U Rwanda rwahawe n’UBuyapani inguzanyo ya Miliyari 118 Frw zo guteza imbere ikoranabuhanga mu burezi.

Leta y’u Rwanda yasinyanye n’iy’u Buyapani amasezerano y’inguzanyo ya miliyari 14 z’amayeni, ahwanye na miliyari 118 z’amafaranga y’u Rwanda, azifashishwa mu guteza imbere ikoranabuhanga mu burezi. Aya masezerano yashyizweho umukono kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 5 Werurwe 2024 na Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Ndagijimana Uzziel na Ambasaderi w’u Buyapani mu Rwanda, Isao Fukushima. Inguzanyo […]

Continue Reading

Nyuma yo kumara amezi 5 badahembwa, abakinnyi ba Kiyovu Sports bivumbuye.

Nyuma yuko abakinnyi ba Kiyovu Sports bamaze amezi asaga atanu (5) batazi ikitwa umishahara bivumbuye banga gukora imyitozo bageze ku kibuga. Ibi bibaye nyuma y’uko iyi kipe yari yatsinze Police FC ibitego 2-1 mu mpera z’icyumweru gishize mu mukino w’umunsi wa 23 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda. Ikipe ya Kiyovu Sports ikaba yaragombaga […]

Continue Reading

Abakunzi ba “UEFA Champions League” bashobora kuyibona mu isura nshya.

Irushanwa ry’Amakipe yabaye ayambere iwayo UEFA Champions League rishobora kugira ubundi buryohe bwihariye ku bakunzi baryo barikurikiranye kuva cyera hose cyane ko ryavuguruwe mu buryo bushya. Abakunzi ba ruhago byumwihariko ab’Irushanwa rya UEFA Champions League bagiye kongera kuryoherwa cyane n’iri rushanwa nyuma yuko Impuzamashyirahamwe ya Ruhago i Burayi (UEFA) yemeje uburyo bushya bwo gukina iri […]

Continue Reading

Ghana: Minisiteri y’imari iraburira igihugu ko kizagwa mu gihombo cya Miliyari $ 3.8 kubera umushinga w’itegeko rirwanya Abatinganyi.

Minisiteri y’imari ya Ghana yihanangirije ko iki gihugu kizatakaza amafaranga menshi y’amabanki mpuzamahanga agera kuri miliyari 3.8 z’amadolari y’Amerika mu myaka itanu cyangwa itandatu iri imbere mu gihe perezida Nana Akufo-Addo yashyize umukono ku mushinga w’itegeko rirwanya LGBTQ (Abaryamana bahuje ibitsina). Ingaruka zishobora kugira ingaruka mbi ku bubiko bw’ivunjisha rya Gana no guhungabana kw’ivunjisha nk’uko […]

Continue Reading

Ingengo y’imari shya ya Afrika yepfo iragabanya abanywa itabi, n’abanywi

Minisitiri w’imari muri Afurika yepfo yatanze ingengo y’imari 2024 ishaka gukuramo amafaranga menshi mu basoreshwa yita ku banywa itabi n’abanywa kandi ntibahindure imisoro yinjira ku ifaranga. Minisitiri w’imari, Enoch Godongwana, yavuze ko ingamba nshya z’ingengo y’imari zigamije gukusanya hafi miliyari 15 z’inyongera zikenewe mu guhuza ingengo y’imari, kuzamura umusoro ku nyungu rusange. Amafaranga menshi yiyongereyeho […]

Continue Reading

Sudani irasaba gusubizwa byimazeyo mu muryango wa Afrika Yunze Ubumwe (AU)

Umuyobozi w’ingabo z’ingabo za Sudani, Abdel Fattah al-Burhan, yasabye ko hajyaho abunzi ba AU ku kugarura abanyamuryango. Mu itangazo ryatangajwe n’Inama Njyanama y’Ubusugire bw’Ubutegetsi bw’Ikirenga ryatangaje ko, al-Burhan yagaragaje ati: “Sudani yizeye ko Umuryango w’Afurika Yunze ubumwe ushobora gukemura, ariko ari uko Leta igaruye abanyamuryango bayo bose kandi umuryango ukabifata utyo.” Ku cyumweru, Gen Burhan […]

Continue Reading

Abakinnyi n’abakora ibya filimi barashimira uruhare Mr Ibu yagize mu ruganda rwa sinema.

Abafana, abakora amafilime, n’abakurikirana inganda babajwe no kubura umukinnyi w’inararibonye John Okafor, uzwi cyane ku izina rya Bwana ‘Mr’ Ibu. Ku wa gatandatu, Okafor wari uhanganye n’indwara kuva mu 2023, yitabye Imana azize gufatwa n’umutima afite imyaka 62 ku bitaro bya Evercare i Lekki, muri Leta ya Lagos. Perezida Bola Tinubu n’abandi Banyanigeria bakomeye bifatanije […]

Continue Reading

Indege y’ingendo muri Misiri yahagaritse urugendo, Nyuma yo kugongana n’ibisiga by’i Kigali.

Sosiyete yo mu Misiri ikora ubwikorezi bwo mu kirere, EgyptAir, yatangaje ko yahagaritse urugendo rw’indege yayo rwavaga i Kigali rugana i Cairo, nyuma y’uko igonganye n’ibisiga. Amakuru dukesha IGIHE avuga ko uru rugendo rwari rwahawe izina rya MS835 rwahagaritswe ku wa Gatanu tariki 1 Werurwe mu 2024. Ni nyuma y’uko iyi ndege yo mu bwoko […]

Continue Reading

Congo : Byakomeye bigeze aho umwana arira nyina ntiyumve, RDC yatereye hejuru iratabaza amahanga.

Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ibyari indyo imwe byahindutse agatogo, Umukino wajemo ubukana buhambaye dore ko ubu imbunda ziremereye arizo zirimo gukora akazi no kumvikanisha neza ikitwa intambara kiri kuhabera. Imirwano ikomeye irimo imbunda ziremereye yafashe indi ntera mu bice bitandukanye byo muri Kivu ya Ruguru muri teritwari ya Masisi na Rutshuru, ibihumbi by’abaturage […]

Continue Reading

Nyuma yo gutsinda Sunrise FC, Rayon Sports ikomeje gusatira APR FC.

Rayon Sports nyuma yo Sunrise FC ibitego 2-0 mu buryo bworoshye, mu mukino w’umunsi wa 23 wa shampiyona wabereye kuri stade y’Akarere ka Nyagatare, bakunze kwita Goligota, ikomeza gusatira APR FC iri kumwanya wa mbere. Uyu mukino wabereye i Nyagatare ejo tariki 03 Werurwe 2024, witabiriwe n’abafana benshi barimo aba Rayon Sports, biganjemo abaturutse i […]

Continue Reading