka agaragaza ko intambara zishingiye ku myemerere, arizo ntambara zimaze guhitana abantu benshi kuruta abishwe n’intambara z’isi uko ari ebyiri. Hakunze kumvikana amakimbirane mu bihugu byo mu burasirazuba bwo hagati, ashingiye ku idini ya Isilamu. Kenshi bivugwa ko ari ubushyamirane hagati y’abayisilamu b’aba suni n’abayisilamu b’aba shia. Ubundi idini ya isilamu yubakiye ku bintu bibiri; […]

Continue Reading

Umuhanzi nyarwanda yakoze indirimbo asingiza ubutware bwa Satani

Si ibintu bimenyerewe cyane ko umuhanzi cyangwa undi uwari wese ashobora gushyigikira ibikorwa ndetse akanishyira mu mwanya wa Satani, uzwiho kuba ariwe zingiro ry’ibibazo biriho ku isi (Nkuko bivugwa n’ababyizera), Dore ko banamwita Sekibi. Umuhanzi nyarwanda yakoze indirimbo imara iminota 3 n’amasegonda 21 avugamo ubutware n’uburyo Satani ariwe uyoboye isi. Iyi ndirimbo yitwa “Karundura” y’umuhanzi […]

Continue Reading

Ni iyihe mpamvu ituma Abanyafrika aribo berekana kwemera Yesu kuruta ahandi hose ku isi?

Yesu Kirisitu yabayeho mu myaka 2023 ishize. Imyemerere ya Gikirisitu ni we ikomokokaho. Uyu mugabo wavukiye mu muryango w’Abayahudi, ariko aba ntibamwemera nk’intumwa y’Imana, nubwo bahuje amaraso nawe. Bamufata nk’umuntu wabayeho kuko batamwambaza nk’uko Abakirisitu babigenza. Imyemerere ya Gikirisitu yasakajwe n’Abaromani, ikwira mu Burayi, ndetse iza gukwizwa no mu bindi bice by’Isi, cyane cyane mu […]

Continue Reading

Nyuma y’amagambo menshi, Vatican yashyize umucyo ku gushyingira abaryamana bahuje ibitsina.

Ibiro bya Kiliziya Gatolika bishinzwe amahame y’ukwemera, byasobanuye ko bidashyigikiye ibikorwa by’abaryamana bahuje ibitsina n’ubwo Papa Francis yasabye ko batazajya bahezwa mu gihe cyo gutanga umugisha. Tariki ya 18 Ukuboza 2023 ibi biro bizwi nka ‘Dicastery for the Doctrine of the Faith’ byasohoye amabwiriza mashya asaba abasaseridoti hirya no hino ku Isi guha umugisha bose, […]

Continue Reading

Imyaka 20 y’urukozasoni n ” ibitangaza by’impimbano ‘ i Lagos bikomeje gutera abantu urujijo.

Imbuga nkoranyambaga zikomeje gusakuza nyuma y’ibice bitatu byerekanwe ku muvugabutumwa nyakwigendera, Umuhanuzi Temitope Balogun Joshua (TB Joshua), ni amakuru acukumbuye yasohotse muri Afrika Eye mu gitangazamakuru cyo mu Bwongereza (BBC) Amashusho maremare, agabanijwemo ibice bitatu anaboneka ku rubuga rwa YouTube rwitwa “Disciples: The Cult of TB Joshua” harimo ubuhamya bwatanzwe n’abahoze ari abigishwa n’abakozi b’itorero […]

Continue Reading