Uganda: Inyama zabaye nk’ibishyimbo byo mu Rwanda.

Mu minsi mikuru ahantu hamwe na hamwe haba hari ibirori bitandukanye, bamwe baba biteguye mu minsi mikuru ya Noheli ndetse n’ubunane. Uyu munsi rero Umurava News ukubereye i Bugande aho kurubu inyama itari kuva ku munwa w’umuntu uri muri iki gihugu gituranye n’u Rwanda kikaba kandi igihugu kizwiho kugira imirire itandukanye. Umunyamakuru wacu, Kuwa Gatanu […]

Continue Reading

Inkuru y’urukundo rwa Cedric na Grace (Igice cya 4)

Telephone ya Cedric yakomeje kwanga gucamo, n’uko Grace bimutera ikibazo, ariko ntiyabitindaho ahaha ibyo bamutumye maze asubira murugo. Nuko Grace ageze murugo arongera ahamagara ya numero, nanone yanga gucamo!  Grace biramushobera noneho atangira kwigunga cyane. Mama Grace, Abona Grace yicaye yigunze, maze aramwegera, aramubaza ati  “Ese mwana wanjye nibiki wahuye nabyo iyo uvuye mumugi ko […]

Continue Reading

Inkuru y’urukundo rwa Cedric na Grace (Igice cya 3)

Umukobwa mugihe yari aherekeje Cedric, bari gusezeranaho yibaza utubazo twinshi, Uyu muhungu ndamukunda!, Agiye ntabimubwiye, namutinye, Mama yambujije, umuhungu nawe ntari kuvuga yacecetse nkange, none ntana numero ya telephone mwatse? Nuko basezeranaho, Cedric ariko, akabona grace hari nk’ikintu ashaka kumubwira. Cedric: Grace mukobwa mwiza ko mbona utameze neza bite? Grace: Meze neza ntakibazo. Ubwo Grace […]

Continue Reading

Inkuru y’urukundo rwa Cedric na Grace (Igice cya 2)

Cedric aho yari aryamye ntiyasinziriye yaraye atekereza ku mukobwa mwiza wemeye kumufasha. Na Grace ntiyasinziriye yaraye atekereza ku muhungu mwiza yiboneye kumuhanda yabuze aho yerekeza. Bararyamye buracya, Mama wa Grace arabyuka, akora uturimo two murugo dukeya nuko bigeze i saa tatu Grace atarabyuka na Cedric atarabyuka. Mama wa Grace biramucanga kuko yarasanzwe azi ko Grace […]

Continue Reading

Niki wakora igihe umukozi akubwira ko umugabo wawe ahora amusaba ko baryamana?

Iyo umukozi wo mu rugo akwibwiriye ko umugabo wawe amusaba ko baryamana biba ari ibihe bitoroshye uba ugomba kwitondamo kugirango bitagira ingaruka mbi ku rugo rwanyu. Nyuma yo kuganira n’umukozi wo mu rugo birukanye azira ko yabwiye nyirabuja ko umugabo we amusaba ko baryamana, twegereye umujyanama mu by’ingo atubwira uko wabyitwaramo biramutse bikubayeho : Umukozi […]

Continue Reading

Dore ibintu biranga umugore ukunda umugabo we

Iyo umugore aklunda umugabo wari imyitwarire simusiga imuranga haba mu buryo yitwara kuriwe n’ibikorwa akora. Dore bimwe mu bintu by’ingenzi biranga umugore ukunda umugabo we : Yumva akumbuye umugabo we nyuma y’igihe gito : Iyo umugore ankunda umugabo we uzasanga igihe adahari yumva amukumbuye umunsi umwe udahari akumva wamubererye igihe kirekire. Ahora ashaka udushya yakorera […]

Continue Reading

Inkuru y’urukundo rwa Cedric na Grace (Intangiriro) + IGICE CYA 1

Iyi ni inkuru ndende y’urukundo, ivuga ku rukundo rwa Cedric na Grace, Ikaba ari inkuru mpimbano ariko ivuga kubintu bibaho murukundo. Iyi nkuru bitewe n’ukuntu ari ndende izajya ibageraho mu byiciro bitandukanye (ibice) cg Episode mundimi z’amahanga. Iyi nkuru y’uruhererekane mukazajya muyikurikirana umunsi ku munsi hano ku kinyamakuru Umurava.com. INTANGIRIRO Cedric: Ni umusore mwiza uri […]

Continue Reading

Musore uritondere uyu mukobwa, Dore ibizakwereka ko agukundira amafaranga utunze

Buri musore cyangwa umugabo wese aba yifuza umukobwa wamukundira uwo ari we , atari uko amukurikiyeho ubutunzi cyangwa amafaranga atunze. Hanze aha hari ubwoko bwinshi bw’abakobwa:Hari abagukundira uko uri, uko uteye ,imico myiza n’ibindi. Hari abandi benshi ariko bakundira umusore kubera ubutunzi afite cyangwa amafaranga menshi ahembwa buri kwezi . Ibi ni ibimenyetso 7 Elcrema, […]

Continue Reading

Celine Dion ararembye cyane, Kugeza aho Ibice bimwe by’umubiri we biri guhagarara gukora.

Umuhanzikazi ufatwa nk’uwibihe byose wamamaye cyane mu ndirimbo za roho n’urukundo Celine Dion w’imyaka 55 y’Amavuko ukomoka mu gihugu cya Canada arembejwe cyane n’uburwayi amazemo umwaka n’igice ndetse amakuru akaba avuga ko byafashe indi ntera bigenda biba bibi kurushaho. Mu minsi ishize nibwo Celine Dion hari hatangajwe amakuru avuga ko ari kwitabwaho cyane ndetse asa […]

Continue Reading

Papa Francis yemereye za Kiliziya zose gusezeranya abahuje ibitsina nk’umugabo n’umugore.

Umuyobozi akaba n’umuyobozi wa Kiliziya Gatorika Papa Francis yatunguranye ahamya itegeko rye ryo kwemerera za Kiliziya gusezeranya abahuje ibitsina bakabana nk’umugabo n’umugore. Ibi byabaye kuri uyu  wa mbere, tariki ya 18 Ukuboza 2023, Ubwo umushumba akaba n’umuyobozi mukuru wa kiliziya Gatorika ku Isi, Papa Francis yemereraga abapadiri guha umugisha ababana bahuje ibitsina bivuye mu mpinduka […]

Continue Reading