Australia : Imiserebanya 257 n’inzoka 3 byafatiwe mu mukwabo wa Polisi, Bigiye koherezwa nka magendu mu mahanga.

Amakuru Mu mahanga. Ubworozi Utuntu n'Utundi

Urwego rw’umutekano rwa Police y’Igihugu ya Australia bwatangaje ko bwafashe imiserebanya n’utundi dusimba mu mukwabo wakozwe mu gihe umutwe w’abagizi ba nabi wateganyaga kutwohereza mu mahanga mu buryo butemewe n’amategeko.

Itegeko nshinga rya Repubulika ya Australia rivugana ko ibisimba by’amavuko muri Australia byumwihariko mu gace ka Hong Kong ni mu gihe kandi Polisi yo muri New South Wales ivuga ko ibikururuka hasi byose byari bifite agaciro ka $ 1.2m (£ 633.000; $ 805.000).

Abagabo batatu n’umugore umwe nibo batawe muri yombi mu mujyi wa Sydney, Aho Abapolisi bafashe imiserebanya n’utundi dusimba biva inda imwe 257 n’inzoka eshatu, Nyuma yo gushimutwa na barushimusi bakazifungirana ahantu hato kandi hakonje cyane bashaka kuzica ngo bazigemuremo imari mu mahanga, Kugea ubu zahise zisubizwa muri pariki yazo kuba babitswe nabi yo mu gasozi.

Muri Nzeri umwka ushize, Nabwo Polisi yashyizeho itsinda rishinzwe iperereza ku bakekwaho kwinjiza magendu muri Nzeri nyuma yuko inzoka 59 nzima zafatiwe mu bikoresho icyenda bito byerekeza i Hong Kong, Abapolisi bakoze ibitero byinshi muri New South Wales mu byumweru bike bishize bagamije gufata izo nyamanswa zo mu bwoko bw’ibikururanda.

Mu rugo rumwe rwa rushimusi i Sydney, hafatiwe ibisimba 118, inzoka eshatu, amagi umunani n’inzoka 25 zamaze gupfa, Ndetse iperereza rikomeje riza kwerekana ko mu cyaro cya Grenfell hahishwe ibindi bisimba bine by’ibikururanda mu mifuka.

Babiri muri abo bagabo bangiwe ingwate nyuma yo kwitaba urukiko mu mpera z’icyumweru, Ikigega mpuzamahanga cyita ku bidukikije (WWF) kivuga ko mu myaka ya vuba aha, Hong Kong yakunze kurangwamo cyane ubucuruzi mpuzamahanga bw’inyamaswa zitandukanye.

Muri 2021 kandi, Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara na ADM Capital Foundation bwerekanye ko mu gihe cy’imyaka itanu ishize, miliyoni enye z’inyamaswa nzima zituruka mu bihugu 84  bitandukanye ku migabane itandukanye zinjijwe muri uyu mujyi wa Sydney muri Australia, Ahanini hanagamijwe kubungabunga ubuzima bwazo no guha agaciro ibiremwa nk’ibyo by’Inyamanswa.

 

 

 

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *