Tanzania : Benengango binjiye mu rusengero rufatwa nk’ahantu hatagatifu, Bakukumba amaturo agera kuri miliyoni 3.

Muri Tanzaniya haravugwa inkuru y’ibisambo byihandagaje bikinjira mu rusengero bigakukumba amaturo yose abarirwa muri Miliyoni eshatu z’Amashilingi ya Tanzaniya. Ibi byabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 12 Mutarama 2024, mu rusengero rw’Itorero ry’Abaruteri, Aho Abajura bataramenyekana binjiye maze bakiba miliyoni eshatu z’Amashilingi ya Tanzania ndetse na Mudasobwa ntoya. Abumvishe cyangwa se […]

Continue Reading

Urubanza rwa Kazungu Denis rwongeye gusubikwa, ku mpamvu z’umwanya muto wo kwitegura urubanza.

Urubanza rwa Kazungu Denis rwongeye gusubikwa kuri uyu wa gatanu tariki ya 12 Mutarama 2024, Nyuma yuko rwari rwasubitswe kuwa gatanu ushize tariki ya 5 Mutarama 2024. Ku mpamvu zo kutabona umwanya uhagije wo kwitegura yatazwe n’uwunganira Kazungu Denis mu mategeko, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasubitse urubanza Ubushinjacyaha buregamo Kazungu Dennis ku nshuro ya gatatu. […]

Continue Reading

CAF yatumijeho Kanga Kaku gusobanura uko yavutse nyuma y’imyaka 4 nyina apfuye.

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afrika CAF ryatumijeho umukinnyi witwa Kanga Kaku, ngo asobanure uko yavutse nyuma y’imyaka 4 nyina apfuye. N’amayobera kubona umuntu abeshya ikinyoma nkiki ndetse cyikimikwa atitaye kungaruka kizamugiraho ejo hazaza. Ibinyamakuru bitandukanye birimo Bein Sports, byagaragaje ko ibyangombwa bya Kanga Kaku, bigaragaza ko yavutse tariki ya mbere Nzeri mu 1990, avukiye ahitwa […]

Continue Reading

RUSIZI: Uwari umuyobozi ushinzwe amasomo, Inzoga zamwubikiye imbehe.

Umunyarwanda ati “uyikura mu kibindi ikagukura mu bagabo” uyu mwalimu wo mu Karere ka Rusizi nawe niko byamugendekeye yayikuye mu icupa imukura ku kazi. I Rusizi humvikanye inkuru y’umugabo witwa Karekezi Maurice Joseph, wakoreraga mu kigo cy’ishuri mu Murenge wa Gitambi, waranzwe n’imyitwarire idahwitse mu bihe bitandukanye, irimo ubusinzi bigatuma yimurirwa mu kigo cy’ishuri cya […]

Continue Reading

Ecuador : Agatsiko k’amabandi kinjiye muri Sitidiyo za Televisiyo gatoteza abanyamakuru bose.

Byari ibikomeye cyane, Abanyamakuru bagize ubwoba bukomeye bahatirwa gupfukama muri sitidiyo ya televiziyo n’abitwaje imbunda n’izindi ntwaro zikomeye, kamera zazengurutse zerekana buri kimwe gusa ntacyo byatanze kuko n’abapolisi ubwabo baharaniye gukiza amagara yabo. Muri Ecuador humvikanye inkuru itangaje y’agatsiko k’amabandi kahagaritse umutekano mu gihe cy’umunsi wose, Kuri uyu wa gatatu nibwo aka gatsiko k’amabandi yitwaje […]

Continue Reading

Nyina wa Melania Trump, Amalija Knavs, yapfuye ku myaka 78.

Ku ya 9 Mutarama, uwahoze ari umudamu wa mbere yatangaje urupfu rwa nyina, umwimukira wo muri Siloveniya akaba yarahoze akora mu ruganda rukora imyenda. Ku ya 9 Mutarama, Melania Trump, ufite imyaka 53, yanditse kuri X ati: “Nababajwe cyane no gutangaza urupfu rwa mama nkunda cyane, Amalija.” ” Uyu mugore w’uwahoze ari Perezida wa Leta […]

Continue Reading

Abakarasi b’amamodoka bakurubana abagenzi bagiye gufatirwa ingamba.

Hirya no hino mu magare usanga abakarasi bakurubana umugenzi bamurwanira n’abandi bikagera naho usanga bamuhindanyije. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburasirazuba, CP Twizeyimana Hamdun yatanze ubutumwa ny’uma y’aho hirya no hino muri gare hagaragaramo abakarasi barwanira abagenzi bashaka kubajyana mu kigo bakorera. Uyu muvugizi wa polisi yaburiye abarwanira abagenzi bikageza aho babanduza rimwe […]

Continue Reading

Kayonza : Ubuyobozi bwahagurukiye Abiyise “Itorero Abadakata Hasi” rikomeje kwigomeka kuri gahunda za Leta.

Mu Karere ka Kayonza, Umurenge wa Kabare haravugwa inkuru y’abaturage bihuje bagakora itsinda bise “Itorero Abadakata Hasi” banze kumvira zimwe muri gahunda z’Ingenzi za Leta. Amakuru aravuga ko Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kabare bwahagurukiye iki kibaho bugatangira gukora umukwabo wo gushakisha abasengera muri iryo torero ryiyise “Abadakata hasi” batemera gukurikiza gahunda za Leta zirimo kujyana abana […]

Continue Reading

Kuki Yorodani ari kimwe mu bihugu bigifite ubwami? Ni gute ubu bwami bukora?

Politiki ya Yorodani ibera mu rwego rw’ubwami bw’abadepite, aho Minisitiri w’intebe wa Yorodani ari umuyobozi wa guverinoma, ndetse n’amashyaka menshi. Yorodani ni ubwami bugendera ku itegekonshinga bushingiye ku itegeko nshinga ryatangajwe ku ya 8 Mutarama 1952. Umwami akoresha ububasha bwe abinyujije muri guverinoma yashyizeho ishinzwe Inteko Ishinga Amategeko. Bitandukanye n’ubwami bwinshi bw’abadepite, ubwami bwa Yorodani […]

Continue Reading

Dore impamvu akenshi nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina, Umukobwa ariwe usigara yiruka ku muhungu.

Ubusanzwe mu miterere karemano y’umuhungu n’umukobwa ni abantu batandukanye cyane yemwe no mu buryo bafatamo ibintu usanga bidahura na gato ahubwo ugasanga ni abantu bakunze gusa n’abahanganye cyangwe bahiganwa. No mu rukundo rero ni kimwe, Umugabo akunda ibigararira Amaso, naho umugore agakunda iby’amarangamutima cyane, Niyo mpamvu usanga abasore benshi bazi kuvuga utugambo turyohereye,  aribo bigarurira […]

Continue Reading