Ibi bintu 6 abantu bakunze kubikora kandi byangiza ubuzima.

Akenshi iyo abantu bavuze ibyangiza ubuzima abantu bumva ibyo kurya n’ibyo kunywa bibi no kudakora imyitozo ngororamubiri. Yego nabyo byangiza ubuzima ariko hari ibindi bintu by’ingenzi abantu bagakwiye kureka kuko usanga byangiza ubuzima kandi abantu ntibabiha agaciro kuko babona ko ari ibintu byoroshye Dore ibyo bintu abantu bakunze gukora kandi byangiza ubuzima : Kutababarira : […]

Continue Reading

Sobanukirwa iby’iki gihugu gifite gereza imwe kandi ifungirwamo abantu babiri gusa.

Biratangaje kumva ko hari igihugu kibaho mu mudendezo wavuga nka Paradizo ku buryo usanga nta magereza afunga abanyabyaha aba ahari, n’ihari ugasanga ibura abayijyamo nk’uko mu gihugu cya San Marino gereza ibura abayijyamo ugasanga imfungwa ari imwe cyangwa ebyiri. Muri gereza zose zo ku isi hari abantu barenga miliyoni 11 bazifungiyemo, nk’uko bigaragara muri raporo […]

Continue Reading

Pasiteri washinze Amazing Grace Radio, wirukanywe mu Rwanda Ubu Akorera muri Uganda

Gregg Schoof, umushumba w’ivugabutumwa utavugwaho rumwe yirukanywe mu Rwanda umwaka ushize, ubu atuye kandi akorera muri Uganda. Gregg Schoof ni umushumba cyangwa Pasiteri ukomoka muri Leta Zunze Umbwe za Amerika, akaba yaranafite radiyo ya gikiristo yitwaga “Amazing Grace Christian Radio) cyangwa se Radiyo Ubuntu butangaje. Iyi radiyo ikaba yarahagaritswe mu Rwanda ndetse na Gregg Schoof […]

Continue Reading

Abuja: Ba rushimusi bishe 3 muri 10 bashimuswe, baburira bene wabo ko niba incungu ya Milliyoni 700 itabonetse bica n’abasigaye bose

Muri Nigeria abagizi ba nabi bashimuse abaturage bagera kuri 10 barimo n’abana bato bakaka amafaranga bamaze kwicamo abagera kuri 3 muri 10 bashimuswe banazamura umubare w’amafaranga y’inshungu bari batse. Ikinyamakuru Vanguardngr cyatangaje ko abashimusi bashimuse abantu bagera kuri 10 mu isambu yitwa Sagwari Layout, Dutse iherereye mu mujyi wa Abuja, kuwa 7 Mutarama bikanavugwa ko […]

Continue Reading

Mu ndirimbo ye nshya, Meddy yavuye ku bwiza bw’Imana ndetse n’ibitangaza yamukoreye.

Umuhanzi Meddy yatakambiye Imana ye mu ndirimbo ye nshya yise “Niyo Ndirimbo” afatanije na Adrien Misigaro, Indirimbo yavuzemo ubwiza butangaje bw’Imana ndetse ko yabonye ibitangaza byayo. Meddy wakiriye agakiza mu minsi yashiza akava mu muziki usanzwe uzwi nka “Circular Music” akajya mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, yari amaze iminsi adakora indirimbo cyangwa se […]

Continue Reading

Muri Rayon Sports haravugwa amakuru ashimishije nyuma yo guhagarika umutoza Wade.

Nyuma y’uko imikino yo kwishyura ya Shampiyona y’ikiciro cya mbere itangiye, ikipe ya Rayon Rports igatangira itsindwa na Gasogi United, Ku mikino wa mbere, abakinnyi bayo bakomeye itari ifite muri uyu mukino bagarutse. Umukino wa Gasogi United na Rayon Sports, niwo mukino watangiye igice cya kabiri cya shampiyona cyo kwishyura. Uyu mukino warangiye Rayon Sports […]

Continue Reading

Umuhanzi Uncle Austin yatangaje ko ibibazo bye na Shaddyboo byakemutse batakiyambaje inkiko.

Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Uncle Austin, yavuze ko nyuma yo kuganira na Shaddyboo, ibibazo bari bafitanye byarangiye ku buryo batakigiye mu byo kwiyambaza amategeko. Uyu muhanzi usanzwe ari n’umunyamakuru kuri Radio ikunzwe na benshi ya Kiss FM, yavuze ko bashyize imbere gukemura ibibazo mu mahoro hatabayeho kwiyambaza inkiko. Ni intambara y’amagambo yari imaze iminsi hagati y’umuhanzi […]

Continue Reading

M Irene yasubije abanyamakuru b’i Burundi bamwishyizemo.

Umunyamakuru akaba n’umujyanama w’abahanzi, Irene Murindahabi, yasubije abanyamakuru b’i Burundi biganjemo abakoresha umuyoboro wa YouTube bamwijunditse, bavuga ko yabahemukiye nyuma y’igitaramo cya Vestine na Dorcas. Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas baherutse gukorera igitaramo I Burundi. N’igitaramo kitabiriwe cyane n’ubwo mbere y’uko kiba byabanje kugorana. Iki gitaramo cyabaye mu ijoro […]

Continue Reading

Kuki urubyiruko rwahindutse rutakimeze nk’urwa kera?

Uzi akaga gaterwa n’abakiri bato n’urubyiruko rw’iyi minsi? Abajeunes, abaniga, abakoboyi, abajama batekereza ko isi ari iyabo kandi ko bazi byinshi kuturusha ndetse twese baturuta. Ni iki waza ubabwira se? Icyakora ubanza batibeshya, ab’ubu bakiri bato bazi ubwenge cyane, bafite imbaraga, barakorera ku muvuduko ariko ubanza ukabije. Niba uri mukuru, ushobora kuba ujya wumva cyangwa […]

Continue Reading

Real Madrid yaraye ihaye Barcelona isomo rya Ruhago itwara igikombe cya 13.

Ijoro ryakeye nibwo muri Espagne umuriro wari watse dore ko abafana bose baba baryamye ku makipe yabo mbese babukereye stade yuzuye baje gushigikira amakipe yobo, iri joro rero ntiryahiriye abakunzi ba Fc Barcelona kuko Real Madrid yayinyagiye ibitego 4 kuri 1. Ikipe ya Real Madrid, ibifashijwemo n’umukinnyi ukiri muto, Vinicius Jr byarangiye yegukanye igikombe cya […]

Continue Reading