Ibi bintu 6 abantu bakunze kubikora kandi byangiza ubuzima.
Akenshi iyo abantu bavuze ibyangiza ubuzima abantu bumva ibyo kurya n’ibyo kunywa bibi no kudakora imyitozo ngororamubiri. Yego nabyo byangiza ubuzima ariko hari ibindi bintu by’ingenzi abantu bagakwiye kureka kuko usanga byangiza ubuzima kandi abantu ntibabiha agaciro kuko babona ko ari ibintu byoroshye Dore ibyo bintu abantu bakunze gukora kandi byangiza ubuzima : Kutababarira : […]
Continue Reading