Dore akamaro ko kurya umwembe ku buzima bwawe

Umwembe ni urubuto rukundwa na benshi kandi ruryoha cyane ariko by’umwihariko rw’ingirakamaro cyane ku buzima bw’umuntu ndetse rukaba rugizwe n’ubwoko bw’intungamubiri zirenga 20 zifasha umubiri kumererwa neza cyane. Iyi ni imimaro y’umwembe ku buzima bwa muntu 1. umuntu urya umwembe nibura inshuro imwe ku munsi ntashobora kwibasirwa na kanseri zifata imyanya myibarukiro kuko ufite beta-carotene […]

Continue Reading

Umuyobozi wa Tchad ari mu Burusiya kubera ubutumire bwa Putin

Kuri uyu wa kabiri, perezida wa guverinoma y’inzibacyuho ya Tchad, Jenerali Mahamat Idriss Deby Itno, yatangiye uruzinduko mu Burusiya “ku butumire” bwa Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin, nkuko ibyo bihugu byombi byabitangaje. Deby “yavuye N’Djamena mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri yerekeza i Moscou ku butumire bwa Perezida Vladimir Putin. Umukuru w’igihugu yafashe inshingano zo […]

Continue Reading

Nyuma yibyo Madjaliwa yatangaje, ntiyishimiwe n’aba-Rayon muri iyi minsi.

Aruna Moussa Madjaliwa binyuze kuri paji ye ya Facebook inyuzwaho amakuru ye, mu minsi micye ishize yavuze ko vuba agiye kugaruka mu kazi ka Rayon Sports, none bamwe mu barayon ntago bigeze biahimira imyitwarire ye. Nyuma yuko atangaje ubwo butumwa, abakunzi b’iyi kipe bamugaragarije ko batishimiye imyitwarire ye amaze iminsi agaragaza. Ibi bibaye nyuma y’amezi […]

Continue Reading

Dr Sabin Nsanzimana ati “niba unywa byibuze amacupa abiri y’inzoga ku munsi uzarinda usaza udasindutse.”

Hashize igihe hatangijwe ubukangurambaga kuri gahunda yo kugabanya kunywa ibisindisha yiswe (Tunyweless), imwe mu byagarutsweho ku munsi wejo munama y’umushyikirano ya 19. Iyi nama ibaye ku nshuro ya 19, ikaba iba igamije kuvugirwamo ibintu byinshi bitandukanye, gushima, kunenga ndetse n’ibibazo abaturage baba bafite bakabona umwanya wo kubibaza. Abaturage bakurukiranaga uyu mushyikirano mu buryo bitandukanye, hari […]

Continue Reading

Nyuma y’igihe kinini, Green P yirekuye avuga kuri Jay Polly witabye Imana no kuri Ise umubyara.

Umuraperi Green P wamamaye cyane mu itsinda rya Tuff Gangs ryakanyujijeho mu myaka ya za 2008 kuzamura mu njyana ya Hip Hop yongeye kugaragara mu itangazamakuru nyuma y’iminsi myinshi atavuga. Uyu muraperi usanzwe witwa Rukundo Elie agakoresha Green P muri Muzika, Ni umuvandimwe w’umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi cyane nka The Ben yatangaje byinshi bijyanye n’ibikorwa […]

Continue Reading

Rutahizamu Shabani Hussein Tchabalala yagarutse muri AS Kigali.

Mu gihe AS Kigali yitegura guhura na APR FC mu gikombe cy’Amahoro, iyi kipe yagaruye rutahizamu w’Umurundi wakinaga muri Libya, Shabani Hussein Tchabalala. Uyu munsi tariki 24 Mutarama 2024, AS Kigali iribukine na APR FC mu mukino wo kwishyura wa 1/8 mu gikombe Cy’Amahoro, aho umukino ubanza APR FC yari yabatsinze 1-0. Mu masaha y’ijoro […]

Continue Reading

Umushyikirano 19 : “Turambiwe gucyurirwa indagara, Ni ikibazo tugomba guca vuba cyane bidatinze.” Minisitiri Musafiri.

Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Ildephonse Musafiri, yashimangiye ko Leta y’URwanda irimo gutegura ubudangarwa bw’umutekano wayo mu bijyanye n’ibiribwa kugirango hacyemurwe ikibazo cy’ibiribwa biva hanze y’U Rwanda. Musafiri avuga ko iyi gahunda barimo gutegura ari gahunda nshya y’imyaka itanu ishingiye ku kubaka ubudahangarwa bw’umutekano w’ibiribwa izatangira muri Nyakanga 2024, Ahanini ngo iyi gahunda ikaba igamije cyane […]

Continue Reading

Antony Blinken yageze muri Nigeriamu ruzinduko akomeje kugirira muri Afurika

Ku wa kabiri, umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Antony Blinken yahuye na Perezida wa Nijeriya Bola Tinubu i Abuja ubwo yakomezaga kuzenguruka ibihugu bine bya Afurika. Ku wa mbere, Blinken yasuye Cape Verde na Coryte d’Ivoire, avuga ko Amerika ari yo nkunga ikomeye ku mugabane w’ubukungu n’umutekano mu gihe cy’ibibazo byo mu karere ndetse […]

Continue Reading

Abarwanyi ba Al-Shabaab biciwe mu gitero cyagabwe n’igisirikare cya Amerika muri Somaliya.

Ku wa kabiri, igisirikare cy’Amerika cyemeje ko cyagabye ibitero by’indege muri Somaliya mu mpera z’icyumweru gishize, bituma hapfa abantu batatu mu barwanyi ba Al-Shabab bafatanije na Al-Qaeda. Ku cyumweru, ubuyobozi bwa Afurika muri Amerika bufite icyicaro i Stuttgart, mu Budage, bwatangaje ko iyi myigaragambyo yakozwe bisabwe na guverinoma ya Somaliya mu gace ka kure nko […]

Continue Reading

Igihugu cya Misiri cyatangiye kubaka uruganda rukora ingufu za kirimbuzi “El Dabaa”

Ku wa kabiri, Perezida wa Misiri, Abdel Fattah el-Sissi, yatangaje ko igihugu cye n’Uburusiya biri ku “rupapuro rushya”. Ibi yabitangaje mu muhango wo gushinga uruganda rwa mbere rw’ingufu za kirimbuzi rwa Misiri. Uruganda rukora ingufu za kirimbuzi El Dabaa ruzubakwa n’ikigo cya Leta cy’Uburusiya gishinzwe ingufu za kirimbuzi Rosatom. Muri uwo muhango El-Sissi yavuze ko […]

Continue Reading