Uganda: Faith Patricia Ariokot yamamaye ku isi hose kubera kumara umwanya munini ahobeye igiti.

Ariokot atangiye gushakisha uko yakwandikwa mu gitabo cy’uduhigo ku ya 29 Ukuboza 2023, Ariokot yari amaze kugerageza ku ya 8 Ukuboza ariko ahura n’ibibazo bike birimo amakosa ya y’ibikoresho bifata amashusho. Ibi akaba nanone tabikorera ngo kugira ngo ace agahigo gusa ahubwo akaba avuga ko afite umushinga witwa “Faith In Tree” ugamije kwigisha abantu no […]

Continue Reading

Impamvu 5 z’ingenzi zituma ingo nyinshi zitaramba.

Zimwe muri izi mpamvu benshi mu bakundana bazifata nk’utuntu duto tworoshye nyamara dusenya ingo mu gihe gito cyane kandi buri wese atabicyekaga kubera kutabyitaho no kubyoroshya. 1. Gushinga urugo ku mpamvu zipfuye : Buriya si buri wese uzabona yashatse umugore cyangwa umugabo kubera ko ari ibintu yifuje cyangwa yahoze apanga kuva cyera, Ahubwo hari na […]

Continue Reading

Ubuzima: Tandukana burundu n’indwara zo mu kanwa niz’amenyo zikomeje kuzahaza benshi.

Kwita ku ku isuku yo mu kanwa ndetse no gusuzumisha indwara z’amanyo ni inshingano ya buri wese Kandi zakabaye ingamba dufata dushyizem imbaraga kuko bishoboka Kandi zivurwa zigakira ariko kandi zikazahaza cyane abazirwaye. Ku munsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku isuku yo mukanwa uba tariki ya 20 Werurwe buri mwaka, Ikigo cy’Igihugu cyita ku Buzima (RBC), […]

Continue Reading

Hamenyekanye ahantu hagenwe kuzatutikirizwa ibishashi by’umuriro, Mu gusoza umwaka wa 2023.

Hamenyekanye ahantu hagenewe kuzaturikirizwa ibishashi by’umuriro {Fireworks} zo gusoza umwaka wa 2023 bikazakorwa mu ijoro ryo kuri icyi cyumweru tariki rishyira kuwa mbere tariki ya 1 Mutarama 2024. Mu itangazo ryashyizwe hanze n’Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali ryagaragaje ahantu hateganjiwe kuzarasirwa ibi bishashi mu buryo bwa rusange bisanzwe bikorwa mu rwego rwo gusoza ku mugaragaro umwaka […]

Continue Reading

“Kigali Boss Babes” Yigaramye ibyo kuba yicuruza benshi bayitekerezaho.

Itsinda rya Kigali Boss Babes rigizwe n’abakobwa 6 ryavuye imuzi ibibazo byose bijya bibibazwaho mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kane tariki 28 Ukuboza 2023 giteguriza igitaramo cyabo. Bimwe muri ibibazo birimo n’ibyakazi bakora gatuma bafatwa nk’abanyamafaranga, Maze umunyamakuru umwe abajije niba baba bakora ubucuruzi bw’imibiri yabo buzwi nk’uburaya bugurisha Uwitwa Aliah Cool ntiyabyishimiye ku […]

Continue Reading

Russia : Indege y’abagenzi yisanze yaguye mu nyanja y’urubura, ku makosa y’umupirote.

Indege itwara abantu bagera kuri 34 ubu irafatwa mu ndege nke zimaze kugera ku Nyanja y’urubura mu burasirazuba bw’Uburusiya kubw’Amakosa y’umu Pirote wayo wagize uburangare. Muri iyi mpanuka y’indege ya Polar Airlines idakanganye nta muntu n’umwe wakomeretse, Ni indege yo mu bwoko bwa Polar Airline yakozwe mu gihe cy’Abasoviyeti Antonov An-24 ikaba yakoze iyi mpanuka […]

Continue Reading

Umugabo w’Umuyapani wigize imbwa ‘ntashaka kubaho ubuzima bw’imbwa’

Umugabo w’Umuyapani wakoresheje amadorari 14K ni ukuga arenga Million 14 z’amanyarwanda ayo yose yayakoresheje akoresha imyambara imugaragaza nk’imbwa nkuko murabibona ku ifoto. “batamenyeshejwe nabi” niba batekereza ko ashaka kubaho nkimbwa. Ku ya 21 Nyakanga, amashusho y’umugabo wambaye ikositimu cyangwa imyambaro ituma bamwe babona ko iri mu ishusho y’imbwa ya collie yazengurukaga mu mihanda ya Tokiyo […]

Continue Reading

The Ben avuye imuzi Ibijyanye n’indirimbo ye yakuwe kuri Youtube atanga icyizere ko isubiraho.

Indirimbo y’umuhanzi The Ben yari aherutse gukora irimo n’umugore we Pamella UWICYEZA mu mashusho yayo yamaze gukurwa kuri Youtube ku bw’impamvu zinyuranye yarezwe zatumye ikurwa kuri uru rubuga. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, tariki 25 Ukuboza 2023, Nibwo iyi indirimbo ‘Ni Forever’ ya The Ben yakuwe ku rubuga rwa YouTube, Ishinjwa gukoreshwa nk’igihangano […]

Continue Reading

Uganda: Inyama zabaye nk’ibishyimbo byo mu Rwanda.

Mu minsi mikuru ahantu hamwe na hamwe haba hari ibirori bitandukanye, bamwe baba biteguye mu minsi mikuru ya Noheli ndetse n’ubunane. Uyu munsi rero Umurava News ukubereye i Bugande aho kurubu inyama itari kuva ku munwa w’umuntu uri muri iki gihugu gituranye n’u Rwanda kikaba kandi igihugu kizwiho kugira imirire itandukanye. Umunyamakuru wacu, Kuwa Gatanu […]

Continue Reading

Yago yongeye kwibasirwa mu ndirimbo nshya ihuriwemo n’ibyamamare bitandukanye birimo Dj Brianne na Rocky Kimomo.

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi uzwi ku izina rya Yago PonDat yongeye kwibasirwa mu ndirimbo nshya yiswe ‘Pressure’ ihuriwemo n’ibyamamare  bitandukanye birimo Dj Brianne, Rocky Kimomo, Junior Rumaga, Sean Brizz, Ddumba n’abandi. Hashize iminsi hacicikana inkuru zitandukanye ku mbuga nkoranyambaga zivuga ku makimbirane ari hagati y’umuhanzi Yago na Dj Brianne, buri umwe avuga ibye n’undi akavuga ibye […]

Continue Reading