Perezida Kageme yagize Dr Bagabe Cyubahiro, Umuyobozi mukuru wa RICA.

None kuwa 15 Werurwe 2024, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashyize Dr Bagabe Cyubahiro ku mwanya w’umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge. Mu itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe ryagiraga riti “Ashingiye ku biteganywa n’itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 112, None kuwa 15 Werurwe […]

Continue Reading

Imbamutima za benshi, Nyuma yuko habayeho izamuka ry’ibiciro by’ingendo.

Ibiciro bishya by’Ingendo byavugishije benshi nyuma yuko byongerewe kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Werurwe 2024 ndetse bikazatangira kubahirizwa mu gihe gito cyane cyiri imbere. Iri tangazo rijyanye n’izamuka ry’ibiciro by’ingendo mu mudoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange ntiryavuzweho rumwe cyane ko hari abasanga habayeho gutumbagizwa cyane kw’ibiciro nyamara benshi bari no mu […]

Continue Reading

Dore ibihugu bikize cyane muri Afrika

Ni Nijeriya, igihugu cyo muri Afurika y’Iburengerazuba, kigaragaza ubukungu bukomeye ku mugabane wa Afurika. Hafi ya GDP igera kuri miliyari 477 z’amadolari mu 2022, Nijeriya iri ku isonga ry’ibihugu bikize cyane muri Afurika, imbere ya Misiri na Afurika y’Epfo. Dukurikije ibipimo by’iterambere rya IMF, uru rutonde ntirukwiye guhura n’imvururu mu myaka iri imbere. Nijeriya, igihugu […]

Continue Reading

Col Stella Uwineza yavuze ku byatumye yinjira muri RDF

Yambaye imyenda ya gisirikare, Col Stella Uwineza yumva inzozi ze zarabaye impamo: gukorera igihugu cye binyuze mu gisirikare. Uwineza ni umwe mu bagize ingabo zirwanira mu kirere mu Rwanda – ishami ry’ingabo z’u Rwanda (RDF). Ari mu bagore barindwi bazamuwe ku ntera ya Coloneli – kuva kuri Liyetona Koloneli, ku ya 19 Ukuboza 2023 – […]

Continue Reading

Sudani: Loni irahamagarira guhagarika imirwano mbere y’ukwezi gutagatifu kwa Musilamu

Ku wa gatanu, akanama k’umuryango w’abibumbye gashinzwe umutekano kasabye amashyaka yarwanaga na Sudani guhita ahagarika imirwano mu kwezi gutagatifu kw’abayisilamu kwa Ramadhan kandi akemera ko imfashanyo igera ku bantu miliyoni 25 bakeneye cyane ibiryo n’ubundi bufasha. Biteganijwe ko Ramazani izatangira ku wa mbere cyangwa hafi yayo, bitewe no kubona ukwezi. Inama y’abanyamuryango 15 yatoye cyane […]

Continue Reading

Perezida Kagame yavuze ku mazina yise abuzukuru be n’icyo asobanuye, n’Uburyo buhambaye afatamo umugore.

Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, Perezida Paul Kagame yatangaje byinshi ku buzukuru be ndetse n’uburyo buhambaye afatamo umugore cyane ko ariwe avukaho nk’abandi bose, Perezida Kagame kandi yavuze ku mazina yise abuzukuru be n’icyo asobanuye. Mu birori by’umunsi mpuzamahanga w’umugore byabereye muri BK Arena, Perezida Kagame yasobanuye amazina yise abuzukuru be nyuma yo kubisaba ababyeyi babo […]

Continue Reading

Ibintu biranga umugore ukunda umugabo we

Iyo umugore akunda umugabo hari imyitwarire simusiga imuranga haba mu buryo yitwara kuriwe n’ibikorwa akora. Dore bimwe mu bintu by’ingenzi biranga umugore ukunda umugabo we : Yumva akumbuye umugabo we nyuma y’igihe gito : Iyo umugore ankunda umugabo we uzasanga igihe adahari yumva amukumbuye umunsi umwe udahari akumva wamubererye igihe kirekire. Ahora ashaka udushya yakorera umugabo we ; iyo umugore […]

Continue Reading

Uganda: Uwahoze yicuruza ubu ni ikitegererezo mu cyaro cya Kampala

Kurwanya virusi itera sida muri Uganda bisa nkaho bifata inzira nziza muri Uganda. Indwara zandura mu gihugu zaragabanutse kugera kuri 5 ku ijana, ziva kuri 30 ku ijana mu myaka mirongo itatu ishize, biterwa ahanini n’uburezi bwiza no kwirinda izo ndwara cyane cyane izandurira mu mibonano mpuzabitsina Ariko mu bakora imibonano mpuzabitsina, umubare ukomeje kuba […]

Continue Reading

MINALOC yagaragaje uburyo bushya bwo gufasha uwataye indangamuntu kongera kuyibona.

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, iravuga ko ubu hashyizweho uburyo bwihariye bwo gufasha abaturage bataye ikarita ndagamuntu, aho kuri ubu bazajya bashakishwa aho bari hose bakazisubizwa cyangwa zigasubizwa mu kigo cy’indangamuntu kikabashakisha bakazisubizwa. Ibi ngo biri muri gahunda yo gufasha abaturage kutazacikanwa n’amahirwe yo gutora, Hari abaturage bavuga ko bagiye bitabira gahunda zo kwifotoza ku bashya no gukosoza […]

Continue Reading

Perezida Paul Kagame yakiriye urubyiruko rwitabiriye gahunda igamije guteza imbere umugabane w’ Afurika.

Umukuru w’igihugu Paul Kagame yakiriye urubyiruko ruhagarariye abandi rwitabiriye gahunda yiswe ‘Young Leaders Program’ ibaye ku nshuro ya gatatu, igamije guteza imbere Afrika. Muri iri huriro ryabaye kuri uyu wa kane tariki 29 gashyantare 2024, mubiro bikuru by’umukuru w’igihugu Village Urugwiro, urubyiruko rwanagaragaje imwe mu mishinga rufite rwifuza guteza imbere. Iyo gahunda ya ‘Young Leaders […]

Continue Reading