“Ibanga ryacu nk’ Abanyarwanda ni ugufatanya, Ntiwakora byose wenyine, ugomba gukorana n’abandi” Perezida Paul Kagame.

Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rukora ibishoboka bihereye mu gukemura ibibazo by’imbere mu gihugu. Ati: “Dukora ibyo dushoboye, ibishoboka ariko ntitubikora twenyine tugerageza kubikorana n’ibindi bihugu, ibihugu duturanye n’ibindi. Hari ibyo dushyira imbere, ni byo dushingaho agati. Icya mbere ni ugukemura iby’imbere mu gihugu bifitanye isano n’amateka yacu ndetse naho duherereye, tugakora ibyo […]

Continue Reading

Kibuka30 : I Musanze bihanangirijwe kurema amatsinda asenya ubumwe bw’Abanyarwanda.

Abaturage bo mu Karere ka Musanze bibukijwe ko Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 atari umwanya wo kurema amatsinda asenya Ubumwe bw’Abanyarwanda, ahubwo ko ari igihe cyo gukomeza guharanira kwiyubaka, birinda ko amateka mabi yahekuye u Rwanda atazagaruka. Byagarutsweho kuri uyu wa 7 Mata 2024, ubwo hatangizwaga icyumweru cyo kwibuka ku […]

Continue Reading

Kwibuka30 : Ubuhamya buteye agahinda bwa Kayitesi Annick Jozan wiciwe umubyeyi agategekwa gukoropa amaraso ye.

KAYITESI Annick Jozan umwe mu barokotse Jenoside yakorewe yavutse ubuhamya bwe buteye agahinda nyuma yo kwicirwa umubyeyi mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi muri mata 1994. Annick Kayitesi Jozan w’imyaka 44 yatangaje ko mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, abajenosideri bagiye kwica abo mu rugo rw’iwabo bica mama we, amara hafi umunsi wose akoropa amaraso […]

Continue Reading

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bacanye urumuri rw’icyizere, mu gutangiza icyumweru cyo Kwibuka30.

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, itariki 7 Mata 2024, ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi hatangirijwe icyumweru cy’icyunamo n’iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Perezida w’u Rwanda Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame nibo batangije icyumweru cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe […]

Continue Reading

RIB yaburiye abanyarwanda kwigengesera ku magambo bakoresha, mu bihe byo kwibuka.

Mu gihe habura iminsi igera kuri ibiri gusa kugirango Abanyarwanda bose binjire mu cyumweu cyo kwibuka no kunabira inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, RIB iributsa abantu bose kwitwararika. Abantu bose baributswa kwigengesera muri ibi bihe by’akababaro bakazirikana kumenya amagambo bakoresha adasesereza ababuze ababo muri ibyo bihe by’icuraburindi ryaranze u Rwanda muri 1994 […]

Continue Reading

KWIBUKA30 : Bill Clinton mu ntumwa zatoranijwe na Perezida Biden kuzamuhagararira mu kwibuka.

Mu gihe habura iminsi micye kugirango Abanyarwanda binjire mu cyumweru cyo kunamira no kwibuka inzirakarengane za Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Leta ya Amerika yatoranije abantu batanu bazayihagararira muri iyo mihango. Mu itangazo ryasohowe n”ibiro by’umukuru w’igihugu, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yatangaje itsinda ry’abantu batanu riyobowe na Bill Clinton bazamuhagararira […]

Continue Reading

Ese Diomaye Faye wabaye perezida wa Senegal ni muntu ki?

Bassirou Diomaye Faye yavutse ku ya 25 Werurwe 1980 ni umunyapolitiki wo muri Senegal kandi wahoze ari umugenzuzi w’imisoro akaba ubu yaramaze kuba Perezida watowe ku majwi menshi muri Senegali uyu mwaka wa 2024. Yahoze ari umunyamabanga mukuru w’ishyaka rya PASTEF nyuma yo gushingwa ubu rikaba ritakibaho kuko ryasheshwe yasheshwe. Muri 2000, Faye yabonye impamyabumenyi […]

Continue Reading

Col Stella Uwineza yavuze ku byatumye yinjira muri RDF

Yambaye imyenda ya gisirikare, Col Stella Uwineza yumva inzozi ze zarabaye impamo: gukorera igihugu cye binyuze mu gisirikare. Uwineza ni umwe mu bagize ingabo zirwanira mu kirere mu Rwanda – ishami ry’ingabo z’u Rwanda (RDF). Ari mu bagore barindwi bazamuwe ku ntera ya Coloneli – kuva kuri Liyetona Koloneli, ku ya 19 Ukuboza 2023 – […]

Continue Reading

Bwa bwato baroshywe mu Kiyaga cya Kivu mu ntambara ya mbere y’Isi bwabonetse.

Nyuma gutangaza inkuru ivuga ko hari igikorwa cyo gushakisha ubwato bwaroshywe mu Kiyaga cya Kivu, mu Ntambara ya mbere y’Isi cyarimo gikorwa ku bufatanye bw’u Rwanda n’u Budage kuri ubu cyamaze gusozwa kigenze neza. Kugeza ubu amakuru ahari avuga ko iki gikorwa cyagenze neza ndetse intego yari igamijwe ikaba yamaze kugerwaho kuko ubwo bwato bwamaze […]

Continue Reading

GSB Kiloz yacyebuye urubyiruko rusigaye rwitiranya ibigezweho no guhemukira abantu, Mu ndirimbo ye nshya.

Umuhanzi wa Rap Iraguha Lando Fils uzwi cyane nka GSB Kiloz wumvikana cyane muri Old School, Yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya yise ‘Ibisekuru’ Acyeburamo Abajeune basigaye bitiranya ibigezweho no guhemukira abantu bacu. Uyu muraperi GSB Kiloz yavuze ko yiyemeje gukorana imbaraga zidasanzwe umuziki we muri uyu mwaka wa 2024, Mu kiganiro yagiranye na n’ikinyamakuru ‘MIE EMPIRE’, […]

Continue Reading