U Rwanda na Tanzania basinye amasezerano y’ubufatanye mu guteza imbere inganda zitunganya umusaruro w’amata.
Ibihugu by’u Rwanda na Tanzania, byasinye amasezerano y’ubufatanye mu guteza imbere inganda zitunganya umusaruro w’amata. Ku munsi w’ejo tariki 12 Mutarama 2024, nibwo aya masezerano yashyiriweho umukono, byabereye muri Zanzibar. Aya masezerano yashyizweho umukono Gen (Rtd) James Kabarebe, umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, ndetse na Abdallah Hamis Ulega, Minisitiri […]
Continue Reading