Urutonde rw’Abaherwe 10 ba mbere muri Afurika mu ntangiriro z’Umwaka wa 2024.

Business Insider Africa, itanga amakuru y’ubucuruzi muri Afurika yerekana yerekanye urutonde rw’abaherwe ba mbere mu mwaka ushize kugeza muri izi ntangiro za 2024 kuri Forbes. Uru ni rutonde rw’Abantu 10 ba mbere bakize muri Afurika mu ntangiriro za 2024, Forbes ishyiraho uru rutonde kandi ikanarusubiramo mu gihe habayeho impinduka umunsi ku munsi ku Isi yose […]

Continue Reading

California : Umuhungu w’imyaka 14 yivuganye ababyeyi be akoresheje intwaro nyinshi anakomeretsa mushiki we.

Muri Leta zunze ubumwe za Amerika mu mujyi wa California, Umwana w’umuhungu ukiri muto yivuganye ababyeyi be akoresheje intwaro ndetse anakomeretsa umuvukanyi we w’Umukobwa. Ibi byabereye muri Leta zunze ubumwe za Amerika mu mujyi wa Californiya, Aho Polisi ivuga ko umuhungu w’imyaka 14 muri Californiya ngo yakoresheje ‘intwaro nyinshi’ mu kwica ababyeyi, gukomeretsa mushiki we […]

Continue Reading

Umuhanzi Kenny Sol yasezeranye imbere y’Amategeko na Kunda Alliance Yvette {Amafoto}

Mu ibanga rikomeye cyane, Umuhanzi Kenny Sol yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi  we bitegura kurushinga Kunda Alliance Yvette kuri uyu wa gatanu tariki ya 5 Mutarama 2024. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 5 Mutarama 2024, Nibwo Rusanganwa Norbert wamamaye cyane nka Kenny Sol yasezeranye imbere y’Amategeko n’Umukunzi we Tunga Alliance Yvette nyuma […]

Continue Reading

Dore impamvu uhora wisanga mu rukundo n’abantu bafite ibikomere, byamara gukira bagasiga bakwangirije umutima.

Urukundo ni ingingo itajya ivugwaho rumwe, cyane ko usanga abenshi baba batanazi kurutandukanya n’amarangamutima asanzwe, Urukundo n’amarangamutima ni ibintu bibiri bishobora kukwangiriza umutima bikawushengura igihe wabikoresheje nabi.  Abantu benshi bisanga batwawe n’amarangamutima bakibwira ko bari mu rukundo, niho usanga wakunze uwo mudakwiranye, rero kuko amarangamutima ari kintu gihindagurika, uyumunsi wiyumva neza ejo ukiyumva nabi, niyo […]

Continue Reading

Japan : Urugamba rwo gushakisha abarokotse umutingito, ruracyajya mbere mu gihe ibindi bikorwa byinshi byafunzwe mu masaha 72.

Inkeragutabara zo mu Buyapani zirimo zifite urugamba rukomeye rwo gushakisha hasi hejuru abaturage baba baburiwe irengero mu mutingito wibasiye iki guhugu kuwa mbere tariki ya 1 Mutarama 2024, Mu gihe n’ibikorwa bimwe na bimwe byabaye bifunzwe kugirango habanze gukorwa uwo murimo w’ubutabazi. Amakuru atangazwa na minisiteri y’ubuzima mu Buyapani avuga ko nibura abantu basaga 77 […]

Continue Reading

Kigali : Hagiye kubakwa inyubako ya rurangiza izajya yakira imikino ikinirwa mu nzu.

Mu Rwanda mu Mujyi wa Kigali hagiye kubakwa indi nyubako yo gufasha mu bijyanye n’imyidagaduro ikunganira BK Arena yari isanzwe ikorerwamo ibi bikorwa ariko ikagora benshi mu buryo bw’Ubushobozi. Iyi nyubako igiye kubakwa ngo ikazaba ifite ubushobozi bwo kwakira imikino ikinirwa imbere mu nzu bityo ikazafasha abakina indi mikino itandukanye n’umukino w’umupira w’amaguru n’indi yose […]

Continue Reading

Mu Bugesera hunvikanye inkuru y’umugabo usheta umugore we bagacucura abagabo utwabo.

Mumurenge wa Rilima mu karere ka Bugesera hunvikanye inkuru y’umugabo n’umugore bakomeje gucucura abagabo utwabo, nyuma yo gushukwa bakaza murugo bamara kugera mucyumba bikababyarira amazi nkibisusa. Iyi nkuru yabaye kimomo ubwo abaturanyi bakomeje kumva induru za hato na hato murugo rw’umuturanyi bajya kureba bagasanga n’umugabo bafatiriye bamushinja ko yasambanyije uyu mugore. Baragira Bati uyu mugore […]

Continue Reading

Japan: Abantu 5 baguye mu mpanuka y’indege yafashwe n’inkongi y’umuriro igonganye n’indi.

Abantu batanu bari mu ndege y’Abayapani bapfuriye mu mpanuka y’ingede zagonganye ku kibuga cy’indege cya Haneda muri Tokiyo. Indege irinda inkombe yagombaga gutanga imfashanyo mu turere twibasiwe n’umutingito wahitanye abasaga ibihimbi n’ibihumbi, kuri uyu wa mbere tariki ya 1 Mutarama 2024, Isosiyete y’indege yavuze ko abantu 379 bose bari mu ndege yatwitse Japan Airlines bimuriwe […]

Continue Reading

Amayeri yagufasha kuzahirwa no kugera neza  ku ntego wihaye muri 2024.

2023 irarangiye kandi irangiranye na byinshi bitagezweho kuri benshi nkuko bisanzwe bibaho, 2024 iratangiye Abantu benshi batangiye gufata ibyemezo n’ingamba nshya, Ariko ibyo abantu batazi, ndese icyo benshi bananiwe kumva neza ni uko iyo myanzuro rimwe na rimwe idakora bitewe. Ubushakashatsi bwerekanye ko hafi 80% y’iyi myanzuro abantu biha iyo umwaka utangiye ikunze gutangira kunanirana […]

Continue Reading

Haruna Niyonzima yatunguwe na Bagenzi be bakinana bamwifuriza isabukuru nziza y’amavuko. {Amafoto na Videwo}

Umukinnyi w’ibihe byose mu mupira w’amaguru mu Rwanda no hanze yarwo, Niyonzima Haruna, yahawe ibyishimo bidasanzwe na bagenzi be muri Al-Taawon Ajdabiya SC akinira muri Libya. Haruna Niyonzima wabaye kapiteni w’ikipe y’igihugu amavubi ndetse agakinira n’izindi kipe zikomeye muri Africa nka Young Africans, APR Fc, AS Kigali n’izindi yatunguwe na bagenzi be bakinana muri AL-Taawon […]

Continue Reading