Nyabugogo umu-agenti wa MTN Ari mumazi abiri nyuma yo guhambwa amafaranga n’umuzunguzayi ngo amutere Inda ntabikore.

Inkuru nkizi zikunze kumvikana aho hari abasore barya amafaranga y’inkumi barangiza bakabigarama, rimwe na rimwe ugasanga bibaviriyemo n’urupfu. Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki 09 Mutarama 2024, nibwo Nyabugogo habyukiye inkuru y’umu agent wa MTN wagiye mumazi abira ashinjwa kurya  amafaranga angana nibihumbi 100 y’u Rwanda y’umuzunguzaye yamuhaye ngo amutere inda yarangiza akamutenguha, […]

Continue Reading

Ni iyihe mpamvu ituma Abanyafrika aribo berekana kwemera Yesu kuruta ahandi hose ku isi?

Yesu Kirisitu yabayeho mu myaka 2023 ishize. Imyemerere ya Gikirisitu ni we ikomokokaho. Uyu mugabo wavukiye mu muryango w’Abayahudi, ariko aba ntibamwemera nk’intumwa y’Imana, nubwo bahuje amaraso nawe. Bamufata nk’umuntu wabayeho kuko batamwambaza nk’uko Abakirisitu babigenza. Imyemerere ya Gikirisitu yasakajwe n’Abaromani, ikwira mu Burayi, ndetse iza gukwizwa no mu bindi bice by’Isi, cyane cyane mu […]

Continue Reading

Urugi rw’Indege Boeing 737 MAX 9 yataye iri mu kirere igasubira guparika ikitaraganya rwamaze kuboneka.

Abashinzwe iby’indege barimo gukora iperereza ku mpanvu indege ya Alaska Airlines Boeing 737 MAX 9 yatakaje igice cyayo cy’urugi rwa fuselage, Nyuma y’iminota itandatu ihagurutse i Portland, Oregon, ikananirwa guhagarara bikarangira itegetswe kwihutira kumanuka ngo iparikike ku kibuga. Ibi byabaye kuri uyu wa gatanu tariki ya 5 Mutarama 2024, Ubwo iyi ndege yahagurukaga ku kibuga […]

Continue Reading

Igisasu cya Vulcan cya Amerika cyoherejwe mu kwezi gutwara ubutumwa buzahagera mukwa 2.

Icyogajuru cya mbere cya roketi ya Vulcan muri iki gitondo cyo kuwa mbere cyatangije urugendo rw’ukwezi rwo gutwara ubutumwa bwiswe “Peregrine” biteganijwe ko buzagera neza ku kwezi kuwa 23 Gashyantare 2024. Ku isaha ya saa satu n’iminota 10 Nibwo harimo hategurwa igisasu {Rocket} cya Vulcan cyo gutangiza urugendo rwo koherezwa mu isanzure muri Cape Canaveral […]

Continue Reading

Australia : Imiserebanya 257 n’inzoka 3 byafatiwe mu mukwabo wa Polisi, Bigiye koherezwa nka magendu mu mahanga.

Urwego rw’umutekano rwa Police y’Igihugu ya Australia bwatangaje ko bwafashe imiserebanya n’utundi dusimba mu mukwabo wakozwe mu gihe umutwe w’abagizi ba nabi wateganyaga kutwohereza mu mahanga mu buryo butemewe n’amategeko. Itegeko nshinga rya Repubulika ya Australia rivugana ko ibisimba by’amavuko muri Australia byumwihariko mu gace ka Hong Kong ni mu gihe kandi Polisi yo muri […]

Continue Reading

Umunyabigwi Maria Yohana na Victor Rukotana bakoze mu nganzo mu bukwe bwa Kimenyi Yves. {Amafoto}

Umukinnyi wa AS Kigali, Kimenyi Yves yasabye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 6 Mutarama 2024, Yasabye anakwa Uwase Muyango Claudine mu muhango uri kubera mu Karere ka Gasabo mu murenge Gisozi ahazwi nka Romantic Garden. KIMENYI Yves na MUYANGO Uwase bakoze imihango yo gusaba no gukwa, Nyuma yuko kuri uyu wa gatanu tariki ya […]

Continue Reading

Cecil imbwa yisengereye irya amadorari $4,000, Dore uko ba nyirayo bisubije ayo mafaranga.

Ntibisanzwe Imbwa yitwa Cecil yihereranye amafaraariye ibyo kurya bihenze cyane bihagaze amafaranga asaga $4,000 yose muri Leta zunze Ubumwe za Amerika muri Pittsburgh. Umuryango umwe muri Leta zunze Ubumwe za Amerika mu mujyi wa Pittsburgh, ufite Imbwa ya finicky wahuye n’agashya, Nyuma yuko imbwa yabo bakunda cyane yihereranye amafaranga yabo ikayarya asaga $4,000 ikayarya nk’ibiryo […]

Continue Reading

Vaticani yasohoye itangazo rishyira umucyo ku cyemezo cya Papa cyo guha umugisha abatinganyi.

Mu kwezi gushize isi yabaye nkigwiriwe n’ishyano ubwo Papa yatangazaga ko bidakwiriye guheza igice kimwe cyabantu mu gihe cyo gutanga umugisha muri kiriziya gatulika. Muri iyo minsi kandi ni nabwo yavuze ko ababana bahuje ibitsina badakwiye kwimwa umugisha cyangwa kwangirwa gusezerana imbere y’Imana ngo kuko nabo ari ibiremwa nk’abandi bose. Iki cyemezo rero cyasamiwe hejuri […]

Continue Reading

LIVE : Mu mafoto kurikira uko ubukwe bwa Kimenyi Yves na Muyango, buri kugenda.

Umukinnyi wa AS Kigali, Kimenyi Yves yasabye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 6 Mutarama 2024, Yasabye anakwa Uwase Muyango Claudine mu muhango uri kubera mu Karere ka Gasabo mu murenge Gisozi ahazwi nka Romantic Garden. KIMENYI Yves na MUYANGO Uwase bakoze imihango yo gusaba no gukwa, Nyuma yuko kuri uyu wa gatanu tariki ya […]

Continue Reading

Urukiko rw’Ikirenga rwemeye gutanga umwanzuro, niba Trump ashobora kubuzwa gukomeza imirimo yo kwiyamamaza.

Urukiko rw’Ikirenga rwo muri Amerika rwavuze ko ku wa gatanu ruzasuzuma icyemezo cy’urukiko rw’ikirenga rwa Colorado kidasanzwe cyo gukuraho uwahoze ari Perezida Donald Trump mu bikorwa byo kwiyamamaza muri iyo ntara. Nyuma na nyuma Urukiko rw’Ikirenga rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rwamaze kwemeza ko rugiye gusuzuma ubujurire bwa Perezida Donald Trump, Nyuma y’uko yari […]

Continue Reading