Polisi ya Nigeria iri gukurikirana Davido, nyuma y’uko Tiwa Savage amureze kumutera ubwoba no kumushyiraho ibikangisho.

Nyuma y’uko Tiwa Savage wahoze ari inshuti magara na Davido, amureze kumutera ubwoba no kumushyiraho ibikangisho, Polisi ya Nigeria ikomeje gukora iperereza ryimbitse ku muhanzi Davido ngo barebe koko niba ibyo ashinjwa na Tiwa Savage ari ukuri. Umwiryane n’amakimbirane hagati y’ibi byamamare bivugwa ko yatangiye tariki 23 Ukuboza 2023, nyuma y’uko umuhanzikazi Tiwa Savage, yashyize […]

Continue Reading

Umuhanzi nyarwanda yakoze indirimbo asingiza ubutware bwa Satani

Si ibintu bimenyerewe cyane ko umuhanzi cyangwa undi uwari wese ashobora gushyigikira ibikorwa ndetse akanishyira mu mwanya wa Satani, uzwiho kuba ariwe zingiro ry’ibibazo biriho ku isi (Nkuko bivugwa n’ababyizera), Dore ko banamwita Sekibi. Umuhanzi nyarwanda yakoze indirimbo imara iminota 3 n’amasegonda 21 avugamo ubutware n’uburyo Satani ariwe uyoboye isi. Iyi ndirimbo yitwa “Karundura” y’umuhanzi […]

Continue Reading

Dore amafoto utabonye y’ubukwe bwa Sadio Mane wakoze ubukwe mw’ibanga {AMAFOTO}

Sadio Mane, ni rutahizamu ukomoka muri Senegal ku mugabane w’Afrika, akaba akinira Ikipe ya Al Nassr muri Saudi Arabia, yanyuze no mw’ikipe ya Liverpool, uyu mukinnyi yakoze ubukwe mw’ibanga ibintu byatunguye abantu benshi. Sadio Mane yigeze kuvugwaho umubano wihariye n’Umunyarwandakazi witwa Kate Bashabe, yamaze kurushinga na Aisha Tamba, basezeranye kubana nk’umugore n’umugabo. N’ubukwe bwabaye tariki […]

Continue Reading

Rev.Dr.Antoine Rutayisire yavuze impamvu abona DR Congo ihora mu ntambara zidashira.

Uyu mushumba ibi yabivuze mu ntangiriro z’icyi cyumweru, ubwo yarimo yigisha mu itorero rya Four Square Church, aho yatangiye avuga ko zimwe mu mpamvu zituma Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ihorana ibibazo harimo n’imigisha Imana yahaye iki gihugu. Yakomeje agira ati”Buriya Congo yari ifite amahirwe yo kuba ikigega cy’akarere, kuko mu bihugu byose bidukikije igira […]

Continue Reading

‘Nahagaritse ishuri ry’ubuvuzi kubera umuziki wanjye’

LAMU, w’imyaka 26 ubusanzwe amazina nyayo ye ni Ahlam Ismail, n’umuririmbyi, umwanditsi w’indirimbo. Mu minsi yavuba aherutse kugirana ikiganiro na televiziyo Byihuse mu kiganiro yaganiriye na televiziyo yavuze kubijyanye n’inshingano ze nuburyo abihuza. Yavuze ko akunda kwishimisha no gukunda gufasha abantu kuko aba yumva byongerera agaciro ubuzima bwe iyo afashije, Yavuze kandi ko mbere yuko […]

Continue Reading

Bitunguranye Sadio Mane yakoze ubukwe n’umukunzi we Aisha Tamba.

Sadio Mane ukinira Al Nassir yo muri Saudi Arabia yakoze ubukwe mw’ibanga, ibintu byatunguye abantu benshi harimo n’abakinnyi basanzwe bakinana. Inkuru y’ubukwe bwa Sadio Mane yasakaye ku munsi wejo tariki 07 Mutarama 2024. Uyu munya-senegal wimyaka 31 yamavuko ku munsi wejo nibwo yasezeranye n’umukobwa wiga muri kaminuza w’imyaka 19 yamavuko, basezeraniye I darkar muri keur […]

Continue Reading

Umunyabigwi Maria Yohana na Victor Rukotana bakoze mu nganzo mu bukwe bwa Kimenyi Yves. {Amafoto}

Umukinnyi wa AS Kigali, Kimenyi Yves yasabye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 6 Mutarama 2024, Yasabye anakwa Uwase Muyango Claudine mu muhango uri kubera mu Karere ka Gasabo mu murenge Gisozi ahazwi nka Romantic Garden. KIMENYI Yves na MUYANGO Uwase bakoze imihango yo gusaba no gukwa, Nyuma yuko kuri uyu wa gatanu tariki ya […]

Continue Reading

Kimenyi Yves yasabye anakwa Miss Muyango Claudine, mu birori byitabiriwe n’ibyamamare byinshi. {Amafoto}

Umukinnyi wa AS Kigali, Kimenyi Yves yasabye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 6 Mutarama 2024, Yasabye anakwa Uwase Muyango Claudine mu muhango uri kubera mu Karere ka Gasabo mu murenge Gisozi ahazwi nka Romantic Garden. KIMENYI Yves na MUYANGO Uwase bakoze imihango yo gusaba no gukwa, Nyuma yuko kuri uyu wa gatanu tariki ya […]

Continue Reading

LIVE : Mu mafoto kurikira uko ubukwe bwa Kimenyi Yves na Muyango, buri kugenda.

Umukinnyi wa AS Kigali, Kimenyi Yves yasabye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 6 Mutarama 2024, Yasabye anakwa Uwase Muyango Claudine mu muhango uri kubera mu Karere ka Gasabo mu murenge Gisozi ahazwi nka Romantic Garden. KIMENYI Yves na MUYANGO Uwase bakoze imihango yo gusaba no gukwa, Nyuma yuko kuri uyu wa gatanu tariki ya […]

Continue Reading

Miss Mwiseneza Josiane ari mumunyenga w’urukundo rushya nyuma yo gutandukana n’umusore bakundanaga.

Miss Mwiseneza Josiane wegukanye ikamba rya Nyampinga ukunzwe kurusha abandi (Miss populality) muri Miss Rwanda 2019, yatangaje ko ari mu rukundo rushya nyuma yo gutandukana n’umusore bahoze bakundana. Ibi uyu mukobwa yabitangaje mu kiganiro yakoranye na Sabin kw’ISIMBI, Mwiseneza Josiane yavuze ko ubu ari mu rukundo n’umusore bari baziranye mbere bisanzwe, bakaza gukundana nyuma yuko […]

Continue Reading