Ibintu by’ingenzi wamenya kuri Fossette, imico iranga abazifite ndetse n’inkomoko yazo.

Fossette twavuga ko ari nk’ akarango k’ ubwiza bukurura imbaga nyamwinshi ku bagafite, benshi batangaje ko turiya twobo tuza ku matama akenshi iyo umuntu asetse, ngo ni ikimenyetso Imana iba yarashyize kuri abo bantu cyerekana ko ari abanyamahirwe ibihe byose. Abantu bangana na 20% ni bo babarurwa by’ abafite utu twobo tuza ku matama iyo […]

Continue Reading

Rwamagana : Abantu batatu bahasize ubuzima mu mpanuka y’ikirombe cyaridutse.

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Werurwe 2024 mu masaha ya mugitondo abantu 6 bagwiriwe n’ikirombe; batatu muri bo barimo abagabo babiri n’umugore umwe bitabye Imana, abandi batatu barakomereka, bakaba bari kwitabwaho mu bitaro bya Rwamagana. Abakozi bagwiriwe n’ikirombe bakorera Kompanyi ya St Simon Metal icukura amabuye y’agaciro mu Mudugudu wa Rutaka mu Kagari […]

Continue Reading

Umutoza w’Amavubi Frank Spittler yavuze ko adakeneye Kwizera Olivier.

Umutoza mukuru w’ikipe y’Igihugu Amavubi, Frank Spittler yavuze ko nta mpamvu n’imwe yatuma ahamagara umunyezamu Kwizera Olivier kuko ntacyo arusha abo afite ubungubu. Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’itangamakuru agaruka ku Ikipe y’Igihugu yahamagaye yitegura imikino 2 ya gicuti, harimo uwa Madagascar uzaba tariki ya 18 Werurwe na Botswana tariki ya 25 Werurwe 2023, imikino […]

Continue Reading

Bruce Melodie yasubije mugenzi we The Ben uherutse kumusaba imbabazi.

Bruce Melodie, yasubije The Ben uherutse kumusaba imbabazi ku bw’indirimbo bashatse gukorana bikarangira itabayeho, amwibutsa ko akwiye gushyira imbaraga mu kazi bityo ntabe yaterwa ishema no kuvuga ko yahaye umwanya imikino mbere y’akazi. Ni ubutumwa uyu muhanzi yatambukije abinyujije ku mbuga nkoranyambaga za 1:55 Media, sosiyete imufasha mu bijyanye n’umuziki akora. Bruce Melodie yagize ati […]

Continue Reading

Inkangu mu Rwanda ituma habaho gusenyuka ku mipaka ya Kongo n’u Rwanda.

Umujyi wa Buhozi mu gace ka Kabare gaherereye mu majyepfo ya Kivu, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC), hafi y’umupaka w’u Rwanda, wongeye kugwa bitewe n’nkangu mu minsi ibiri ishize. Iyi mpanuka nshya yibasiye uruzi rwa Ruzizi n’umusozi wa Nyamagana muri DRC. Sosiyete sivile yo mu karere irahamagarira ingamba z’umutekano zongerewe kugira ngo ingabo z’amahanga […]

Continue Reading

Amatora mu Burusiya yatangiye ariko biri kuvugwa ko Putin byanze bikunze azatsinda

Uburusiya bwatangiye iminsi itatu yo gutora ku wa gatanu mu matora y’umukuru w’igihugu ariko byanze bikunze byongerera ubutegetsi bwa Perezida Vladimir Putin indi myaka itandatu nyuma yo guhagarika abatavuga rumwe n’ubutegetsi. Nibura habaruwe byibuze kimwe cya kabiri cy’ibikorwa byo kwangiza ku biro by’itora, harimo nko gutwika umuriro ndetse n’abantu benshi basuka amazi y’icyatsi mu dusanduku […]

Continue Reading

Impunzi ziri muri Uganda ni 3,6% by’abaturage bayo

Uganda ifite inkambi nini y’impunzi muri Afurika, miliyoni 1.6. Kurenza inshuro ebyiri abo mu muryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi, nkijanisha ryabaturage bayo. Ariko igabanuka ry’amafaranga rishobora gushyira mu kaga impunzi ziri muri iki gihugu. Impunzi nyinshi zikomoka mu gihugu cy’abaturanyi cya Sudani yepfo na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, icyateye aba bantu guhunga ibihugu byabo biterwa […]

Continue Reading

Perezida Kageme yagize Dr Bagabe Cyubahiro, Umuyobozi mukuru wa RICA.

None kuwa 15 Werurwe 2024, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashyize Dr Bagabe Cyubahiro ku mwanya w’umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge. Mu itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe ryagiraga riti “Ashingiye ku biteganywa n’itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 112, None kuwa 15 Werurwe […]

Continue Reading

Abakobwa baba mu gisirikare cy’u Rwanda basabiwe uburenganzira bwo gukorerwa ubukwe kimwe na basaza babo.

Minisitiri w’Ingabo Murizamunda Juvenal yasabiye abakobwa baba mu nshingano z’umutekano w’Iguhugu {Ingabo z’u Rwanda} ko bajya bafashwa cyane ku ngingo ijyanye no kubaka ingo zabo. Ubu burenganzira abakobwa baba mu ngabo z’igihugu babusabiwe na Juvenal ubwo yari imbere y’Inteko Ishinga Amategeko kuri uyu wa Kane tariki 14 Werurwe 2024, maze akabazwa ku bijyanye n’uburenganzira bw’abasirikare […]

Continue Reading

FERWAFA Yasabye amakipe afashwa n’uturere kwicutsa, agashakira ubufasha ahandi.

FERWAFA yasabye amakipe ahabwa ubufasha n’uturere akomokamo kugerageza kwirwanaho mu buryo bw’ubushobozi n’amikoro nyuma yuko bigaragaye ko nubundi hari amakipe akomeza kugaragaza ibibazo by’amikoro nyamara yitwa ko afashwa n’utwo turere. Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryasabye amakipe ashamikiye cyangwa afashwa n’uturere mu buryo bumwe cyangwa ubundi, gushaka ubundi buryo bwo kwinjiza amafaranga kuko inkunga […]

Continue Reading